Close MORE NEWS Zari yagiye gutangaza Miss Uganda 2019-2020 yasinze, biteza impagarara UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-07-2019 saa 18:50' whatsapp Facebook Umuherwekazi Zari Hassan ’The Boss Lady’ wari umwe mu bagize akanama nkemurampaka ku munsi wa nyuma w’irushanwa rya Nyampinga wa Uganda, yateje impagarara nyuma yo kujya gutangaza uwegukanye ikamba yasinze. Mu ijoro ryakeye ni bwo Sheraton Hotel i Kampala yashorejwe irushanwa rya Miss Uganda, ryegukanwa na Oliver Nakakande w’imyaka 24 y’amavuko asimbuye Quiin Abenakyo wari ufite ikamba ry’umwaka wa 2018. Ubwo ibirori byari biri hafi guhumuza, Zari yafashe indangururamajwi atangira kuvuga ibitajyanye. Uyu mugore byagaragaraga ko yagasomye, yatangiye ahamagarira abagore bagenzi be kwirinda gushyigikirana. Ni amagambo uyu mugore ufitanye abana babiri n’umuhanzi Diamond Platnumz yabwiraga uwitwa Fabiola wari uyoboye biriya birori bya Miss Uganda. Fabiola yagerageje guca Zari mu ijambo birangira undi abyanze akomeza kuvugagura. Zari yavuze ko Fabiola yamusuzuguye ndetse akaba yagerageje kumushotora kugira ngo arebe icyo ari bumusubize. Abari bitabiriye ibirori bya Miss Uganda bababajwe cyane n’amagambo ya Zari, birangira bamuvugirije induru bagaragaza ko batishimiye amagambo ye. Zari yateje impagarara nyuma yo kujya gutangaza uwegukanye ikamba rya Miss Uganda 2019-2020 yasinze @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza amakuru Tanzania, Burundi na RDC mu mushinga wo kubaka inzira ya Gariyamoshi igezweho amakuru Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY amakuru Mu mateka ya Tanzania Perezida yababariye imfungwa nyinshi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Zari yagiye gutangaza Miss Uganda 2019-2020 yasinze, biteza impagarara UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-07-2019 saa 18:50' whatsapp Facebook Umuherwekazi Zari Hassan ’The Boss Lady’ wari umwe mu bagize akanama nkemurampaka ku munsi wa nyuma w’irushanwa rya Nyampinga wa Uganda, yateje impagarara nyuma yo kujya gutangaza uwegukanye ikamba yasinze. Mu ijoro ryakeye ni bwo Sheraton Hotel i Kampala yashorejwe irushanwa rya Miss Uganda, ryegukanwa na Oliver Nakakande w’imyaka 24 y’amavuko asimbuye Quiin Abenakyo wari ufite ikamba ry’umwaka wa 2018. Ubwo ibirori byari biri hafi guhumuza, Zari yafashe indangururamajwi atangira kuvuga ibitajyanye. Uyu mugore byagaragaraga ko yagasomye, yatangiye ahamagarira abagore bagenzi be kwirinda gushyigikirana. Ni amagambo uyu mugore ufitanye abana babiri n’umuhanzi Diamond Platnumz yabwiraga uwitwa Fabiola wari uyoboye biriya birori bya Miss Uganda. Fabiola yagerageje guca Zari mu ijambo birangira undi abyanze akomeza kuvugagura. Zari yavuze ko Fabiola yamusuzuguye ndetse akaba yagerageje kumushotora kugira ngo arebe icyo ari bumusubize. Abari bitabiriye ibirori bya Miss Uganda bababajwe cyane n’amagambo ya Zari, birangira bamuvugirije induru bagaragaza ko batishimiye amagambo ye. Zari yateje impagarara nyuma yo kujya gutangaza uwegukanye ikamba rya Miss Uganda 2019-2020 yasinze @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza amakuru Tanzania, Burundi na RDC mu mushinga wo kubaka inzira ya Gariyamoshi igezweho amakuru Iperereza kuri Aimable Bayingana weguye ku buyobozi bwa FERWACY amakuru Mu mateka ya Tanzania Perezida yababariye imfungwa nyinshi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo