Close MORE NEWS Zambia: Umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru yapfiriye mu ruzinduko rw’akazi UMUBAVU.com Umubavu Kuya 21-06-2021 saa 10:48' whatsapp Facebook Perezida Edgard Lungu yatangaje ko Mme Mambilima yapfuye ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba ku Cyumweru mu Bitaro byigenga i Cairo. Perezida Lungu yavuze ko uyu mubyeyi w’imyaka 69, yari mu ruzinduko rw’akazi kuva tariki 10 Kamena kandi ko yari afite uburwayi. Gusa ntabwo hatangajwe uburwayi yari afite ndetse bwamuhitanye nk’uko bitangazwa na BBC. Umukuru w’ubucamanza apfuye mu gihe Zambia ikiri mu cyunamo cyo gupfusha Kenneth Kaunda, Perezida wa mbere w’iki gihugu waharaniye ubwigenge bwacyo. Mbere yo kugirwa umukuru w’ubucamanza mu 2015, Mambilima yari umukuru wa Komisiyo y’amatora ya Zambia. Muri uwo mwanya, yakuriye amatora ya Perezida wa Zambia mu 2006, 2011 n’amatora ya 2015. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Zambia: Umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru yapfiriye mu ruzinduko rw’akazi UMUBAVU.com Umubavu Kuya 21-06-2021 saa 10:48' whatsapp Facebook Perezida Edgard Lungu yatangaje ko Mme Mambilima yapfuye ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba ku Cyumweru mu Bitaro byigenga i Cairo. Perezida Lungu yavuze ko uyu mubyeyi w’imyaka 69, yari mu ruzinduko rw’akazi kuva tariki 10 Kamena kandi ko yari afite uburwayi. Gusa ntabwo hatangajwe uburwayi yari afite ndetse bwamuhitanye nk’uko bitangazwa na BBC. Umukuru w’ubucamanza apfuye mu gihe Zambia ikiri mu cyunamo cyo gupfusha Kenneth Kaunda, Perezida wa mbere w’iki gihugu waharaniye ubwigenge bwacyo. Mbere yo kugirwa umukuru w’ubucamanza mu 2015, Mambilima yari umukuru wa Komisiyo y’amatora ya Zambia. Muri uwo mwanya, yakuriye amatora ya Perezida wa Zambia mu 2006, 2011 n’amatora ya 2015. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu