Close MORE NEWS Nyuma y’umukino wayihuje na Zimbabwe Cameroon irashinjwa amarozi UMUBAVU.com Umubavu Kuya 18-01-2021 saa 09:32' whatsapp Facebook Umutoza wa Zimbabwe, Zdravko Logarusic,yashinje ikipe y’igihugu cya Cameroon gukoresha amarozi nyuma y’aho ashyize hanze ifoto y’agacurama kapfuye kari mu kibuga cy’iyi kipe. Ifoto yagiye ahagaragara mbere y’umukino ufungura irushanwa, yagaragazaga umutoza wa Zimbabwe, Umunya-Croatia Zdravko Logarušić, yerekana agacurama kapfuye, yandikaho amagambo agira ati “amarozi muri Cameroun”. Uyu mukino wabaye kuwa Gatandatu warangiye Cameroun itsinze igitego 1-0 cyabonetse ku munota wa 72 gitsinzwe na Salomon Banga. Ntabwo bizwi neza niba aka gacurama kazanwe cyangwa se kizanye gusa Zimbabwe yatsindiwe ku kibuga Ahmadou Ahidjo imbere ya perezida wa Fifa,Gianni Infantino. Nyuma yo gutsindwa,umutoza Logarusic yabwiye abanyamakuru ati “Tuzakora ibishoboka byose turebe uko ibintu bizagenda.Twakoze ibishoboka byose nk’abatoza kugira ngo abakinnyi bitware neza. Twakoze ibishoboka byose.Dukeneye kuzamura urwego mu bice byose by’ikibuga,reka twizere ko tuzaba duhagaze neza nk’ikipe. Abakinnyi bamaze amezi umunani n’icyenda badakina kubera Covid-19 ariyo mpamvu buri wese agomba kuzamura urwego.” Muri CAN ya 2002 nabwo Cameroon yashinjwe amarozi mbere y’umukino wa ½ bakinnye na Mali byatumye umutoza Winfried Schafer n’undi w’abazamu Thomas Knono bafungwa bashinjwa gukoresha amarozi. Umutoza wa Zimbabwe yerekana agacurama kari kapfiriye mu kibiga cy’ikipe ya Cameroon U RWANDA RWAPFUSHIJE BENSHI NTAWARUKWIRIYE KONGERA GUPFA|| PS IMBERAKURI ITI: "U RDA RURI KWIGARAGAZA" Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Nyuma y’umukino wayihuje na Zimbabwe Cameroon irashinjwa amarozi UMUBAVU.com Umubavu Kuya 18-01-2021 saa 09:32' whatsapp Facebook Umutoza wa Zimbabwe, Zdravko Logarusic,yashinje ikipe y’igihugu cya Cameroon gukoresha amarozi nyuma y’aho ashyize hanze ifoto y’agacurama kapfuye kari mu kibuga cy’iyi kipe. Ifoto yagiye ahagaragara mbere y’umukino ufungura irushanwa, yagaragazaga umutoza wa Zimbabwe, Umunya-Croatia Zdravko Logarušić, yerekana agacurama kapfuye, yandikaho amagambo agira ati “amarozi muri Cameroun”. Uyu mukino wabaye kuwa Gatandatu warangiye Cameroun itsinze igitego 1-0 cyabonetse ku munota wa 72 gitsinzwe na Salomon Banga. Ntabwo bizwi neza niba aka gacurama kazanwe cyangwa se kizanye gusa Zimbabwe yatsindiwe ku kibuga Ahmadou Ahidjo imbere ya perezida wa Fifa,Gianni Infantino. Nyuma yo gutsindwa,umutoza Logarusic yabwiye abanyamakuru ati “Tuzakora ibishoboka byose turebe uko ibintu bizagenda.Twakoze ibishoboka byose nk’abatoza kugira ngo abakinnyi bitware neza. Twakoze ibishoboka byose.Dukeneye kuzamura urwego mu bice byose by’ikibuga,reka twizere ko tuzaba duhagaze neza nk’ikipe. Abakinnyi bamaze amezi umunani n’icyenda badakina kubera Covid-19 ariyo mpamvu buri wese agomba kuzamura urwego.” Muri CAN ya 2002 nabwo Cameroon yashinjwe amarozi mbere y’umukino wa ½ bakinnye na Mali byatumye umutoza Winfried Schafer n’undi w’abazamu Thomas Knono bafungwa bashinjwa gukoresha amarozi. Umutoza wa Zimbabwe yerekana agacurama kari kapfiriye mu kibiga cy’ikipe ya Cameroon U RWANDA RWAPFUSHIJE BENSHI NTAWARUKWIRIYE KONGERA GUPFA|| PS IMBERAKURI ITI: "U RDA RURI KWIGARAGAZA" Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi