Thacien Titus amafoto yashyize hanze ari kumwe n’umugore we yazamuye amarangamutima y’abafana be

Umuhanzi unzwi ku izina rya Thacien Titus wamenyekanye cyane mu Rwanda no mu karere kundirimbo zo guhimbaza Imana, yashyize amafoto kuri facebook yazamuye amarangamitima ya abafana be aho bongeye ku mugaragariza urukundo rudasanzwe.
Aya mofoto yanditse ho amagambo akora ku mitima y’abayasomye nk’uko bagiye babigaragaza mu butumwa bagiye batanga.

Amwe mu magambo yanditseho agaragaza ko inshuti mujyana ibihe byose kandi ntugusige agashimangira ko iyo ariyo nshuti nziza.

Yagize ati, "Inshuti nyanshuti muragendana ntigusige, mwasangira ntigucure, mwaganira ntikuvemo Inshuti zibana ibihe byose".





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo
Mujyanama Kuya 31-05-2020

Uzirinde umutimawawe wekwishyirahejuru ngowibagirwe uwiteka imbnayawe yagkukuye mu egiputa

Twishime nibyo Kuya 31-05-2020

Nibyizakoko ariko numarakurya ugahaga ukubaka amazumeza ukabona imikumbiyawe igwiriye uzirinde umutimawawe wekwishyirahejuru ngowibagirwe UWITEKA IMANA yawe yagukuye mu egibuta

Twishime nibyo Kuya 31-05-2020

Nibyizakoko ariko numarakurya ugahaga ukubaka amazumeza ukabona imikumbiyawe igwiriye uzirinde umutimawawe wekwishyirahejuru ngowibagirwe UWITEKA IMANA yawe yagukuye mu egibuta

Twishime nibyo Kuya 31-05-2020

Nibyizakoko ariko numarakurya ugahaga ukubaka amazumeza ukabona imikumbiyawe igwiriye uzirinde umutimawawe wekwishyirahejuru ngowibagirwe UWITEKA IMANA yawe yagukuye mu egibuta

Twishime nibyo Kuya 31-05-2020

Nibyizakoko ariko numarakurya ugahaga ukubaka amazumeza ukabona imikumbiyawe igwiriye uzirinde umutimawawe wekwishyirahejuru ngowibagirwe UWITEKA IMANA yawe yagukuye mu egibuta

Hakizimana gilbert Kuya 4-08-2018

Ruriya nirwo rukundo bavuga.kuko sibenshi babikora

Hakizimana gilbert Kuya 4-08-2018

Ruriya nirwo rukundo bavuga.kuko sibenshi babikora

Dave Kuya 2-08-2018

Ibi ndumva nta gashya karimo namba Kabisa . Si umugore we se! Ubu araje yitwe umusitari kahave. Abanyamakuru bubu ntabwenge bwinshi mushyira mu nkuru zanyu

Dave Kuya 2-08-2018

Ibi ndumva nta gashya karimo namba Kabisa . Si umugore we se! Ubu araje yitwe umusitari kahave. Abanyamakuru bubu ntabwenge bwinshi mushyira mu nkuru zanyu