Close MORE NEWS Teta Sandra na Weasel bahishuye ko bari mu munyenga w’urukundo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 14-06-2019 saa 11:43' whatsapp Facebook Byagiye binugwanugwa kenshi ko umuhanzi Weasel wo mu itsinda rya Good Life yaba ari mu rukundo na Sandra ariko byabanze mu nda ku munsi w’isabukuru y’umuhanzi Weasel, bashyira ahabona ukuri ku rukundo bafitanye. Ku munsi w’ejo ku wa Kane tariki ya 13 Kamena, ubwo Weasel yagiraga isabukuru y’amavuko, Teta Sandra abinyijije kuri Instagram mu mugambo y’Icyogereza, yafashe akanya avuga akamuri ku mutima amwifuriza isabukuru nziza mu magambo yuzuye amarangamutima menshi. Teta ati” Ntukabare imyaka, ahubwo ubuzima ubayemo, uyu mwaka uzakubere uw’ikirenga kurenza uko wari uri, reka uzakubere uw’imigisha ituruka ku Mana. Uzakubere uwo guhirwa kurenza uko byigeze kuba kandi uzakubere uwo gukundwa n’abantu bawe. Isabukuru nziza narahiriwe kukugira mu buzima bwanjye” Nk’uko bigaragara Weasel nawe yahise aza amushimira akoresheje amagambo agaragaza ko ari umukunzi we ati”Thank you my love”. (Urakoze mukundwa). Inkuru y’urukundo rwa Teta na Weasel yatangiye kuvugwa muri Gashyantare 2019, ubwo ibinyamakuru byo muri Uganda byatangazaga ko bari mu rukundo ndetse ko Teta atwitiye Weasel. Teta Sandra na Weasel byabanze mu nda bahishurira ku mbuga nkoranyambaga ko bari mu munyenga w’urukundo Teta Sandra ubwo yari mu isabukuru ya Chameleone mukuru wa Weasel @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Teta Sandra na Weasel bahishuye ko bari mu munyenga w’urukundo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 14-06-2019 saa 11:43' whatsapp Facebook Byagiye binugwanugwa kenshi ko umuhanzi Weasel wo mu itsinda rya Good Life yaba ari mu rukundo na Sandra ariko byabanze mu nda ku munsi w’isabukuru y’umuhanzi Weasel, bashyira ahabona ukuri ku rukundo bafitanye. Ku munsi w’ejo ku wa Kane tariki ya 13 Kamena, ubwo Weasel yagiraga isabukuru y’amavuko, Teta Sandra abinyijije kuri Instagram mu mugambo y’Icyogereza, yafashe akanya avuga akamuri ku mutima amwifuriza isabukuru nziza mu magambo yuzuye amarangamutima menshi. Teta ati” Ntukabare imyaka, ahubwo ubuzima ubayemo, uyu mwaka uzakubere uw’ikirenga kurenza uko wari uri, reka uzakubere uw’imigisha ituruka ku Mana. Uzakubere uwo guhirwa kurenza uko byigeze kuba kandi uzakubere uwo gukundwa n’abantu bawe. Isabukuru nziza narahiriwe kukugira mu buzima bwanjye” Nk’uko bigaragara Weasel nawe yahise aza amushimira akoresheje amagambo agaragaza ko ari umukunzi we ati”Thank you my love”. (Urakoze mukundwa). Inkuru y’urukundo rwa Teta na Weasel yatangiye kuvugwa muri Gashyantare 2019, ubwo ibinyamakuru byo muri Uganda byatangazaga ko bari mu rukundo ndetse ko Teta atwitiye Weasel. Teta Sandra na Weasel byabanze mu nda bahishurira ku mbuga nkoranyambaga ko bari mu munyenga w’urukundo Teta Sandra ubwo yari mu isabukuru ya Chameleone mukuru wa Weasel @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu