Close MORE NEWS Teta Fabiola wahataniraga ikamba rya Nyampinga 2019 yasabye Abanyarwanda gutwerera Ange Kagame UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-01-2019 saa 11:37' whatsapp Facebook Teta Fabiola ni umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda aho yaje muri Miss Rwanda nyuma yo gutoranywa mu bakobwa 10 bari bahagarariye intara y’Amajyepfo, gusa ntiyagize amahirwe yo kwisanga muri 20 bagomba kuzajya mu mwiherero (Boot Camp) w’abazotanywamo Miss Rwanda 2019. Yavutse tariki ya 12 Ukuboza 1999 (ubu aba mu mujyi wa Kigali), yize ibijyanye n’ubukerarugendo. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru w’umubavu.com, yabajijwe ubutumwa yumva yagenera Ingabire Ange Kagame, ubuheta bwa Perezida Paul Kagame uheruka gusabwa akanakobwa agahesha ishema umuryango we nk’umukobwa uhagarariye abandi witwaye neza haba mu mico no mu myifatire, yasubije ko amushimira cyane ku rugero rwiza yatanze. Mu gihe Abanyarwanda bose biteze ubukwe nyirizina bwa Ange Kagame asezerana imbere y’Imana, Teta Fabiola yasabye Abanyarwanda kuzitanga bishoboka bagashyigikira ubu bukwe nkuko kera byahoze abantu batwerera uwagize ibirori. Ati " Nkuko mubizi kera ku bw’abami, uko byagendaga, uwagiraga ubukwe abanyarwanda bose bifatanyirizaga hamwe bakamushyigikira, bakamutwerera, bityo rero ntabwo umuco wakagombye gucika". Akomeza agira ati "nkurikije umuco wacu wasangaga bamwe batwerera imyumbati, ibijumba, ikigage mbese tukamwereka ko tumwishimiye kandi tumushyigikiye kandi tukanarara ibukuru, icyo namwifuriza rero ni urugo rwiza imigisha n’amahirwe kandi nkomeza kumushimira ko yatubereye urugero rwiza". Iyumvire muri Video byinshi Teta Fabiola yatangaje birimo no gusaba Abanyarwanda gutwerera Ange Kagame utegereje gusezerana imbere y’Imana nyuma yo gusabwa akanakobwa: @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) iraguha emmanuel Kuya 7-01-2020 Wari Ukwiriye Kuba Nyampinga Cyane Pe! byusa fabrice Kuya 16-01-2019 Gutwerera byari byiza yemwe twari no kuzabutaha ariko ntibirajyamo neza kuko Umubyeyi ntaratanga imbabazi ku mfungwa zababyeyi bacu zifunzwe zizira kurwanya ubutegetsi Mukamusirikare Venantie Kuya 12-01-2019 Umusaza azadutumire maze dutahe ubukwe bw’umwali wacu Ange. Jye umushanana narawuteguye Maze abanyarwanda ducinye akadiho pe. Mukamusirikare Venantie Kuya 12-01-2019 Umusaza azadutumire maze dutahe ubukwe bw’umwali wacu Ange. Jye umushanana narawuteguye Maze abanyarwanda ducinye akadiho pe. Mugabe Akim Kuya 11-01-2019 Hw can u contribute to some one wiz out having his, or her invitation???????? Murakoze Jean Marie kamali Kuya 10-01-2019 price all inclusive Jean Marie kamali Kuya 10-01-2019 price all inclusive Motari Kuya 10-01-2019 Igitekerezo nicyiza cyogutwerera mumuco wabanyarwanda ariko nta butumire tuzi peee bwa Angela game Isirikoreye Kuya 10-01-2019 Njyewe rwose ndasaba Nuakubahwa gutumira ubishaka wese ubundi bukabera kuli stade Amahoro😠njye natantumira nzitumira ubundi nibantambikana motif izaba ari Soif (icyaka)kandi ntabukwe butagira umuvumbyi weee kandi njye nkunda ubukwe pe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Teta Fabiola wahataniraga ikamba rya Nyampinga 2019 yasabye Abanyarwanda gutwerera Ange Kagame UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-01-2019 saa 11:37' whatsapp Facebook Teta Fabiola ni umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda aho yaje muri Miss Rwanda nyuma yo gutoranywa mu bakobwa 10 bari bahagarariye intara y’Amajyepfo, gusa ntiyagize amahirwe yo kwisanga muri 20 bagomba kuzajya mu mwiherero (Boot Camp) w’abazotanywamo Miss Rwanda 2019. Yavutse tariki ya 12 Ukuboza 1999 (ubu aba mu mujyi wa Kigali), yize ibijyanye n’ubukerarugendo. Ubwo yaganiraga n’umunyamakuru w’umubavu.com, yabajijwe ubutumwa yumva yagenera Ingabire Ange Kagame, ubuheta bwa Perezida Paul Kagame uheruka gusabwa akanakobwa agahesha ishema umuryango we nk’umukobwa uhagarariye abandi witwaye neza haba mu mico no mu myifatire, yasubije ko amushimira cyane ku rugero rwiza yatanze. Mu gihe Abanyarwanda bose biteze ubukwe nyirizina bwa Ange Kagame asezerana imbere y’Imana, Teta Fabiola yasabye Abanyarwanda kuzitanga bishoboka bagashyigikira ubu bukwe nkuko kera byahoze abantu batwerera uwagize ibirori. Ati " Nkuko mubizi kera ku bw’abami, uko byagendaga, uwagiraga ubukwe abanyarwanda bose bifatanyirizaga hamwe bakamushyigikira, bakamutwerera, bityo rero ntabwo umuco wakagombye gucika". Akomeza agira ati "nkurikije umuco wacu wasangaga bamwe batwerera imyumbati, ibijumba, ikigage mbese tukamwereka ko tumwishimiye kandi tumushyigikiye kandi tukanarara ibukuru, icyo namwifuriza rero ni urugo rwiza imigisha n’amahirwe kandi nkomeza kumushimira ko yatubereye urugero rwiza". Iyumvire muri Video byinshi Teta Fabiola yatangaje birimo no gusaba Abanyarwanda gutwerera Ange Kagame utegereje gusezerana imbere y’Imana nyuma yo gusabwa akanakobwa: @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) iraguha emmanuel Kuya 7-01-2020 Wari Ukwiriye Kuba Nyampinga Cyane Pe! byusa fabrice Kuya 16-01-2019 Gutwerera byari byiza yemwe twari no kuzabutaha ariko ntibirajyamo neza kuko Umubyeyi ntaratanga imbabazi ku mfungwa zababyeyi bacu zifunzwe zizira kurwanya ubutegetsi Mukamusirikare Venantie Kuya 12-01-2019 Umusaza azadutumire maze dutahe ubukwe bw’umwali wacu Ange. Jye umushanana narawuteguye Maze abanyarwanda ducinye akadiho pe. Mukamusirikare Venantie Kuya 12-01-2019 Umusaza azadutumire maze dutahe ubukwe bw’umwali wacu Ange. Jye umushanana narawuteguye Maze abanyarwanda ducinye akadiho pe. Mugabe Akim Kuya 11-01-2019 Hw can u contribute to some one wiz out having his, or her invitation???????? Murakoze Jean Marie kamali Kuya 10-01-2019 price all inclusive Jean Marie kamali Kuya 10-01-2019 price all inclusive Motari Kuya 10-01-2019 Igitekerezo nicyiza cyogutwerera mumuco wabanyarwanda ariko nta butumire tuzi peee bwa Angela game Isirikoreye Kuya 10-01-2019 Njyewe rwose ndasaba Nuakubahwa gutumira ubishaka wese ubundi bukabera kuli stade Amahoro😠njye natantumira nzitumira ubundi nibantambikana motif izaba ari Soif (icyaka)kandi ntabukwe butagira umuvumbyi weee kandi njye nkunda ubukwe pe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu