Close MORE NEWS Uwari umunyezamu wa Rayon Sports baroze asigaye asabiriza, ngo bamutanzeho igitambo-Video UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 21-10-2019 saa 13:01' whatsapp Facebook Ngendahayo Zebron w’i Karongi wakinaga ikipe ya Rayon Sports nkuko abyivugira, avuga uburyo yarozwe ubwo yakiniraga iyi kipe akageza n’aho atangwaho igitambo kugira ngo ikipe ige ibona intsinzi. Mu kiganiro yagiranye n’UMUBAVU, Ngendahayo uvuga ko yakiniye Rayon Sports muri 2008 avuye ku Kibuye mu ikipe yo mu Gisovu (mu ikipe y’uruganda rwaho rw’icyayi), yavuze ko yarozwe n’umunyezamu wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo abifashijwemo n’abandi bakinnyi. Avuga ko ngo bamugize igitambo kugira ngo ikipe izage ibona intsinzi, ati "Bangize igitambo kugira ngo bage batsinda". Avuga ko yagiye kwivuza i Ndera amezi ane bikananirana bigasaba ko ajya gushakisha imiti isanzwe ya Kinyarwanda gusa avuga ko ari koroherwa. Avuga ko bari baramuroze ibisazi bikomeye, ati "Nari narabaye umusazi rutura cyane barandoze ibitabi ariko ubu ndi kunywa imiti". Avuga ko n’umunyezamu yari yaraje ahasanga, na we ngo bahoraga bamuroga. Uretse n’ikipe ya Rayon Sports yakiniye, Ngendahayo avuga ko n’undi wese yamufasha akabona uburyo yabaho iminsi ikicuma. Avuga ko ajya arara Nyabugogo mu muhanda yabuze aho kurara. Umva muri iyi Video ikiganiro kirambuye twagiranye na Ngendahayo: @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Rutebuka wa Rutebuka Kuya 24-10-2019 Murabeshya cyane kbx,kuko uyu mugabo hari indi nkuru yigeze gusohoka kukinyamakuru ntazi neza,gusayavuzeko yarogewe muri Espoir fc Kwitonda alice Kuya 23-10-2019 Ariko iyi nkuru yanditswe nande koko? Nta bunyamwuga mbona pe. Uratinyuka ugahamyako umuntu yarozwe kuki utavuze ko uko abaganga n’ababyeyi be babibona? Abantu bazajya bicwa n’ibiyobyabwenge namwe mwemeze ko yarozwe. Ese ni nde wakubwiye ko i Ndera (caraes) bavura umurwayi ibyumweru bitatu gusa bakemeza ko ananiranye cg akize Burundu. Twongere ubunyamwuga mu makuru dutangaza. Kwitonda alice Kuya 23-10-2019 Ariko iyi nkuru yanditswe nande koko? Nta bunyamwuga mbona pe. Uratinyuka ugahamyako umuntu yarozwe kuki utavuze ko uko abaganga n’ababyeyi be babibona? Abantu bazajya bicwa n’ibiyobyabwenge namwe mwemeze ko yarozwe. Ese ni nde wakubwiye ko i Ndera (caraes) bavura umurwayi ibyumweru bitatu gusa bakemeza ko ananiranye cg akize Burundu. Twongere ubunyamwuga mu makuru dutangaza. -xxxx- Kuya 22-10-2019 umuntu wanditse ibi asubire kwiga kuko araciriritse cya kbsa wagira ngo ntiyize itangazamakuru Simba sp Kuya 22-10-2019 Mwabonye uko mucuruza ariko Zabuloni ntiyigeze abanzamo muri Rayon ntanubwo twigeze tugira umuzamu wumunyekongo ,ahubwo yayobotse inzira yurumogi ruramwica arasara ariko uwo yasimburaga yari umurundi Vladimir kdi ntiyari kumwicaza UKURI Kuya 22-10-2019 Mumbabarire sinkunze gutanga comments ariko kwihangana birananiye. Umunyamakuru wanditse iyi nkuru abayobozi be bakamwemerera kuyitambutsa kweri harimo ubuhe bunyamwuga? ni ugushyiramo Rayon sport kugirango twese tuyisome mwinjize amafr. Dore ikibazo: Uwo mukinnyi yakinnye muri rayon sport ryari muzihe saison, uwo muzamu yasanzemo ni nde, iyo match bamutanzeho igitambo ni iyihe ,mwagiye muri archives za rayon mumusangamo niba arimo mwabajije umuvugizi cg ubuyobozi bwa rayon bubuvugaho iki? aho yivurije mwahageze musanga koko arwaye amarozi cg ni bya bindi bavuze muri comments wasanga ari ibiyobyabwenge yafashe biramuhindura? niba wanditse inkuru tanga amakuru yose kugira ngo ibyo wanditswe byizerwe aho gushyiramo rayon kugira ngo tuyisome winjize (ni byiza )ariko natwe uduhe amakuru acukumbuye kuko nibyo wiyemeje. Ikindi niba ushaka kumushakira ubufasha wanyuza ku bafana ba rayon mu bundi buryo cg ukabumusabira muri rusange Kayitare jean claude Kuya 22-10-2019 Uzabaze amakuru abaturage ,jye nabaye rubengera, Hari umukobwa yahemukiye niwe wamugize kuriya cyangwa nawe washakaga kumenyekana nkabandi Bose. Gogo Kuya 22-10-2019 Ntimugashinyagure yigeze ababwirako ari Rayon yamuroze umugani muba mushaka kumenyekana gusa pe nkabakunzi bumupira wamaguru bazafashe uyu muvandimwe avurwe kuko kurogwa byo yararozwe ariko siyarozwe akinira Rayon sport Gogo Kuya 22-10-2019 Ntimugashinyagure yigeze ababwirako ari Rayon yamuroze umugani muba mushaka kumenyekana gusa pe nkabakunzi bumupira wamaguru bazafashe uyu muvandimwe avurwe kuko kurogwa byo yararozwe ariko siyarozwe akinira Rayon sport Claudia Kuya 22-10-2019 Mujye muba abanyamwuga mureke kwandika injury z’ubu bwoko nakwita fake news,mureke uwo muntu azajye muri Congo bamuvure nibo bamurozo biragaragara ko azi aho yabikuye mukuremo Rayon sport.ahubwo ngirango baba bashaka kunenyekana bakabura inzira.biragaragarako ahubwo uyu mugabo yabaswe n’ibiyobyabwebge bituma at a umutwe Peter Kuya 22-10-2019 Inkuru zanyu mwandika Muba mugamije gusebya no guharabika Umenya Muba mwabuze ibyo mukora Peter Kuya 22-10-2019 Inkuru zanyu mwandika Muba mugamije gusebya no guharabika Umenya Muba mwabuze ibyo mukora Emmy hakizimana Kuya 21-10-2019 Birababaje pe gusa kwisi nuko hijyenda nihashyirweh uburyo yafashwa twiyeguy kumufasha INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Uwari umunyezamu wa Rayon Sports baroze asigaye asabiriza, ngo bamutanzeho igitambo-Video UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 21-10-2019 saa 13:01' whatsapp Facebook Ngendahayo Zebron w’i Karongi wakinaga ikipe ya Rayon Sports nkuko abyivugira, avuga uburyo yarozwe ubwo yakiniraga iyi kipe akageza n’aho atangwaho igitambo kugira ngo ikipe ige ibona intsinzi. Mu kiganiro yagiranye n’UMUBAVU, Ngendahayo uvuga ko yakiniye Rayon Sports muri 2008 avuye ku Kibuye mu ikipe yo mu Gisovu (mu ikipe y’uruganda rwaho rw’icyayi), yavuze ko yarozwe n’umunyezamu wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo abifashijwemo n’abandi bakinnyi. Avuga ko ngo bamugize igitambo kugira ngo ikipe izage ibona intsinzi, ati "Bangize igitambo kugira ngo bage batsinda". Avuga ko yagiye kwivuza i Ndera amezi ane bikananirana bigasaba ko ajya gushakisha imiti isanzwe ya Kinyarwanda gusa avuga ko ari koroherwa. Avuga ko bari baramuroze ibisazi bikomeye, ati "Nari narabaye umusazi rutura cyane barandoze ibitabi ariko ubu ndi kunywa imiti". Avuga ko n’umunyezamu yari yaraje ahasanga, na we ngo bahoraga bamuroga. Uretse n’ikipe ya Rayon Sports yakiniye, Ngendahayo avuga ko n’undi wese yamufasha akabona uburyo yabaho iminsi ikicuma. Avuga ko ajya arara Nyabugogo mu muhanda yabuze aho kurara. Umva muri iyi Video ikiganiro kirambuye twagiranye na Ngendahayo: @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Rutebuka wa Rutebuka Kuya 24-10-2019 Murabeshya cyane kbx,kuko uyu mugabo hari indi nkuru yigeze gusohoka kukinyamakuru ntazi neza,gusayavuzeko yarogewe muri Espoir fc Kwitonda alice Kuya 23-10-2019 Ariko iyi nkuru yanditswe nande koko? Nta bunyamwuga mbona pe. Uratinyuka ugahamyako umuntu yarozwe kuki utavuze ko uko abaganga n’ababyeyi be babibona? Abantu bazajya bicwa n’ibiyobyabwenge namwe mwemeze ko yarozwe. Ese ni nde wakubwiye ko i Ndera (caraes) bavura umurwayi ibyumweru bitatu gusa bakemeza ko ananiranye cg akize Burundu. Twongere ubunyamwuga mu makuru dutangaza. Kwitonda alice Kuya 23-10-2019 Ariko iyi nkuru yanditswe nande koko? Nta bunyamwuga mbona pe. Uratinyuka ugahamyako umuntu yarozwe kuki utavuze ko uko abaganga n’ababyeyi be babibona? Abantu bazajya bicwa n’ibiyobyabwenge namwe mwemeze ko yarozwe. Ese ni nde wakubwiye ko i Ndera (caraes) bavura umurwayi ibyumweru bitatu gusa bakemeza ko ananiranye cg akize Burundu. Twongere ubunyamwuga mu makuru dutangaza. -xxxx- Kuya 22-10-2019 umuntu wanditse ibi asubire kwiga kuko araciriritse cya kbsa wagira ngo ntiyize itangazamakuru Simba sp Kuya 22-10-2019 Mwabonye uko mucuruza ariko Zabuloni ntiyigeze abanzamo muri Rayon ntanubwo twigeze tugira umuzamu wumunyekongo ,ahubwo yayobotse inzira yurumogi ruramwica arasara ariko uwo yasimburaga yari umurundi Vladimir kdi ntiyari kumwicaza UKURI Kuya 22-10-2019 Mumbabarire sinkunze gutanga comments ariko kwihangana birananiye. Umunyamakuru wanditse iyi nkuru abayobozi be bakamwemerera kuyitambutsa kweri harimo ubuhe bunyamwuga? ni ugushyiramo Rayon sport kugirango twese tuyisome mwinjize amafr. Dore ikibazo: Uwo mukinnyi yakinnye muri rayon sport ryari muzihe saison, uwo muzamu yasanzemo ni nde, iyo match bamutanzeho igitambo ni iyihe ,mwagiye muri archives za rayon mumusangamo niba arimo mwabajije umuvugizi cg ubuyobozi bwa rayon bubuvugaho iki? aho yivurije mwahageze musanga koko arwaye amarozi cg ni bya bindi bavuze muri comments wasanga ari ibiyobyabwenge yafashe biramuhindura? niba wanditse inkuru tanga amakuru yose kugira ngo ibyo wanditswe byizerwe aho gushyiramo rayon kugira ngo tuyisome winjize (ni byiza )ariko natwe uduhe amakuru acukumbuye kuko nibyo wiyemeje. Ikindi niba ushaka kumushakira ubufasha wanyuza ku bafana ba rayon mu bundi buryo cg ukabumusabira muri rusange Kayitare jean claude Kuya 22-10-2019 Uzabaze amakuru abaturage ,jye nabaye rubengera, Hari umukobwa yahemukiye niwe wamugize kuriya cyangwa nawe washakaga kumenyekana nkabandi Bose. Gogo Kuya 22-10-2019 Ntimugashinyagure yigeze ababwirako ari Rayon yamuroze umugani muba mushaka kumenyekana gusa pe nkabakunzi bumupira wamaguru bazafashe uyu muvandimwe avurwe kuko kurogwa byo yararozwe ariko siyarozwe akinira Rayon sport Gogo Kuya 22-10-2019 Ntimugashinyagure yigeze ababwirako ari Rayon yamuroze umugani muba mushaka kumenyekana gusa pe nkabakunzi bumupira wamaguru bazafashe uyu muvandimwe avurwe kuko kurogwa byo yararozwe ariko siyarozwe akinira Rayon sport Claudia Kuya 22-10-2019 Mujye muba abanyamwuga mureke kwandika injury z’ubu bwoko nakwita fake news,mureke uwo muntu azajye muri Congo bamuvure nibo bamurozo biragaragara ko azi aho yabikuye mukuremo Rayon sport.ahubwo ngirango baba bashaka kunenyekana bakabura inzira.biragaragarako ahubwo uyu mugabo yabaswe n’ibiyobyabwebge bituma at a umutwe Peter Kuya 22-10-2019 Inkuru zanyu mwandika Muba mugamije gusebya no guharabika Umenya Muba mwabuze ibyo mukora Peter Kuya 22-10-2019 Inkuru zanyu mwandika Muba mugamije gusebya no guharabika Umenya Muba mwabuze ibyo mukora Emmy hakizimana Kuya 21-10-2019 Birababaje pe gusa kwisi nuko hijyenda nihashyirweh uburyo yafashwa twiyeguy kumufasha INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo