Close MORE NEWS Rurangiranwa muri Filimi Arnold Schwarzenegger yamennye amabanga UMUBAVU.com Rukundo Kuya 22-10-2019 saa 13:05' whatsapp Facebook Umukinnyi wa Filimi wamenyekanye ku izina rya Komando, ubusanzwe witwa Arnold Schwarzenegger yahishuye ko nta gihe yigeze akunda Politiki na rimwe. Uyu mugabo wamamaye cyane mu gukina amafirimi, yanabaye Guverineri wa Leta ya California akaba akomoka mu ishyaka ry’Abarepubulikani. Mu kiganiro Graham Norton Show gica kuri BBC One, Schwarzenegger yavuze ko "Politiki itambamira gahunda nziza". Avuga ko ubu mu kurengera isi, ari guha inkunga ye umwana w’umukobwa witwa Greta Thunberg ugamije kurwanya ihindagurika ry’ikirere. Mu minsi ishize, Schwarzenegger yahaye uyu mwana w’imyaka 15, imodoka ikoresha amashanyarazi ngo ajye ayigendamo atangiza ikirere aho ari kuzenguruka amerika. Avuga ko nawe yiteguye kumufasha kumvikanisha ubutumwa bwe. Arnold Schwarzenegger w’imyaka 72, ari kumwe na Linda Hamilton w’imyaka 63, aho bari kwamamaza filimi nshya bakinanye yitwa terminator: dark fate. Ubu bagiye muri Koreya y’Epfo muri ibyo bikorwa. Arnold Schwarzenegger Schwarzenegger yabwiye kiriya kiganiro gica kuri bbc one ko yababajwe no kutabasha kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ngo yanga Politiki. n’igihe nari guverineri (wa california) ntabwo nigeze numva ndi umunyapolitiki. Yagize ati "Nari umukozi wa rubanda washyiragaho gahunda zigamije gukorera abantu ibyiza". Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Norbet Kuya 21-11-2019 Imyaka 72 wamugabo arashaje kbs arikose flme akina buriya aba agamije kwigisha iki mwadufasha mukadusobanurira Nsabimana Kuya 22-10-2019 Ntimukatubeshye uyu Rambo si commando ubu se mwabuze ifoto ye? INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Rurangiranwa muri Filimi Arnold Schwarzenegger yamennye amabanga UMUBAVU.com Rukundo Kuya 22-10-2019 saa 13:05' whatsapp Facebook Umukinnyi wa Filimi wamenyekanye ku izina rya Komando, ubusanzwe witwa Arnold Schwarzenegger yahishuye ko nta gihe yigeze akunda Politiki na rimwe. Uyu mugabo wamamaye cyane mu gukina amafirimi, yanabaye Guverineri wa Leta ya California akaba akomoka mu ishyaka ry’Abarepubulikani. Mu kiganiro Graham Norton Show gica kuri BBC One, Schwarzenegger yavuze ko "Politiki itambamira gahunda nziza". Avuga ko ubu mu kurengera isi, ari guha inkunga ye umwana w’umukobwa witwa Greta Thunberg ugamije kurwanya ihindagurika ry’ikirere. Mu minsi ishize, Schwarzenegger yahaye uyu mwana w’imyaka 15, imodoka ikoresha amashanyarazi ngo ajye ayigendamo atangiza ikirere aho ari kuzenguruka amerika. Avuga ko nawe yiteguye kumufasha kumvikanisha ubutumwa bwe. Arnold Schwarzenegger w’imyaka 72, ari kumwe na Linda Hamilton w’imyaka 63, aho bari kwamamaza filimi nshya bakinanye yitwa terminator: dark fate. Ubu bagiye muri Koreya y’Epfo muri ibyo bikorwa. Arnold Schwarzenegger Schwarzenegger yabwiye kiriya kiganiro gica kuri bbc one ko yababajwe no kutabasha kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ngo yanga Politiki. n’igihe nari guverineri (wa california) ntabwo nigeze numva ndi umunyapolitiki. Yagize ati "Nari umukozi wa rubanda washyiragaho gahunda zigamije gukorera abantu ibyiza". Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Norbet Kuya 21-11-2019 Imyaka 72 wamugabo arashaje kbs arikose flme akina buriya aba agamije kwigisha iki mwadufasha mukadusobanurira Nsabimana Kuya 22-10-2019 Ntimukatubeshye uyu Rambo si commando ubu se mwabuze ifoto ye? INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo