Close MORE NEWS Tariki ya 19 Nzeri UMUBAVU.com Kuya 19-09-2016 saa 04:38' whatsapp Facebook Tariki ya 19 Nzeri ni umunsi wa 262 w’umwaka ubura iminsi 105 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1180: Mu Bufaransa,wabaye Umwami Philippi II yasimbuye ku ngoma Louis VII, wari umaze gutanga. 1551:Havutse Henri III, Umwami w’u Bufaransa 1946: Sir Winston Leonard Spencer-Churchill wari umenyerewe cyane ku izina "Winston Churchill" yasabye ko habaho Itegeko Nshinga rigenga Leta Zunze Ubumwe z’u Burayi / Etats Unis d’Europe.Yabaye Umusirikare, yarwanye mu ntambara ya (...) Tariki ya 19 Nzeri ni umunsi wa 262 w’umwaka ubura iminsi 105 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1180: Mu Bufaransa,wabaye Umwami Philippi II yasimbuye ku ngoma Louis VII, wari umaze gutanga. 1551:Havutse Henri III, Umwami w’u Bufaransa 1946: Sir Winston Leonard Spencer-Churchill wari umenyerewe cyane ku izina "Winston Churchill" yasabye ko habaho Itegeko Nshinga rigenga Leta Zunze Ubumwe z’u Burayi / Etats Unis d’Europe.Yabaye Umusirikare, yarwanye mu ntambara ya mbere y’isi,. azwi mu ntambara zo mu Buhinde no muri Sudan. Yabaye kandi Umunyapolitiki urabngwa n’impinduramatwara. Umushinga we wa Leta Zunze Ubumwe z’u Burayi ntiwahise ugerwaho, ariko nyuma y’igihe kirekire haje gushingwa Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. 1955: Habaye kudeta muri Argentine, Perezida Juan Peron ahirikwa ku butegetsi n’agatsiko k’ingabo. 1957: Abanyamerika bagerageje bwa mbere igisasu cya kirimbuzi giturikirizwa mu butaka. Byabereye muri Nevada. 1985: Abantu ibihumbi icumi bahitanwe n’umutingito ku gipimo cya 8,1 1988: Israel yohereje Satellite yayo ya mbere mu kirere 1991: Nibwo Biélorussie yatangarije Umuryango w’Abibumbye ko izina ryayo ryahindutse Bélarus 1991: Abashakashatsi b’Abadage bavumbuye umurambo ukigaragaza isura, w’umuntu wari umaze imyaka 5000 apfuye. Ni mu bushakashatsi bakoreraga mu buvumo bunyuranye bwa Autrichia. 2002: Hatabarutse Général Robert Gueï, wabaye Perezida w Cote d’Ivoire, igihugu yari yaranabereye Umugaba Mukuru w’Ingabo. General Robert Guei yishwe arashwe, nyuma y’amezi make hari umwauka utari mwiza hagati ye na Laurent Gbagbo wayoboraga (unakiyobora) Cote d’Ivoire. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Tariki ya 19 Nzeri UMUBAVU.com Kuya 19-09-2016 saa 04:38' whatsapp Facebook Tariki ya 19 Nzeri ni umunsi wa 262 w’umwaka ubura iminsi 105 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1180: Mu Bufaransa,wabaye Umwami Philippi II yasimbuye ku ngoma Louis VII, wari umaze gutanga. 1551:Havutse Henri III, Umwami w’u Bufaransa 1946: Sir Winston Leonard Spencer-Churchill wari umenyerewe cyane ku izina "Winston Churchill" yasabye ko habaho Itegeko Nshinga rigenga Leta Zunze Ubumwe z’u Burayi / Etats Unis d’Europe.Yabaye Umusirikare, yarwanye mu ntambara ya (...) Tariki ya 19 Nzeri ni umunsi wa 262 w’umwaka ubura iminsi 105 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1180: Mu Bufaransa,wabaye Umwami Philippi II yasimbuye ku ngoma Louis VII, wari umaze gutanga. 1551:Havutse Henri III, Umwami w’u Bufaransa 1946: Sir Winston Leonard Spencer-Churchill wari umenyerewe cyane ku izina "Winston Churchill" yasabye ko habaho Itegeko Nshinga rigenga Leta Zunze Ubumwe z’u Burayi / Etats Unis d’Europe.Yabaye Umusirikare, yarwanye mu ntambara ya mbere y’isi,. azwi mu ntambara zo mu Buhinde no muri Sudan. Yabaye kandi Umunyapolitiki urabngwa n’impinduramatwara. Umushinga we wa Leta Zunze Ubumwe z’u Burayi ntiwahise ugerwaho, ariko nyuma y’igihe kirekire haje gushingwa Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. 1955: Habaye kudeta muri Argentine, Perezida Juan Peron ahirikwa ku butegetsi n’agatsiko k’ingabo. 1957: Abanyamerika bagerageje bwa mbere igisasu cya kirimbuzi giturikirizwa mu butaka. Byabereye muri Nevada. 1985: Abantu ibihumbi icumi bahitanwe n’umutingito ku gipimo cya 8,1 1988: Israel yohereje Satellite yayo ya mbere mu kirere 1991: Nibwo Biélorussie yatangarije Umuryango w’Abibumbye ko izina ryayo ryahindutse Bélarus 1991: Abashakashatsi b’Abadage bavumbuye umurambo ukigaragaza isura, w’umuntu wari umaze imyaka 5000 apfuye. Ni mu bushakashatsi bakoreraga mu buvumo bunyuranye bwa Autrichia. 2002: Hatabarutse Général Robert Gueï, wabaye Perezida w Cote d’Ivoire, igihugu yari yaranabereye Umugaba Mukuru w’Ingabo. General Robert Guei yishwe arashwe, nyuma y’amezi make hari umwauka utari mwiza hagati ye na Laurent Gbagbo wayoboraga (unakiyobora) Cote d’Ivoire. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu