Close MORE NEWS Haribazwa ingufuri zizafunga insengero zikorera mu mizi y’ibiti no mu buvumo UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 20-03-2018 saa 06:53' whatsapp Facebook Mu gihe hakomeje gufungwa insengero zitujuje ibyangombwa izindi zigasabwa kugira ibyo zuzuza kugira ngo zikoreshwe ari nako hakomeza kubungwabungwa umutekano w’abazisengeramo, hari ahandi hantu hakunze gusengerwa na ho hakwiye kurebwaho ariko kandi hakibazwa uburyo hashyirwaho ingufuri bitewe n’imiterere yaho. Aho ni hamwe na hamwe mu buvumo abaturage babarirwa mu idini ry’abarokore, abakusi n’abandi bakunda kugana, bavuga ko bagiye kwinginga Imana. Hari n’ahandi usanga abaturage bashukwa n’ab’iyita abavugabutumwa cyangwa se abahanuzi, bakabajyana mu mizi y’ibiti byacukutse bavuga ko babisengeyemo Imana ihita ibumva ikabasubiza. Bamwe mu babona iyo myitwarire y’abiyita abahanuzi bagashuka abaturage bagamije indonke, bavuga ko Leta yahagurukiye gufunga insengero zitujuje ibyangombwa, ikwiye kuzibuka n’izi. Umwe mu babonye insengero nk’izi anatanga inama ku bkirisitu, avuga ko bikwiye gusenga ariko umuntu agashyiramo ubwenge. Yagize ati” Nyabuneka Nyabuneka, Imana ni Isumbabyose, ni Ishoborabyose, Ibera hose icyarimwe. Nubona bakujyanye gusenga imana yihisha mu mizi y’ibiti, bakakujyana ku mana iba munsi y’ibiraro, bakakujyana mu buvumo bw’impyisi n’impimbi, ngo niho ikumva uzamenye ko kakubayeho. Dusenge tunashyiramo akenge Imana yaduhaye.” Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Musa Kuya 21-03-2018 Arikose ububwosubuyobe?Rwose abayobozi bayobya abantu bakwiye gufatirwa ibyemezo vuba ivugabutumwa rigakorwa nabarisobanukiye INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Haribazwa ingufuri zizafunga insengero zikorera mu mizi y’ibiti no mu buvumo UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 20-03-2018 saa 06:53' whatsapp Facebook Mu gihe hakomeje gufungwa insengero zitujuje ibyangombwa izindi zigasabwa kugira ibyo zuzuza kugira ngo zikoreshwe ari nako hakomeza kubungwabungwa umutekano w’abazisengeramo, hari ahandi hantu hakunze gusengerwa na ho hakwiye kurebwaho ariko kandi hakibazwa uburyo hashyirwaho ingufuri bitewe n’imiterere yaho. Aho ni hamwe na hamwe mu buvumo abaturage babarirwa mu idini ry’abarokore, abakusi n’abandi bakunda kugana, bavuga ko bagiye kwinginga Imana. Hari n’ahandi usanga abaturage bashukwa n’ab’iyita abavugabutumwa cyangwa se abahanuzi, bakabajyana mu mizi y’ibiti byacukutse bavuga ko babisengeyemo Imana ihita ibumva ikabasubiza. Bamwe mu babona iyo myitwarire y’abiyita abahanuzi bagashuka abaturage bagamije indonke, bavuga ko Leta yahagurukiye gufunga insengero zitujuje ibyangombwa, ikwiye kuzibuka n’izi. Umwe mu babonye insengero nk’izi anatanga inama ku bkirisitu, avuga ko bikwiye gusenga ariko umuntu agashyiramo ubwenge. Yagize ati” Nyabuneka Nyabuneka, Imana ni Isumbabyose, ni Ishoborabyose, Ibera hose icyarimwe. Nubona bakujyanye gusenga imana yihisha mu mizi y’ibiti, bakakujyana ku mana iba munsi y’ibiraro, bakakujyana mu buvumo bw’impyisi n’impimbi, ngo niho ikumva uzamenye ko kakubayeho. Dusenge tunashyiramo akenge Imana yaduhaye.” Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Musa Kuya 21-03-2018 Arikose ububwosubuyobe?Rwose abayobozi bayobya abantu bakwiye gufatirwa ibyemezo vuba ivugabutumwa rigakorwa nabarisobanukiye INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu