Close MORE NEWS Yakatiwe kwicwa amanitswe kubera yasanze umukunzi we atwite inda y’amezi 3 akamwica UMUBAVU.com umubavu Kuya 2-01-2021 saa 15:07' whatsapp Facebook Idris Mustapha w’imyaka 29 yakatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe nyuma yo kwica uwari umukunzi we ngo n’uko asanze atwite inda y’amezi atatu batarashyingiranwa. Urukiko rwo muri Leta rukuru rwa Jigawa rwemeje ko uyu Mustapha wabanaga n’uyu mukobwa witwa Nafisa Hashimu mu mudugudu wa Daneji maze nyuma bakaza gutandukana. Nyuma y’iperereza rya polisi , byaje kugaragara ko Mustapha yatemye umuhogo wa nyakwigendera Nafisa maze akamusiga mu kidendezi cy’amaraso. Abazwa n’urukiko yabanje kubihakana ariko nyuma aza kwemera ko ariwe wakoze iki cyaha maze yemera ko yishe Madamu Nasifu nyuma y’uko yari amaze kumubwirako atwite inda y’amezi atatu. Ati: “Namwishe kugirango nirinde ikimwaro cyo kubyara mu gasozi , Narimfite isoni z’ukuntu abantu bazabifata nibumva ukuntu twabyaye tutarashyingiranwa bityo mfata icyemeze kibi cyo kumuvukiriza ubuzima”. Mu cyemezo cy’uhagarariye Urukiko Ahmed Kazaure, nyuma yo gusanga ahamwa n’icyaha , yahise amusabira igihano cyo kwicwa amanitswe. ABATURAGE N’APOTRE MUTABAZI BABWIJE UKURI ABAYOBOZI BARYA RUSWA BAVUGA KO BAKUNDA IGIHUGU Source:Umuryango Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Aba-QAnon baguye mu kantu nyuma yo kwizera ko Trump yateguye uko Biden azafatwa ntarahire amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Rwanda: Diporome z’abize muri kaminuza Gatolika y’u Rwanda n’iyo muri Uganda ntizemewe ku isoko amakuru Biden yiseguye ku bw’abasirikare bafotowe basinziriye muri parikingi amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera NDANGIRA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN
Yakatiwe kwicwa amanitswe kubera yasanze umukunzi we atwite inda y’amezi 3 akamwica UMUBAVU.com umubavu Kuya 2-01-2021 saa 15:07' whatsapp Facebook Idris Mustapha w’imyaka 29 yakatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe nyuma yo kwica uwari umukunzi we ngo n’uko asanze atwite inda y’amezi atatu batarashyingiranwa. Urukiko rwo muri Leta rukuru rwa Jigawa rwemeje ko uyu Mustapha wabanaga n’uyu mukobwa witwa Nafisa Hashimu mu mudugudu wa Daneji maze nyuma bakaza gutandukana. Nyuma y’iperereza rya polisi , byaje kugaragara ko Mustapha yatemye umuhogo wa nyakwigendera Nafisa maze akamusiga mu kidendezi cy’amaraso. Abazwa n’urukiko yabanje kubihakana ariko nyuma aza kwemera ko ariwe wakoze iki cyaha maze yemera ko yishe Madamu Nasifu nyuma y’uko yari amaze kumubwirako atwite inda y’amezi atatu. Ati: “Namwishe kugirango nirinde ikimwaro cyo kubyara mu gasozi , Narimfite isoni z’ukuntu abantu bazabifata nibumva ukuntu twabyaye tutarashyingiranwa bityo mfata icyemeze kibi cyo kumuvukiriza ubuzima”. Mu cyemezo cy’uhagarariye Urukiko Ahmed Kazaure, nyuma yo gusanga ahamwa n’icyaha , yahise amusabira igihano cyo kwicwa amanitswe. ABATURAGE N’APOTRE MUTABAZI BABWIJE UKURI ABAYOBOZI BARYA RUSWA BAVUGA KO BAKUNDA IGIHUGU Source:Umuryango Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Aba-QAnon baguye mu kantu nyuma yo kwizera ko Trump yateguye uko Biden azafatwa ntarahire amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Rwanda: Diporome z’abize muri kaminuza Gatolika y’u Rwanda n’iyo muri Uganda ntizemewe ku isoko amakuru Biden yiseguye ku bw’abasirikare bafotowe basinziriye muri parikingi amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera NDANGIRA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN