Close MORE NEWS Bakame wirukanywe muri Kenya ashobora gusinyira Police FC UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 9-07-2019 saa 12:51' whatsapp Facebook Biravugwa ko umunyezamu Ndayishimiye Eric [Bakame] wari umaze amezi 8 akinira ikipe ya AFC Leopards ikaza kumwirukana, ashobora gusinyira ikipe ya Police FC, ibiganiro bigeze kure. Mu Gushyingo 2018 ni bwo Bakame yerekeje muri Kenya mu ikipe ya AFC Leopards nyuma yo kuva mu Rwanda yirukanywe muri Rayon Sports. Uyu munyezamu ubu arababrizwa mu Rwanda, amakuru agera ku kinyamakuru Isimbi.rw, avuga ko uyu mukinnyi atazasubira muri Kenya mu ikipe ya AFC Leopards itozwa n’umunyarwanda Cassa Mbungo Andre, kuko yavuyeyo bamaze kurangizanya bamubwiye ko batakimukeneye. Uretse kuba iyi kipe itarishimiye umusaruro we nk’umunyezamu w’umunyamahanga, Bakame bivugwa ko yagiye agirana ibibazo n’umutoza Cassa Mbungo Andre utoza iyi kipe. Amaze ukwezi kurenga mu Rwanda, akaba yaratangiye ibiganiro n’ikipe ya Police FC, gusa ibi biganiro ntibirarangira ariko bigenze neza uyu munyezamu umwaka utaha w’imikino azaba akinira ikipe ya Police FC. Bakame yakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda arimo Atlaco FC yasenyutse, APR FC, Rayon Sports yanabereye kapiteni, yakiniye kandi ikipe y’igihugu Amavubi. Bakame wasingizwaga muri Rayon Sports yagiye muri Kenya nyuma yo kwirukanwa mu iyi kipe yambara ubururu n’umweru @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Bakame wirukanywe muri Kenya ashobora gusinyira Police FC UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 9-07-2019 saa 12:51' whatsapp Facebook Biravugwa ko umunyezamu Ndayishimiye Eric [Bakame] wari umaze amezi 8 akinira ikipe ya AFC Leopards ikaza kumwirukana, ashobora gusinyira ikipe ya Police FC, ibiganiro bigeze kure. Mu Gushyingo 2018 ni bwo Bakame yerekeje muri Kenya mu ikipe ya AFC Leopards nyuma yo kuva mu Rwanda yirukanywe muri Rayon Sports. Uyu munyezamu ubu arababrizwa mu Rwanda, amakuru agera ku kinyamakuru Isimbi.rw, avuga ko uyu mukinnyi atazasubira muri Kenya mu ikipe ya AFC Leopards itozwa n’umunyarwanda Cassa Mbungo Andre, kuko yavuyeyo bamaze kurangizanya bamubwiye ko batakimukeneye. Uretse kuba iyi kipe itarishimiye umusaruro we nk’umunyezamu w’umunyamahanga, Bakame bivugwa ko yagiye agirana ibibazo n’umutoza Cassa Mbungo Andre utoza iyi kipe. Amaze ukwezi kurenga mu Rwanda, akaba yaratangiye ibiganiro n’ikipe ya Police FC, gusa ibi biganiro ntibirarangira ariko bigenze neza uyu munyezamu umwaka utaha w’imikino azaba akinira ikipe ya Police FC. Bakame yakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda arimo Atlaco FC yasenyutse, APR FC, Rayon Sports yanabereye kapiteni, yakiniye kandi ikipe y’igihugu Amavubi. Bakame wasingizwaga muri Rayon Sports yagiye muri Kenya nyuma yo kwirukanwa mu iyi kipe yambara ubururu n’umweru @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu