Ibya Theo Bosebabireba byasubiwemo yahagaritswe burundu muri ADEPR

Itorero ADEPR ryatangaje ko ryamaze guhagarika umuhanzi Uwiringiyimana Theogene bakunze kwita Bosebabireba akaba atakiri umukirisitu w’iri torero ndetse n’ibihangano bye ngo ntibizongera gukoreshwa muri ADEPR.

Amakuru yo guhagarika umuhanzi Uwiringiyimana Theogene (Theo Bosebabireba) yemejwe na Pasitoro Rubazinda Callixte uyobora umudugudu wa Kicukiro Sell muri Paruwasi ya Kagarama ari na ho Uwiringiyimana Theo yabarizwaga.

Pasitoro Rubazinda yadutangarije ko uyu muhanzi yahagaritswe burundu ndetse ko n’ibihangano bye bitemerewe gukoreshwa mu itorero ADEPR.

Yagize ati: “Twaramuhagaritse kubera ko yakoze ibyaha, muri make twasanze yaraguye kandi tubimubajije na we arabitwemerera hanyuma tumubwira ko tumuhagaritse, ntabwo akiri umukirisitu wacu, azongera kuba umukirisitu wacu ari uko yamaze gusaba imbabazi itorero mu ruhame ndetse akanasaba imbabazi abo yahemukiye.”

Twabajije Pasitoro Rubazinda icyo itorero rishingiraho rihagarika umukirisitu kuko yakoze ibyaha kandi bizwi ko kamere muntu ari icyaha, atubwira ko kugirango umuntu ahagarikwe mu itorero hari ibyaha umuntu akorera mu ruhame bigasa no kwihandagaza, ibyo ngo nibyo bituma ashobora guhagarikwa burundu mu itorero.

Ibyo byaha ngo byitwa ibyaha by’umutima bikaba ari iby’uburyo butatu nkuko Pasitoro Rubazinda yabitubwiye agira ati: “Ibyaha twita iby’umutima birimo uburyo butatu: ‘Hari ibyaha by’ubusambanyi, ibyaha by’ubujura n’ibyaha byo kurwana, ibyo byaha tubifata nk’ibyaha by’umutima, ni ibyaha bigira ingaruka no kuri sosiyete umuntu abamo, ni ibyaha biba byakorewe mu ruhame.”

Mu minsi ishize mu binyamakuru hacicikanye amakuru avuga ko uyu muhanzi yaba yarateye inda abakobwa ndetse ko afite abana barenze umwe yabyaranye n’abakobwa batandukanye. Twabajije Pasitoro Rubazinda niba mu byatumye Theo ahagarikwa harimo no kuba yarateye inda atubwira ko na byo birimo.

Ati: “Bifite aho bihuriye, ibyo bintu birimo kuko twakoze iperereza dusanga ni ukuri kandi na we yarabitwemereye atubwira ko afite abana batatu yemera ko ari be, ariko ubundi twasanze yarakoze ibyaha bitandukanye biba ngombwa ko tumuhagarika.”

Uyu mu pasitoro yatubwiye ko batabajije Theo niba abo bana yarababyaranye n’umugore umwe gusa ngo we ubwe yemeye ko afite abana batatu.

Kugeza ubu ngo ibihangano by’uyu muhanzi ntabwo byemewe gukoreshwa mu itorero ADEPR nkuko Pasitoro Rubazinda yabidutangarije agira ati: “Ibihangano bye ntabwo twebwe muri ADEPR twemerewe kubikoresha kugeza igihe azasabira imbabazi.”

Kuri iki cyumweru tariki 07 Mutarama 2018, Theo yakumiriwe ku muhango w’Igaburo ryera kuko atari umukirisitu w’itorero ADEPR.

Twagerageje kuvugana n’umuhanzi Uwiringiyimana Theogene ngo atubwire uko yakiriye ibihano yahawe n’itorero yasengeragamo ntitwamubona ku murongo wa terefone kugeza ubwo twashyiraga iyi nkuru ku mugaragaro.





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo
militone bosco Kuya 11-01-2018

Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye
Mubyukuri sukumuvugira theo
Nawe
Siwe
Ahubwo
Akwiye
Amasebjyeshomeshi
Kuko birenze
Nkumuhanzi
Uzwi
Kandi
Wamenyekanye
Mubihugu
Bitandukanye
Bya
Africa nahandi
Arishebeje ariko niyihane
Abisabire
Imbabazi
Mubyukuri
Subwambere
Mbonye
Cg numva
Uko
Abantu
Bakorera
Imana
Cg bayiririmbira
Bagwa
Mumutego
Nkuwo
Mubyukuri
Theo aaasabe
Imbabazi
Abikuye kumutima
Ndetse
Naboyabyariye
Bamubabarire
Arega
Iyisi dutuyemo
Iraruhijee
Imana
Imubabarire
Kandi
Namwe
Mumubabarire
Murakoze
Theo sorry
Sana
Kabisa

militone bosco Kuya 11-01-2018

Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye
Mubyukuri sukumuvugira theo
Nawe
Siwe
Ahubwo
Akwiye
Amasebjyeshomeshi
Kuko birenze
Nkumuhanzi
Uzwi
Kandi
Wamenyekanye
Mubihugu
Bitandukanye
Bya
Africa nahandi
Arishebeje ariko niyihane
Abisabire
Imbabazi
Mubyukuri
Subwambere
Mbonye
Cg numva
Uko
Abantu
Bakorera
Imana
Cg bayiririmbira
Bagwa
Mumutego
Nkuwo
Mubyukuri
Theo aaasabe
Imbabazi
Abikuye kumutima
Ndetse
Naboyabyariye
Bamubabarire
Arega
Iyisi dutuyemo
Iraruhijee
Imana
Imubabarire
Kandi
Namwe
Mumubabarire
Murakoze
Theo sorry
Sana
Kabisa

militone bosco Kuya 11-01-2018

Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye
Mubyukuri sukumuvugira theo
Nawe
Siwe
Ahubwo
Akwiye
Amasebjyeshomeshi
Kuko birenze
Nkumuhanzi
Uzwi
Kandi
Wamenyekanye
Mubihugu
Bitandukanye
Bya
Africa nahandi
Arishebeje ariko niyihane
Abisabire
Imbabazi
Mubyukuri
Subwambere
Mbonye
Cg numva
Uko
Abantu
Bakorera
Imana
Cg bayiririmbira
Bagwa
Mumutego
Nkuwo
Mubyukuri
Theo aaasabe
Imbabazi
Abikuye kumutima
Ndetse
Naboyabyariye
Bamubabarire
Arega
Iyisi dutuyemo
Iraruhijee
Imana
Imubabarire
Kandi
Namwe
Mumubabarire
Murakoze
Theo sorry
Sana
Kabisa

militone bosco Kuya 11-01-2018

Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye
Mubyukuri sukumuvugira theo
Nawe
Siwe
Ahubwo
Akwiye
Amasebjyeshomeshi
Kuko birenze
Nkumuhanzi
Uzwi
Kandi
Wamenyekanye
Mubihugu
Bitandukanye
Bya
Africa nahandi
Arishebeje ariko niyihane
Abisabire
Imbabazi
Mubyukuri
Subwambere
Mbonye
Cg numva
Uko
Abantu
Bakorera
Imana
Cg bayiririmbira
Bagwa
Mumutego
Nkuwo
Mubyukuri
Theo aaasabe
Imbabazi
Abikuye kumutima
Ndetse
Naboyabyariye
Bamubabarire
Arega
Iyisi dutuyemo
Iraruhijee
Imana
Imubabarire
Kandi
Namwe
Mumubabarire
Murakoze
Theo sorry
Sana
Kabisa

militone bosco Kuya 11-01-2018

Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye
Mubyukuri sukumuvugira theo
Nawe
Siwe
Ahubwo
Akwiye
Amasebjyeshomeshi
Kuko birenze
Nkumuhanzi
Uzwi
Kandi
Wamenyekanye
Mubihugu
Bitandukanye
Bya
Africa nahandi
Arishebeje ariko niyihane
Abisabire
Imbabazi
Mubyukuri
Subwambere
Mbonye
Cg numva
Uko
Abantu
Bakorera
Imana
Cg bayiririmbira
Bagwa
Mumutego
Nkuwo
Mubyukuri
Theo aaasabe
Imbabazi
Abikuye kumutima
Ndetse
Naboyabyariye
Bamubabarire
Arega
Iyisi dutuyemo
Iraruhijee
Imana
Imubabarire
Kandi
Namwe
Mumubabarire
Murakoze
Theo sorry
Sana
Kabisa

militone bosco Kuya 11-01-2018

Muraho bavandimwe bapapa bamama barumunabanjye nabashicyibanjye nabakurubanjye
Mubyukuri sukumuvugira theo
Nawe
Siwe
Ahubwo
Akwiye
Amasebjyeshomeshi
Kuko birenze
Nkumuhanzi
Uzwi
Kandi
Wamenyekanye
Mubihugu
Bitandukanye
Bya
Africa nahandi
Arishebeje ariko niyihane
Abisabire
Imbabazi
Mubyukuri
Subwambere
Mbonye
Cg numva
Uko
Abantu
Bakorera
Imana
Cg bayiririmbira
Bagwa
Mumutego
Nkuwo
Mubyukuri
Theo aaasabe
Imbabazi
Abikuye kumutima
Ndetse
Naboyabyariye
Bamubabarire
Arega
Iyisi dutuyemo
Iraruhijee
Imana
Imubabarire
Kandi
Namwe
Mumubabarire
Murakoze
Theo sorry
Sana
Kabisa

RURU Kuya 11-01-2018

NASABE IMBABAZI

Nzacahinyeretse j.pierre jaypizox Kuya 11-01-2018

Theo niba yarabikoze azasabe imbabazi yihane Niyihana abikuye kumutima niyo itorero ritamubabarira Imana izamubabarira Kandi yihangane.