Close MORE NEWS Ejo haramenyekana iby’ubuhanuzi bwa Bishop Rugagi na Rev. Kayumba k’ugomba kwambikwa ikamba rya Nyampinga UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 23-02-2018 saa 13:14' whatsapp Facebook Mu gihe kuri ubu hasigaye amasaha makeya ngo hamenyekane umwari wambikwa Ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018, abantu benshi bategereje n’amatsiko menshi kumenya hagati ya Bishop RugagiInnocent na Rev. Past. Kayumba uwahanuye iby’ukuri ku mukobwa yavuze uzambikwa ikamba. Gutoranya Nyampinga mu Rwanda ni igikorwa kiba buri mwaka aho hatoranywa umukobwa uhiga abandi mu muco, ubwenge ndetse n’ubwiza, gusa muri uyu mwaka wa 2018 iri rushanwa ryajemo impinduka nyinshi zitandukanye ugereranyije n’andi marushanwa yabanje. Muri izo mpinduka harimo kuba nyaminga azahabwa imodoka ihenze yo mu bwoko bwa Suzuki Belano ifite agaciro ka Miriyoni zisaga 18 z’amafaranga y’ u Rwanda ndetse akazajya ashyigikirwa mu bikorwa bye bitandukanye bizagirira igihugu akamaro nk’imwe mu migabo n’imigambo aba yarahize kugira ngo agirirwe ikizere. Nyuma yuko iri rushanwa ritangiye, abantu batandukanye batangiye kugenda batangaza abo bashyigikiye aho twavuga nk’Umunyana Shanitah ushyigikiwe na Bishop Rugagi Innocent ndetse na Rev. Kayumba ushyigikiye Ishimwe Noriella. Kuri ubu abantu benshi baribaza uzegukana ikamba rya nyaminga w’ u Rwanda 2018 hagati ya Shanitah ndetse na Ishimwe Noriella. Mu gushyigikira abakobwa bari inyuma, aba Bapasiteri bagerageje kugenda babatoresha mu buryo butandukanye dore ko hari n’abo byanze mu nda batangira kujya bakoresha ibyapa byamamaza bano bakobwa babishyira ku binyabiziga byabo bagenda mu rwego rwo gukomeza kubatoresha mu bayoboke babo bahagarariye. Dusubiye inyuma gato, twakwibutsa ko Rugagi yasengeye uyu mukobwa ndetse anahanura ko aherutse kugira iyerekwa ko Umunyana Shanitah ariwe uzegukana ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 ndetse azahiga abandi bakobwa bose bahanganye muri aya marushanwa nubwo we yabihakanye avuga ko atamuhanuriye ahubwo yamusengeye. Rev. Kayumba nawe nubwo nta byinshi yigeze avuga ku wo yaba yarakabirije inzozi ko azatwara ikamba rya nyaminga gusa yagize ati “ Nimero 22 Ishimwe Noriella) ni we nshyigikiye,..impamvu nagendeyeho ni ubuhamya bwe bwiza, iwabo ni abavandimwe ni inshuti zanjye, ikindi afite abafana. Numva ari we wazahagararira igihugu akaba Miss Rwanda 2018 kuko afite imico myiza, afite igikundiro. Ndi kumusengera, nizeye ko azaba Miss Rwanda, ndabyizeye mu mutima kandi kwizera kurarema”. Yakomeje agira ati “Iyo Imana ivuganye n’umuntu ikintu ni we mvugisha akazitangira ubuhamya, ubutumwa bw’Imana si ngombwa kubutanga ku karubanda, niba hari ibyo Imana yambwiye ndimo gusenga sinabitangaza. Mfite uburyo mvugana n’Imana. Kuri ubu buri wese aribaza ikibazo kigira kiti “Hagati ya Umunyana Shanitah ushyigikiwe na Bishop Rugagi ndetse na Rev. Kayumba ushyigikiye Ishimwe Noriella ninde usenga Bayari? ibi bikaba biramenyekana kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24 Gashyantare 2018 muri Kigali Convention Center. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Mubo bibwirako bazatahana Igashimwe ntanumwe urimo Muribo Bose barabeshera imana nanjye ndumuhanuzi wuwiteka ahubwo nundi Imana ibimufashemo kandi imushigikire mukumusohoreza ibyo nahanuye Amen Amen Amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Mubo bibwirako bazatahana Igashimwe ntanumwe urimo Muribo Bose barabeshera imana nanjye ndumuhanuzi wuwiteka ahubwo nundi Imana ibimufashemo kandi imushigikire mukumusohoreza ibyo nahanuye Amen Amen Amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen uwimana Kuya 24-02-2018 Imana ishimwe igaragaje Rugagi ko ari umuhanuzi wibinyoma ndishimye cyaneeeeee kabisa SYLVERE Kuya 24-02-2018 Inzira y’Imana irafunganye ntabwo aringari .baraseba pe ntabwo bibaho mumarushanwa SYLVERE Kuya 24-02-2018 Inzira y’Imana irafunganye ntabwo aringari .baraseba pe ntabwo bibaho mumarushanwa Masokubona Kuya 24-02-2018 Sha nange mpanze amaso ubu buhanuzi bw’aba bagabo menye imihanurire yabo koko uwimana Kuya 24-02-2018 Uwampa Imana ikankoreza isoni abo bahanuzi bibinyoma bivanze muri byinshi birirwa babeshyera Imana Ariko Imana irabagaragaza uyu munsi wema Kuya 23-02-2018 Andika Igitekerezo Hanno ababarasebyepe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ejo haramenyekana iby’ubuhanuzi bwa Bishop Rugagi na Rev. Kayumba k’ugomba kwambikwa ikamba rya Nyampinga UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 23-02-2018 saa 13:14' whatsapp Facebook Mu gihe kuri ubu hasigaye amasaha makeya ngo hamenyekane umwari wambikwa Ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018, abantu benshi bategereje n’amatsiko menshi kumenya hagati ya Bishop RugagiInnocent na Rev. Past. Kayumba uwahanuye iby’ukuri ku mukobwa yavuze uzambikwa ikamba. Gutoranya Nyampinga mu Rwanda ni igikorwa kiba buri mwaka aho hatoranywa umukobwa uhiga abandi mu muco, ubwenge ndetse n’ubwiza, gusa muri uyu mwaka wa 2018 iri rushanwa ryajemo impinduka nyinshi zitandukanye ugereranyije n’andi marushanwa yabanje. Muri izo mpinduka harimo kuba nyaminga azahabwa imodoka ihenze yo mu bwoko bwa Suzuki Belano ifite agaciro ka Miriyoni zisaga 18 z’amafaranga y’ u Rwanda ndetse akazajya ashyigikirwa mu bikorwa bye bitandukanye bizagirira igihugu akamaro nk’imwe mu migabo n’imigambo aba yarahize kugira ngo agirirwe ikizere. Nyuma yuko iri rushanwa ritangiye, abantu batandukanye batangiye kugenda batangaza abo bashyigikiye aho twavuga nk’Umunyana Shanitah ushyigikiwe na Bishop Rugagi Innocent ndetse na Rev. Kayumba ushyigikiye Ishimwe Noriella. Kuri ubu abantu benshi baribaza uzegukana ikamba rya nyaminga w’ u Rwanda 2018 hagati ya Shanitah ndetse na Ishimwe Noriella. Mu gushyigikira abakobwa bari inyuma, aba Bapasiteri bagerageje kugenda babatoresha mu buryo butandukanye dore ko hari n’abo byanze mu nda batangira kujya bakoresha ibyapa byamamaza bano bakobwa babishyira ku binyabiziga byabo bagenda mu rwego rwo gukomeza kubatoresha mu bayoboke babo bahagarariye. Dusubiye inyuma gato, twakwibutsa ko Rugagi yasengeye uyu mukobwa ndetse anahanura ko aherutse kugira iyerekwa ko Umunyana Shanitah ariwe uzegukana ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 ndetse azahiga abandi bakobwa bose bahanganye muri aya marushanwa nubwo we yabihakanye avuga ko atamuhanuriye ahubwo yamusengeye. Rev. Kayumba nawe nubwo nta byinshi yigeze avuga ku wo yaba yarakabirije inzozi ko azatwara ikamba rya nyaminga gusa yagize ati “ Nimero 22 Ishimwe Noriella) ni we nshyigikiye,..impamvu nagendeyeho ni ubuhamya bwe bwiza, iwabo ni abavandimwe ni inshuti zanjye, ikindi afite abafana. Numva ari we wazahagararira igihugu akaba Miss Rwanda 2018 kuko afite imico myiza, afite igikundiro. Ndi kumusengera, nizeye ko azaba Miss Rwanda, ndabyizeye mu mutima kandi kwizera kurarema”. Yakomeje agira ati “Iyo Imana ivuganye n’umuntu ikintu ni we mvugisha akazitangira ubuhamya, ubutumwa bw’Imana si ngombwa kubutanga ku karubanda, niba hari ibyo Imana yambwiye ndimo gusenga sinabitangaza. Mfite uburyo mvugana n’Imana. Kuri ubu buri wese aribaza ikibazo kigira kiti “Hagati ya Umunyana Shanitah ushyigikiwe na Bishop Rugagi ndetse na Rev. Kayumba ushyigikiye Ishimwe Noriella ninde usenga Bayari? ibi bikaba biramenyekana kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24 Gashyantare 2018 muri Kigali Convention Center. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Mubo bibwirako bazatahana Igashimwe ntanumwe urimo Muribo Bose barabeshera imana nanjye ndumuhanuzi wuwiteka ahubwo nundi Imana ibimufashemo kandi imushigikire mukumusohoreza ibyo nahanuye Amen Amen Amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Mubo bibwirako bazatahana Igashimwe ntanumwe urimo Muribo Bose barabeshera imana nanjye ndumuhanuzi wuwiteka ahubwo nundi Imana ibimufashemo kandi imushigikire mukumusohoreza ibyo nahanuye Amen Amen Amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen r.v.r pastor buhungu Abel Kuya 24-02-2018 Nitwa r.v.r pastor buhungu Abel Ndumuhanuzi wuwiteka Mubo bavuze ntanumwe Uzatsindira igihembo nundi Imana isohoze ubuhanuzi bwanjye amen amen amen uwimana Kuya 24-02-2018 Imana ishimwe igaragaje Rugagi ko ari umuhanuzi wibinyoma ndishimye cyaneeeeee kabisa SYLVERE Kuya 24-02-2018 Inzira y’Imana irafunganye ntabwo aringari .baraseba pe ntabwo bibaho mumarushanwa SYLVERE Kuya 24-02-2018 Inzira y’Imana irafunganye ntabwo aringari .baraseba pe ntabwo bibaho mumarushanwa Masokubona Kuya 24-02-2018 Sha nange mpanze amaso ubu buhanuzi bw’aba bagabo menye imihanurire yabo koko uwimana Kuya 24-02-2018 Uwampa Imana ikankoreza isoni abo bahanuzi bibinyoma bivanze muri byinshi birirwa babeshyera Imana Ariko Imana irabagaragaza uyu munsi wema Kuya 23-02-2018 Andika Igitekerezo Hanno ababarasebyepe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu