Close MORE NEWS Messi yahishuye amakipe abiri abona atazamworohera mu mikino ya Champions League UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 30-11-2017 saa 07:15' whatsapp Facebook Umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru ukomoka mu gihugu cya Argentine, agakinira ikipe ya FC Barcelone yo mu gihugu cya Espagne yatangaje amakipe abiri abona atazaborohera mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo izwi nka UEFA Champions League. Aya makipe Messi yatangaje ni PSG yo mu gihugu cy’u Bufaransa na Manchester City yo mu Bwongereza. Messi yavuze aya makipe ubwo yahabwaga urukweto rwa zahabu (The Golden Shoe) ku itariki ya 24 Ugushyingo 2017. Lionel Messi yavuze ko bitewe n’uburyo ikipe ya Manchester na PSG ziyubatse mu gihe cy’igura n’igurisha ry’abakinnyi, bizagorana ku makipe yose uretse na Barcelone akinira gutsinda aya makipe. Yagize ati “ ikipe ya Man.City na PSG zagaragaje ubudahangarwa kubera abakinnyi kuri ubu zibitseho ku buryo bizagora iya Barcelone nkinira kuyatsinda”. Abajijwe n’umunyamakuru impamvu muri aya makipe abona zabagora Real Madrid inafite ibikombe bibiri biheruka itarimo, Messi yagize ati “ simbona ko Real Madrid yaba ari ikipe ikanganye ngendeye ku buryo aya makipe yombi ahagaze muri iyi minsi ”. Messi atangaje ibi mu gihe ikipe ye ya FC Barcelone yamaze gukatisha itiki yo kwerekeza mu mikino ya 1/8 cy’irangiza mu mikino ya Champions League. Icyakora ntawakwiyibagiza ko nubwo Messi avuze ibi ikipe ye ya Barcelone muri iyi minsi ihagaze neza dore ko ari nayo iyoboye urutonde rw’agateganyo muri shampiyona yo muri Espagne (LaLiga Santander) n’amanota 35 mu gihe mukeba wabo Real Madrid iri ku mwanya wa 4 n’amanota 27 inganya na Atletico Madrid. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) nepo amani Kuya 30-11-2017 ayo makipe nayo ntazodutera ubwob barc n’ugukora uko ishoboye abafana turabashigikiye . nepo amani Kuya 30-11-2017 ayo makipe nayo ntazodutera ubwob barc n’ugukora uko ishoboye abafana turabashigikiye . INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Messi yahishuye amakipe abiri abona atazamworohera mu mikino ya Champions League UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 30-11-2017 saa 07:15' whatsapp Facebook Umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru ukomoka mu gihugu cya Argentine, agakinira ikipe ya FC Barcelone yo mu gihugu cya Espagne yatangaje amakipe abiri abona atazaborohera mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo izwi nka UEFA Champions League. Aya makipe Messi yatangaje ni PSG yo mu gihugu cy’u Bufaransa na Manchester City yo mu Bwongereza. Messi yavuze aya makipe ubwo yahabwaga urukweto rwa zahabu (The Golden Shoe) ku itariki ya 24 Ugushyingo 2017. Lionel Messi yavuze ko bitewe n’uburyo ikipe ya Manchester na PSG ziyubatse mu gihe cy’igura n’igurisha ry’abakinnyi, bizagorana ku makipe yose uretse na Barcelone akinira gutsinda aya makipe. Yagize ati “ ikipe ya Man.City na PSG zagaragaje ubudahangarwa kubera abakinnyi kuri ubu zibitseho ku buryo bizagora iya Barcelone nkinira kuyatsinda”. Abajijwe n’umunyamakuru impamvu muri aya makipe abona zabagora Real Madrid inafite ibikombe bibiri biheruka itarimo, Messi yagize ati “ simbona ko Real Madrid yaba ari ikipe ikanganye ngendeye ku buryo aya makipe yombi ahagaze muri iyi minsi ”. Messi atangaje ibi mu gihe ikipe ye ya FC Barcelone yamaze gukatisha itiki yo kwerekeza mu mikino ya 1/8 cy’irangiza mu mikino ya Champions League. Icyakora ntawakwiyibagiza ko nubwo Messi avuze ibi ikipe ye ya Barcelone muri iyi minsi ihagaze neza dore ko ari nayo iyoboye urutonde rw’agateganyo muri shampiyona yo muri Espagne (LaLiga Santander) n’amanota 35 mu gihe mukeba wabo Real Madrid iri ku mwanya wa 4 n’amanota 27 inganya na Atletico Madrid. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) nepo amani Kuya 30-11-2017 ayo makipe nayo ntazodutera ubwob barc n’ugukora uko ishoboye abafana turabashigikiye . nepo amani Kuya 30-11-2017 ayo makipe nayo ntazodutera ubwob barc n’ugukora uko ishoboye abafana turabashigikiye . INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu