Close MORE NEWS Ibya Theo Bosebabireba byasubiwemo yahagaritswe burundu muri ADEPR UMUBAVU.com admin Kuya 9-01-2018 saa 13:08' whatsapp Facebook Itorero ADEPR ryatangaje ko ryamaze guhagarika umuhanzi Uwiringiyimana Theogene bakunze kwita Bosebabireba akaba atakiri umukirisitu w’iri torero ndetse n’ibihangano bye ngo ntibizongera gukoreshwa muri ADEPR. Amakuru yo guhagarika umuhanzi Uwiringiyimana Theogene (Theo Bosebabireba) yemejwe na Pasitoro Rubazinda Callixte uyobora umudugudu wa Kicukiro Sell muri Paruwasi ya Kagarama ari na ho Uwiringiyimana Theo yabarizwaga. Pasitoro Rubazinda yadutangarije ko uyu muhanzi yahagaritswe burundu ndetse ko n’ibihangano bye bitemerewe gukoreshwa mu itorero ADEPR. Yagize ati: “Twaramuhagaritse kubera ko yakoze ibyaha, muri make twasanze yaraguye kandi tubimubajije na we arabitwemerera hanyuma tumubwira ko tumuhagaritse, ntabwo akiri umukirisitu wacu, azongera kuba umukirisitu wacu ari uko yamaze gusaba imbabazi itorero mu ruhame ndetse akanasaba imbabazi abo yahemukiye.” Twabajije Pasitoro Rubazinda icyo itorero rishingiraho rihagarika umukirisitu kuko yakoze ibyaha kandi bizwi ko kamere muntu ari icyaha, atubwira ko kugirango umuntu ahagarikwe mu itorero hari ibyaha umuntu akorera mu ruhame bigasa no kwihandagaza, ibyo ngo nibyo bituma ashobora guhagarikwa burundu mu itorero. Ibyo byaha ngo byitwa ibyaha by’umutima bikaba ari iby’uburyo butatu nkuko Pasitoro Rubazinda yabitubwiye agira ati: “Ibyaha twita iby’umutima birimo uburyo butatu: ‘Hari ibyaha by’ubusambanyi, ibyaha by’ubujura n’ibyaha byo kurwana, ibyo byaha tubifata nk’ibyaha by’umutima, ni ibyaha bigira ingaruka no kuri sosiyete umuntu abamo, ni ibyaha biba byakorewe mu ruhame.” Mu minsi ishize mu binyamakuru hacicikanye amakuru avuga ko uyu muhanzi yaba yarateye inda abakobwa ndetse ko afite abana barenze umwe yabyaranye n’abakobwa batandukanye. Twabajije Pasitoro Rubazinda niba mu byatumye Theo ahagarikwa harimo no kuba yarateye inda atubwira ko na byo birimo. Ati: “Bifite aho bihuriye, ibyo bintu birimo kuko twakoze iperereza dusanga ni ukuri kandi na we yarabitwemereye atubwira ko afite abana batatu yemera ko ari be, ariko ubundi twasanze yarakoze ibyaha bitandukanye biba ngombwa ko tumuhagarika.” Uyu mu pasitoro yatubwiye ko batabajije Theo niba abo bana yarababyaranye n’umugore umwe gusa ngo we ubwe yemeye ko afite abana batatu. Kugeza ubu ngo ibihangano by’uyu muhanzi ntabwo byemewe gukoreshwa mu itorero ADEPR nkuko Pasitoro Rubazinda yabidutangarije agira ati: “Ibihangano bye ntabwo twebwe muri ADEPR twemerewe kubikoresha kugeza igihe azasabira imbabazi.” Kuri iki cyumweru tariki 07 Mutarama 2018, Theo yakumiriwe ku muhango w’Igaburo ryera kuko atari umukirisitu w’itorero ADEPR. Twagerageje kuvugana n’umuhanzi Uwiringiyimana Theogene ngo atubwire uko yakiriye ibihano yahawe n’itorero yasengeragamo ntitwamubona ku murongo wa terefone kugeza ubwo twashyiraga iyi nkuru ku mugaragaro. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa RURU Kuya 11-01-2018 NASABE IMBABAZI Nzacahinyeretse j.pierre jaypizox Kuya 11-01-2018 Theo niba yarabikoze azasabe imbabazi yihane Niyihana abikuye kumutima niyo itorero ritamubabarira Imana izamubabarira Kandi yihangane. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ibya Theo Bosebabireba byasubiwemo yahagaritswe burundu muri ADEPR UMUBAVU.com admin Kuya 9-01-2018 saa 13:08' whatsapp Facebook Itorero ADEPR ryatangaje ko ryamaze guhagarika umuhanzi Uwiringiyimana Theogene bakunze kwita Bosebabireba akaba atakiri umukirisitu w’iri torero ndetse n’ibihangano bye ngo ntibizongera gukoreshwa muri ADEPR. Amakuru yo guhagarika umuhanzi Uwiringiyimana Theogene (Theo Bosebabireba) yemejwe na Pasitoro Rubazinda Callixte uyobora umudugudu wa Kicukiro Sell muri Paruwasi ya Kagarama ari na ho Uwiringiyimana Theo yabarizwaga. Pasitoro Rubazinda yadutangarije ko uyu muhanzi yahagaritswe burundu ndetse ko n’ibihangano bye bitemerewe gukoreshwa mu itorero ADEPR. Yagize ati: “Twaramuhagaritse kubera ko yakoze ibyaha, muri make twasanze yaraguye kandi tubimubajije na we arabitwemerera hanyuma tumubwira ko tumuhagaritse, ntabwo akiri umukirisitu wacu, azongera kuba umukirisitu wacu ari uko yamaze gusaba imbabazi itorero mu ruhame ndetse akanasaba imbabazi abo yahemukiye.” Twabajije Pasitoro Rubazinda icyo itorero rishingiraho rihagarika umukirisitu kuko yakoze ibyaha kandi bizwi ko kamere muntu ari icyaha, atubwira ko kugirango umuntu ahagarikwe mu itorero hari ibyaha umuntu akorera mu ruhame bigasa no kwihandagaza, ibyo ngo nibyo bituma ashobora guhagarikwa burundu mu itorero. Ibyo byaha ngo byitwa ibyaha by’umutima bikaba ari iby’uburyo butatu nkuko Pasitoro Rubazinda yabitubwiye agira ati: “Ibyaha twita iby’umutima birimo uburyo butatu: ‘Hari ibyaha by’ubusambanyi, ibyaha by’ubujura n’ibyaha byo kurwana, ibyo byaha tubifata nk’ibyaha by’umutima, ni ibyaha bigira ingaruka no kuri sosiyete umuntu abamo, ni ibyaha biba byakorewe mu ruhame.” Mu minsi ishize mu binyamakuru hacicikanye amakuru avuga ko uyu muhanzi yaba yarateye inda abakobwa ndetse ko afite abana barenze umwe yabyaranye n’abakobwa batandukanye. Twabajije Pasitoro Rubazinda niba mu byatumye Theo ahagarikwa harimo no kuba yarateye inda atubwira ko na byo birimo. Ati: “Bifite aho bihuriye, ibyo bintu birimo kuko twakoze iperereza dusanga ni ukuri kandi na we yarabitwemereye atubwira ko afite abana batatu yemera ko ari be, ariko ubundi twasanze yarakoze ibyaha bitandukanye biba ngombwa ko tumuhagarika.” Uyu mu pasitoro yatubwiye ko batabajije Theo niba abo bana yarababyaranye n’umugore umwe gusa ngo we ubwe yemeye ko afite abana batatu. Kugeza ubu ngo ibihangano by’uyu muhanzi ntabwo byemewe gukoreshwa mu itorero ADEPR nkuko Pasitoro Rubazinda yabidutangarije agira ati: “Ibihangano bye ntabwo twebwe muri ADEPR twemerewe kubikoresha kugeza igihe azasabira imbabazi.” Kuri iki cyumweru tariki 07 Mutarama 2018, Theo yakumiriwe ku muhango w’Igaburo ryera kuko atari umukirisitu w’itorero ADEPR. Twagerageje kuvugana n’umuhanzi Uwiringiyimana Theogene ngo atubwire uko yakiriye ibihano yahawe n’itorero yasengeragamo ntitwamubona ku murongo wa terefone kugeza ubwo twashyiraga iyi nkuru ku mugaragaro. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa militone bosco Kuya 11-01-2018 Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye Mubyukuri sukumuvugira theo Nawe Siwe Ahubwo Akwiye Amasebjyeshomeshi Kuko birenze Nkumuhanzi Uzwi Kandi Wamenyekanye Mubihugu Bitandukanye Bya Africa nahandi Arishebeje ariko niyihane Abisabire Imbabazi Mubyukuri Subwambere Mbonye Cg numva Uko Abantu Bakorera Imana Cg bayiririmbira Bagwa Mumutego Nkuwo Mubyukuri Theo aaasabe Imbabazi Abikuye kumutima Ndetse Naboyabyariye Bamubabarire Arega Iyisi dutuyemo Iraruhijee Imana Imubabarire Kandi Namwe Mumubabarire Murakoze Theo sorry Sana Kabisa RURU Kuya 11-01-2018 NASABE IMBABAZI Nzacahinyeretse j.pierre jaypizox Kuya 11-01-2018 Theo niba yarabikoze azasabe imbabazi yihane Niyihana abikuye kumutima niyo itorero ritamubabarira Imana izamubabarira Kandi yihangane. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu