Close MORE NEWS Ange Kagame n’umugabo we bakoreye ukwa buki muri Pariki ya Nyungwe-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-07-2019 saa 08:14' whatsapp Facebook Ange Ingabire Kagame, ubuheta bwa Perezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame yasezeranye imbere y’Imana kubana akaramata n’umukunzi we yihebeye, Ndengeyingoma Bertrand ku wa 06 Nyakanga 2019 mu muhango wabereye ku Kimihurura muri IFAK wayobowe na Musenyeri wa Diyosezi ya Kigali Kambanda Antoine. Ni ibirori byitabiriwe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu we n’inshuti z’umuryango wa Ange KAGAME birumvikana n’abo ku ruhande rw’umukunzi we. Musenyeri Kambanda Antoine wayoboye uwo muhango wo gusezeranya Ange Kagame na Bertrand, mbere akaba yarabahaye impanuro zitandukanye aho yanabahaye impano ya Bibiliya nk’inkingi bazubakiraho mu buzima bwabo. Nyuma y’uwo muhango, hakurikiyeho kwiyakira aho abatumirwa bose berekeje i Rusororo mu Intare Conference Arena ahagana saa munani z’igicamunsi. Nyuma y’umuhango wabereye i Rusororo habaye umugoroba w’umusangiro, wabereye muri Kigali Convention Centre, ukurikirwa n’ibirori byo kwishimira urugo rushya rw’abageni no gusabana nabyo byabereye mu cyumba cya KCC. Nk’ibisanzwe henshi ku isi abamaze kurushinga, bahitamo ahantu heza hababereye bakahajya mu kwishimira urugendo rushya rw’ubuzima baba batangiye, ibihe abenshi bakunze kwita ’Ukwezi kwa Buki’. Nyuma yo kurushinga bamaze kuba umwe imbere y’Imana ndetse n’amategeko, Ange Kagame na Bertrand na bo bafashe ukwezi ko kwishimira ko ubukwe bwabo bwagenze neza ndetse banaboneraho kuruhuka mu mutwe batekereza ku rugo rwabo rushya. Uku kwezi kwa Buki ’Honeymoon’ bahisemo kugukorera muri Pariki ya Nyungwe nkuko Ange Kagame yabigaragaje akoresheje Twitter ye. Twabibutsa ko iyi Pariki y’igihugu ya Nyungwe uyu muryango mushya wa Ndengeyingoma na Ange Kagame bahisemo kumviramo ukwa buki, ari igice gikomeye kirimo umutungo kamere w’ubwoko bw’ibimera butandukanye ndetse n’amoko arenga 250 y’inyoni zinogeye amaso. Mu mpera za Ukuboza 2018, nibwo Ange Kagame yasabwe na Bertrand Ndengeyingoma mu birori byabereye mu rugo rwa Perezida Kagame mu karere la Rwamagana mu murenge wa Muhazi. Ubwo Ange Kagame yasabwaga @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Ange Kagame n’umugabo we bakoreye ukwa buki muri Pariki ya Nyungwe-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-07-2019 saa 08:14' whatsapp Facebook Ange Ingabire Kagame, ubuheta bwa Perezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame yasezeranye imbere y’Imana kubana akaramata n’umukunzi we yihebeye, Ndengeyingoma Bertrand ku wa 06 Nyakanga 2019 mu muhango wabereye ku Kimihurura muri IFAK wayobowe na Musenyeri wa Diyosezi ya Kigali Kambanda Antoine. Ni ibirori byitabiriwe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu we n’inshuti z’umuryango wa Ange KAGAME birumvikana n’abo ku ruhande rw’umukunzi we. Musenyeri Kambanda Antoine wayoboye uwo muhango wo gusezeranya Ange Kagame na Bertrand, mbere akaba yarabahaye impanuro zitandukanye aho yanabahaye impano ya Bibiliya nk’inkingi bazubakiraho mu buzima bwabo. Nyuma y’uwo muhango, hakurikiyeho kwiyakira aho abatumirwa bose berekeje i Rusororo mu Intare Conference Arena ahagana saa munani z’igicamunsi. Nyuma y’umuhango wabereye i Rusororo habaye umugoroba w’umusangiro, wabereye muri Kigali Convention Centre, ukurikirwa n’ibirori byo kwishimira urugo rushya rw’abageni no gusabana nabyo byabereye mu cyumba cya KCC. Nk’ibisanzwe henshi ku isi abamaze kurushinga, bahitamo ahantu heza hababereye bakahajya mu kwishimira urugendo rushya rw’ubuzima baba batangiye, ibihe abenshi bakunze kwita ’Ukwezi kwa Buki’. Nyuma yo kurushinga bamaze kuba umwe imbere y’Imana ndetse n’amategeko, Ange Kagame na Bertrand na bo bafashe ukwezi ko kwishimira ko ubukwe bwabo bwagenze neza ndetse banaboneraho kuruhuka mu mutwe batekereza ku rugo rwabo rushya. Uku kwezi kwa Buki ’Honeymoon’ bahisemo kugukorera muri Pariki ya Nyungwe nkuko Ange Kagame yabigaragaje akoresheje Twitter ye. Twabibutsa ko iyi Pariki y’igihugu ya Nyungwe uyu muryango mushya wa Ndengeyingoma na Ange Kagame bahisemo kumviramo ukwa buki, ari igice gikomeye kirimo umutungo kamere w’ubwoko bw’ibimera butandukanye ndetse n’amoko arenga 250 y’inyoni zinogeye amaso. Mu mpera za Ukuboza 2018, nibwo Ange Kagame yasabwe na Bertrand Ndengeyingoma mu birori byabereye mu rugo rwa Perezida Kagame mu karere la Rwamagana mu murenge wa Muhazi. Ubwo Ange Kagame yasabwaga @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo