Close MORE NEWS Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisiko yasezeranyije abageni bari mu ndege UMUBAVU.com admin Kuya 19-01-2018 saa 06:54' whatsapp Facebook Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisiko - uri mu ruzinduko mu gihugu cya Chile - yakoze amateka atangira amasakaramentu yo gushyingirwa mu ndege. Abageni, bombi Paula Podest Ruiz, w’imyaka 39, na Carlos Ciuffardi Elorriga, ufite 41,bakora akazi ko kwita ku bagenzi mu ndege bari barasezaniriye mu butegetsi. Ariko ntibyashobokera kujya kwa padiri kubera ko kiliziya yabo yari yarangijwe n’umutingito. Paula Podest Ruiz (ibumoso) na Carlos Ciuffardi Elorriga basomanye nyuma y’umuhango wamaze aknya gato cyaneUwufise ububasha kw’isanamu EPA Abageni basabye Papa guha umugisha urugo rwabo, ariko we yahise abasezeranya Paula Podest Ruiz (ibumoso) na Carlos Ciuffardi Elorriga basomanye nyuma y’umuhango wamaze akanya gato cyane. Papa yabasezeranirije mu muhango watwaye igihe gito cyane igihe indege barimo yari irimo iva i Santiago yerekeza mu mujyi wa Iquique uri mu majyaruguru y’igihugu. Francis aje mu modoka ye yitwa Popemobile ku mucanga ahitwa Lobitos Beach, hafi y’umujyi wa IquiqueUwufise ububasha kw’isanamuGETTY IMAGES Francis aje mu modoka ye yitwa Popemobile ku mucanga ahitwa Lobitos Beach, hafi y’umujyi wa Iquique Umuyobozi mukuru w’ikompanyi ifite iyo ndege niwe batanzeho umugabo. Abakarani bari muri yo ndege nibo batunganyije inyandiko zo gushyingiranwa zemewe n’amategeko. Ni ubwa mbere umupapa asezeranyiriza abageni mu ndege. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) felicien Kuya 19-01-2018 inkuru itagira umutwe n’ikibuno kbsa. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisiko yasezeranyije abageni bari mu ndege UMUBAVU.com admin Kuya 19-01-2018 saa 06:54' whatsapp Facebook Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisiko - uri mu ruzinduko mu gihugu cya Chile - yakoze amateka atangira amasakaramentu yo gushyingirwa mu ndege. Abageni, bombi Paula Podest Ruiz, w’imyaka 39, na Carlos Ciuffardi Elorriga, ufite 41,bakora akazi ko kwita ku bagenzi mu ndege bari barasezaniriye mu butegetsi. Ariko ntibyashobokera kujya kwa padiri kubera ko kiliziya yabo yari yarangijwe n’umutingito. Paula Podest Ruiz (ibumoso) na Carlos Ciuffardi Elorriga basomanye nyuma y’umuhango wamaze aknya gato cyaneUwufise ububasha kw’isanamu EPA Abageni basabye Papa guha umugisha urugo rwabo, ariko we yahise abasezeranya Paula Podest Ruiz (ibumoso) na Carlos Ciuffardi Elorriga basomanye nyuma y’umuhango wamaze akanya gato cyane. Papa yabasezeranirije mu muhango watwaye igihe gito cyane igihe indege barimo yari irimo iva i Santiago yerekeza mu mujyi wa Iquique uri mu majyaruguru y’igihugu. Francis aje mu modoka ye yitwa Popemobile ku mucanga ahitwa Lobitos Beach, hafi y’umujyi wa IquiqueUwufise ububasha kw’isanamuGETTY IMAGES Francis aje mu modoka ye yitwa Popemobile ku mucanga ahitwa Lobitos Beach, hafi y’umujyi wa Iquique Umuyobozi mukuru w’ikompanyi ifite iyo ndege niwe batanzeho umugabo. Abakarani bari muri yo ndege nibo batunganyije inyandiko zo gushyingiranwa zemewe n’amategeko. Ni ubwa mbere umupapa asezeranyiriza abageni mu ndege. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) felicien Kuya 19-01-2018 inkuru itagira umutwe n’ikibuno kbsa. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu