Close MORE NEWS Perezida Kagame yasuye Kigali Arena-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-07-2019 saa 16:32' whatsapp Facebook Ari kumwe na Masai Ujiri, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasuye inzu y’imikino n’imyidagaduro ya Kigali Arena yuzuye mu Rwanda. Iyi nzu izatahwa mu minsi ya vuba, Perezida Kagame ari kumwe n’umuyobozi wa Toronto Raptors (yo muri Amerika ikina muri NBA), umwongereza wavukiye muri Nigeria, Masai Ujiri, basuye Kigali Arena batemberezwa buri gice kiyigize. Kigali Arena inzu y’imikino n’imyidagaduro yuzuye i Remera i ruhande rwa Stade Amahoro, ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 10 bicaye neza. Nyuma yo gutambagira Kigali Arena, Masai Ujiri yavuze ko ibi Perezida Kagame yabimubwiye umwaka ushize none arabikoze. Yagize ati"Imvugo niyo ngiro. Nishimiye cyane Perezida Kagame ku iyubakwa rya Kigali Arena. Mu mwaka ushize yatubwiye ko agiye kubikora. Byarakozwe. Ni urugero rw’intagereranywa rw’aho Afurika ihagaze uyu munsi.’’ Kigali Arena izajya yakira imikino itabdukanye nka Basketball, football ikinirwa mu nzu, Volleyball, Tennis ndetse yakire n’ibitaramo. Iyi nzu mberabyombi ibaye iya kabiri yubatswe muri Afurika nyuma ya Dakar Arena yo muri Senegal, yubatswe mu murwa mukuru w’iki gihugu Dakar. Kigali Arena ikaba yaratangiye kubakwa mu ntangiriro z’uyu mwaka, imirimo yo kuyubaka ikaba yararangiye hasigaye kuyitaha. Byitezwe ko izatahwa mu minsi ya vuba ariko igihe kikaba kitaramenyekana. Ni uku Kigali Arena iba irabagirana mu masaha y’umugoroba @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru Urukiko rwategetse u Rwanda gusubiza abarimo Kayumba Nyamwasa ‘Passports’ zabo amakuru Abakobwa beza, ihene, amafi mu byo Bobi Wine ari kwifashisha yiyamamariza gusimbura Museveni-Amafoto amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Wa mwana wari kurangiza Kaminuza ku myaka 9 yavuye mu ishuri amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji imyidagaduro Icyo Miss Mwiseneza Josiane ashyize imbere muri iyi minsi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Perezida Kagame yasuye Kigali Arena-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-07-2019 saa 16:32' whatsapp Facebook Ari kumwe na Masai Ujiri, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasuye inzu y’imikino n’imyidagaduro ya Kigali Arena yuzuye mu Rwanda. Iyi nzu izatahwa mu minsi ya vuba, Perezida Kagame ari kumwe n’umuyobozi wa Toronto Raptors (yo muri Amerika ikina muri NBA), umwongereza wavukiye muri Nigeria, Masai Ujiri, basuye Kigali Arena batemberezwa buri gice kiyigize. Kigali Arena inzu y’imikino n’imyidagaduro yuzuye i Remera i ruhande rwa Stade Amahoro, ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 10 bicaye neza. Nyuma yo gutambagira Kigali Arena, Masai Ujiri yavuze ko ibi Perezida Kagame yabimubwiye umwaka ushize none arabikoze. Yagize ati"Imvugo niyo ngiro. Nishimiye cyane Perezida Kagame ku iyubakwa rya Kigali Arena. Mu mwaka ushize yatubwiye ko agiye kubikora. Byarakozwe. Ni urugero rw’intagereranywa rw’aho Afurika ihagaze uyu munsi.’’ Kigali Arena izajya yakira imikino itabdukanye nka Basketball, football ikinirwa mu nzu, Volleyball, Tennis ndetse yakire n’ibitaramo. Iyi nzu mberabyombi ibaye iya kabiri yubatswe muri Afurika nyuma ya Dakar Arena yo muri Senegal, yubatswe mu murwa mukuru w’iki gihugu Dakar. Kigali Arena ikaba yaratangiye kubakwa mu ntangiriro z’uyu mwaka, imirimo yo kuyubaka ikaba yararangiye hasigaye kuyitaha. Byitezwe ko izatahwa mu minsi ya vuba ariko igihe kikaba kitaramenyekana. Ni uku Kigali Arena iba irabagirana mu masaha y’umugoroba @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru Urukiko rwategetse u Rwanda gusubiza abarimo Kayumba Nyamwasa ‘Passports’ zabo amakuru Abakobwa beza, ihene, amafi mu byo Bobi Wine ari kwifashisha yiyamamariza gusimbura Museveni-Amafoto amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Wa mwana wari kurangiza Kaminuza ku myaka 9 yavuye mu ishuri amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji imyidagaduro Icyo Miss Mwiseneza Josiane ashyize imbere muri iyi minsi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo