Close MORE NEWS CAN 2019: Nigeria yegukanye umwanya wa Gatatu ku nshuro ya munani-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 18-07-2019 saa 06:58' whatsapp Facebook Igitego kimwe rukumbi cya Odion Ighalo yinjirije Nigeria ku munota wa Gatatu gusa mu mukino bakinaga na Tunisia, ni cyo cyahesheje iki gihugu kwegukana umwanya wa Gatatu mu gikombe cya Afurika kigana ku musozo mu Misiri. Uyu mukinnyi Ighalo yahise agira ibitego bitanu, bizasaba Riyad Mahrez na Adam Ounas ba Algeria cyangwa Sadio Mané wa Senegal gutsinda hejuru y’ibitego bibiri ku mukino wa nyuma ngo bamuceho, kuko bo bafite bitatu. Mu mukino utari ushamaje cyane hagati y’aya makipe yatsinzwe muri kimwe cya kabiri, Tunisia yabonye uburyo bunyuranye bwo gutsinda ariko ntiyabubyaza umusaruro. Birasaba abasigaye gutsinda ibitego bitatu kugira ngo bace kuri Odion Ighalo Tunisia yari itsinzwe ikindi gitego mu minota ya nyuma ariko umunyezamu agarura mu buryo butangaje ’coup franc’ yari itewe neza na Samuel Kalu. Tunisia iheruka iki gikombe mu 2004 gikinirwa iwayo, ubwo n’Amavubi y’u Rwanda yari yitabiriye iri rushanwa. Umukino wa nyuma w’iri rushanwa utegerejwe cyane ejo ku wa gatanu hagati ya Senegal ishaka iki gikombe ku nshuro ya mbere, na Algeria igishaka cyane kuko igiheruka mu 1990. Super Eagles ya Nigeria yafashe umwanya wa gatatu Odion Ighalo na bagenzi be bishimira igitego cye cyo ku munota wa gatatu cyabahesheje kwegukana umwanya wa gatatu ku nshuro ya munani @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
CAN 2019: Nigeria yegukanye umwanya wa Gatatu ku nshuro ya munani-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 18-07-2019 saa 06:58' whatsapp Facebook Igitego kimwe rukumbi cya Odion Ighalo yinjirije Nigeria ku munota wa Gatatu gusa mu mukino bakinaga na Tunisia, ni cyo cyahesheje iki gihugu kwegukana umwanya wa Gatatu mu gikombe cya Afurika kigana ku musozo mu Misiri. Uyu mukinnyi Ighalo yahise agira ibitego bitanu, bizasaba Riyad Mahrez na Adam Ounas ba Algeria cyangwa Sadio Mané wa Senegal gutsinda hejuru y’ibitego bibiri ku mukino wa nyuma ngo bamuceho, kuko bo bafite bitatu. Mu mukino utari ushamaje cyane hagati y’aya makipe yatsinzwe muri kimwe cya kabiri, Tunisia yabonye uburyo bunyuranye bwo gutsinda ariko ntiyabubyaza umusaruro. Birasaba abasigaye gutsinda ibitego bitatu kugira ngo bace kuri Odion Ighalo Tunisia yari itsinzwe ikindi gitego mu minota ya nyuma ariko umunyezamu agarura mu buryo butangaje ’coup franc’ yari itewe neza na Samuel Kalu. Tunisia iheruka iki gikombe mu 2004 gikinirwa iwayo, ubwo n’Amavubi y’u Rwanda yari yitabiriye iri rushanwa. Umukino wa nyuma w’iri rushanwa utegerejwe cyane ejo ku wa gatanu hagati ya Senegal ishaka iki gikombe ku nshuro ya mbere, na Algeria igishaka cyane kuko igiheruka mu 1990. Super Eagles ya Nigeria yafashe umwanya wa gatatu Odion Ighalo na bagenzi be bishimira igitego cye cyo ku munota wa gatatu cyabahesheje kwegukana umwanya wa gatatu ku nshuro ya munani @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu