Close MORE NEWS Imitoma Raila Odinga yateye umugore we ku isabukuru ye yatangaje benshi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 26-08-2019 saa 06:51' whatsapp Facebook Umunya-Politike Raila Odinga uzwi ho kutavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uhuru Kenyatta, yavuze imyato umukunzi we amubwira amagambo aryohereye y’urukundo ku munsi we w’amavuko yuzuzagaho imyaka 69 y’amavuko ku wa Gatandatu. Aya magambo ya Raila yabwiye umugore we, yayatangaje kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 24 Kanama 2019, ari nawo munsi umugore we uzwi nka Ida Odinga yakozeho ibirori byo kwishimira undim waka mu buzima bwe. Uyu mugabo uhagarariye ishyaka rya Orange Democratic Movement (ODM),ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko ubutumwa bugaragaza ko umugore we ari inking ya mwamba mu buzima bwe. Yagize ati "Urakoze cyane gukomeza kuba inking ya mwamba n’umurinzi w’umuryango muri iyi myaka yose. Imana iguhe umugisha kuri uyu munsi w’umwihariko. Isabukuru nziza @IdaOdinga, ” Uretse Raila Odinga, n’abana babo barimo Winnie and Raila Junior nabo bifurije mama wabo, umunsi mwiza w’amavuko banamushimira ku bwitange bukomeye akomeje kugenda abagaragariza kuva bakiri bato kugeza ubu bamaze gukura. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Imitoma Raila Odinga yateye umugore we ku isabukuru ye yatangaje benshi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 26-08-2019 saa 06:51' whatsapp Facebook Umunya-Politike Raila Odinga uzwi ho kutavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uhuru Kenyatta, yavuze imyato umukunzi we amubwira amagambo aryohereye y’urukundo ku munsi we w’amavuko yuzuzagaho imyaka 69 y’amavuko ku wa Gatandatu. Aya magambo ya Raila yabwiye umugore we, yayatangaje kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 24 Kanama 2019, ari nawo munsi umugore we uzwi nka Ida Odinga yakozeho ibirori byo kwishimira undim waka mu buzima bwe. Uyu mugabo uhagarariye ishyaka rya Orange Democratic Movement (ODM),ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko ubutumwa bugaragaza ko umugore we ari inking ya mwamba mu buzima bwe. Yagize ati "Urakoze cyane gukomeza kuba inking ya mwamba n’umurinzi w’umuryango muri iyi myaka yose. Imana iguhe umugisha kuri uyu munsi w’umwihariko. Isabukuru nziza @IdaOdinga, ” Uretse Raila Odinga, n’abana babo barimo Winnie and Raila Junior nabo bifurije mama wabo, umunsi mwiza w’amavuko banamushimira ku bwitange bukomeye akomeje kugenda abagaragariza kuva bakiri bato kugeza ubu bamaze gukura. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu