Close MORE NEWS Kuki APR FC yahisemo gutiza Sugira Ernest muri mukeba Rayon Sports? UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-12-2019 saa 13:49' whatsapp Facebook Bikimenyekana ko kuri uyu wa mbere ikipe ya APR FC yatije rutahizamu wayo Sugira Ernest muri mukeba wayo Rayon Sports, byavugishije benshi bibaza uburyo uyu rutahizamu udashidikanywaho yewe no mu ikipe y’igihugu, ikipe y’ingabo z’igihugu yahitamo kumutiza ikipe bahanganye ibihe byose. Ikipe ya APR FC yahisemo gutiza Sugira Ernest muri Rayon Sports mu gihe cy’umwaka n’igice nyuma y’uko ivuguruje amakuru we ubwe yari yitangarije ko Rutahizamu Sugira Ernest yatijwe muri Police FC nyuma yo kuva mu bihano . Ku byibajijweho na benshi ku mpamvu APR FC yaba yahisemo kumutiza ikipe yambara ubururu n’umwe, ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ko impamvu bwahisemo gutiza Sugira Ernest muri Rayon Sports aho kumutiza mu yandi makipe yamushakaga, ari uko Rayon Sports ari yo yari yanditse imusaba mbere nk’uko urubuga rwa interineti rw’iyi kipe rubigaragaza. APR FC igira iti “Nk’uko ibaruwa Rayon Sports yandikiye APR FC ibigaragaza, ikipe y’ingabo z’igihugu yahisemo gutiza Sugira Ernest muri Rayon Sports kuko iyi kipe ariyo yanditse mbere y’andi makipe yifuzaga gutizwa uyu rutahizamu.” APR FC igaragaza ko Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate yandikiye Perezida wa APR FC asaba gutizwa uyu mukinnyi tariki ya 26 Ukuboza 2019, Gasogi United ikandika tariki 28 Ukuboza 2019 naho Police FC ikandika isaba gutizwa uyu uyu rutahizamu tariki 29 Ukuboza 2019. Sugira Ernest agiye gufasha Rayon Sports mu mikino yo kwishyura ya shampiyona izatangira tariki ya 04 Mutarama 2020 akaba agiye gusimbura Michel Sarpong urahaguruka muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru yerekeza mu Bushinwa ku itariki 02 Mutarama 2020 nk’uko Umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul abitangaza. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Kuki APR FC yahisemo gutiza Sugira Ernest muri mukeba Rayon Sports? UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-12-2019 saa 13:49' whatsapp Facebook Bikimenyekana ko kuri uyu wa mbere ikipe ya APR FC yatije rutahizamu wayo Sugira Ernest muri mukeba wayo Rayon Sports, byavugishije benshi bibaza uburyo uyu rutahizamu udashidikanywaho yewe no mu ikipe y’igihugu, ikipe y’ingabo z’igihugu yahitamo kumutiza ikipe bahanganye ibihe byose. Ikipe ya APR FC yahisemo gutiza Sugira Ernest muri Rayon Sports mu gihe cy’umwaka n’igice nyuma y’uko ivuguruje amakuru we ubwe yari yitangarije ko Rutahizamu Sugira Ernest yatijwe muri Police FC nyuma yo kuva mu bihano . Ku byibajijweho na benshi ku mpamvu APR FC yaba yahisemo kumutiza ikipe yambara ubururu n’umwe, ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ko impamvu bwahisemo gutiza Sugira Ernest muri Rayon Sports aho kumutiza mu yandi makipe yamushakaga, ari uko Rayon Sports ari yo yari yanditse imusaba mbere nk’uko urubuga rwa interineti rw’iyi kipe rubigaragaza. APR FC igira iti “Nk’uko ibaruwa Rayon Sports yandikiye APR FC ibigaragaza, ikipe y’ingabo z’igihugu yahisemo gutiza Sugira Ernest muri Rayon Sports kuko iyi kipe ariyo yanditse mbere y’andi makipe yifuzaga gutizwa uyu rutahizamu.” APR FC igaragaza ko Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate yandikiye Perezida wa APR FC asaba gutizwa uyu mukinnyi tariki ya 26 Ukuboza 2019, Gasogi United ikandika tariki 28 Ukuboza 2019 naho Police FC ikandika isaba gutizwa uyu uyu rutahizamu tariki 29 Ukuboza 2019. Sugira Ernest agiye gufasha Rayon Sports mu mikino yo kwishyura ya shampiyona izatangira tariki ya 04 Mutarama 2020 akaba agiye gusimbura Michel Sarpong urahaguruka muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru yerekeza mu Bushinwa ku itariki 02 Mutarama 2020 nk’uko Umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul abitangaza. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika