Close MORE NEWS Amafoto agaragaza ubuzima umuhungu wa Diamond na Zari abayemo yavugishije abantu karahava UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 8-01-2018 saa 12:13' whatsapp Facebook Nyuma y’umwaka umwe Diamond Platnumz na Zari Hassan (The Boss Lady) babyaranye umwana w’umuhungu bakamwita Nillan, kuri ubu ubuzima uyu mwana abayemo bwavugishije abantu amangambure kubera uburyo buhenze bagendeye ku mafoto yasizwe hanze na Diamond agaragaza uburyo uyu mwana yitaweho bikomeye. Mu mpera z’iki cyumweru gishize nibwo aba babyeyi b’abaherwe mu gihugu cya Tanzaniya basize hanze amafoto y’abana babo by’umwihariko uw’umuhungu yerekana uyu mwana atwara imodoka ye (imodoka zo mu bwoko bw’ibikinisho) ndtetse anayifotorezaho amafoto atandukanye atangaje byatumye abantu benshi batungurwa bavuga ko imfura itega nka se ko uyu mwana ashobora kuzaba icyamamare nka se umubyara ari we Diamond. Izi modoka zo mu bwoko bw’ibikinisho uyu mwana wa Diamond na Zari yaguriwe zifite agaciro ka miliyoni 3 zirenga. Uyu mwana yaguriwe ibi bikinisho bihenze ngo by’umwihariko bitewe nuko Diamond yamubonye amushaka cyane aricyo kiri gutuma uyu mwana ari mu buzima buhenze cyane nkuko ikinyamakuru Ghafla dukesha iyi nkuru kibivuga. Aya akurikira ni amwe mu mafoto y’umwana wa Diamond na Zari atangaje. Kuri ubu Diamond na Zari Hassan bamaze kubyara abana babiri (umuhungu n’umukobwa, Tiffah na Nillan ) baza biyongera kuri batatu uyu mugore yabyaye akiba muri Uganda [Pinto, Didy na Quincy], mbere yo gushakana na Diamond. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Amafoto agaragaza ubuzima umuhungu wa Diamond na Zari abayemo yavugishije abantu karahava UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 8-01-2018 saa 12:13' whatsapp Facebook Nyuma y’umwaka umwe Diamond Platnumz na Zari Hassan (The Boss Lady) babyaranye umwana w’umuhungu bakamwita Nillan, kuri ubu ubuzima uyu mwana abayemo bwavugishije abantu amangambure kubera uburyo buhenze bagendeye ku mafoto yasizwe hanze na Diamond agaragaza uburyo uyu mwana yitaweho bikomeye. Mu mpera z’iki cyumweru gishize nibwo aba babyeyi b’abaherwe mu gihugu cya Tanzaniya basize hanze amafoto y’abana babo by’umwihariko uw’umuhungu yerekana uyu mwana atwara imodoka ye (imodoka zo mu bwoko bw’ibikinisho) ndtetse anayifotorezaho amafoto atandukanye atangaje byatumye abantu benshi batungurwa bavuga ko imfura itega nka se ko uyu mwana ashobora kuzaba icyamamare nka se umubyara ari we Diamond. Izi modoka zo mu bwoko bw’ibikinisho uyu mwana wa Diamond na Zari yaguriwe zifite agaciro ka miliyoni 3 zirenga. Uyu mwana yaguriwe ibi bikinisho bihenze ngo by’umwihariko bitewe nuko Diamond yamubonye amushaka cyane aricyo kiri gutuma uyu mwana ari mu buzima buhenze cyane nkuko ikinyamakuru Ghafla dukesha iyi nkuru kibivuga. Aya akurikira ni amwe mu mafoto y’umwana wa Diamond na Zari atangaje. Kuri ubu Diamond na Zari Hassan bamaze kubyara abana babiri (umuhungu n’umukobwa, Tiffah na Nillan ) baza biyongera kuri batatu uyu mugore yabyaye akiba muri Uganda [Pinto, Didy na Quincy], mbere yo gushakana na Diamond. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu