Close MORE NEWS Umwambaro wa Gatatu Arsenal izajya yambara mu kibuga wamuritswe-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 12-08-2019 saa 14:21' whatsapp Facebook Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ku bufatanye n’uruganda rwa Adidas, yamaze gushyira ahagaragara umwambaro wa Gatatu mushya izajya yambara muri uyu mwaka w’imikino wa 2019/2020. Nk’ibimaze kumenyerwa iyi kipe ya Arsenal ikomeje kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda binyuze mu magambo ‘Visit Rwanda’ yanditse ku kuboko ku ibumoso uyu ukaba ari umwaka wa kabiri uhereye umwaka ushize. Uyu mwambaro mushya wamuritswe kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Kanama uri mu ibara ry’ubururu bwijimye, aho ufite imirongo y’umuhondo itatu imanutse ku ntugu. Mu gatuza, ku ruhande rw’ibumoso hari ikrango cya Arsenal mu gihe iburyo hari ikirango cya Adidas naho munsi yaho hakaba amagambo ya Fly Emirates mu magambo y’umuhondo, na ‘Visit Rwanda’ ku kubuko kw’ibumoso. Uyu mwambaro ukoranye ikoranabuhanga ku buryo urinda umukinnyi kugira ibyuya byinshi ndetse ukinjiza umwuka muke kugira ngo atagira ubushyuhe buri hejuru. Arsenal yatangiye neza Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza, ubwo ku Cyumweru yatsindaga Newcastle United igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa mbere wa Premier League. N’ikipe ya Arsenal y’abagore izajya yambara iyi myambaro yasohotse @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Umwambaro wa Gatatu Arsenal izajya yambara mu kibuga wamuritswe-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 12-08-2019 saa 14:21' whatsapp Facebook Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ku bufatanye n’uruganda rwa Adidas, yamaze gushyira ahagaragara umwambaro wa Gatatu mushya izajya yambara muri uyu mwaka w’imikino wa 2019/2020. Nk’ibimaze kumenyerwa iyi kipe ya Arsenal ikomeje kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda binyuze mu magambo ‘Visit Rwanda’ yanditse ku kuboko ku ibumoso uyu ukaba ari umwaka wa kabiri uhereye umwaka ushize. Uyu mwambaro mushya wamuritswe kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Kanama uri mu ibara ry’ubururu bwijimye, aho ufite imirongo y’umuhondo itatu imanutse ku ntugu. Mu gatuza, ku ruhande rw’ibumoso hari ikrango cya Arsenal mu gihe iburyo hari ikirango cya Adidas naho munsi yaho hakaba amagambo ya Fly Emirates mu magambo y’umuhondo, na ‘Visit Rwanda’ ku kubuko kw’ibumoso. Uyu mwambaro ukoranye ikoranabuhanga ku buryo urinda umukinnyi kugira ibyuya byinshi ndetse ukinjiza umwuka muke kugira ngo atagira ubushyuhe buri hejuru. Arsenal yatangiye neza Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza, ubwo ku Cyumweru yatsindaga Newcastle United igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa mbere wa Premier League. N’ikipe ya Arsenal y’abagore izajya yambara iyi myambaro yasohotse @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo