Close MORE NEWS Wema Sepetu yahanuriwe urubyaro n’umuvugabutumwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-02-2020 saa 07:21' whatsapp Facebook Umuyobozi w’Itorero rya Pantecoste, Nabii Bendera riherereye Kimara mu Mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzaniya, yavuze ko icyo Wema asabwa ari ukumva ijwi ry’Imana kuko inkuru ye ntaho itandukaniye n’iya Hana wo muri Bibiliya. Yagize ati “Wema nta tandukaniro afitanye na Hana wo muri Bibiliya washatse umwana igihe kirekire ariko akamubura kugeza ahuye n’ijambo ry’umukozi w’Imana akabona umwana.” “Nusoma igitabo cya 1Samweli 1:10-20 uzamva agahinda uwo mugore yari afite kubera kubura urubyaro ariko nyuma yo gusenga asaba Imana igihe kirekire yaje kumuha umwana.” Uyu mukinnyi wa filime ukomeye mu gihugu cya Tanzania wanabaye Nyampinga w’iki gihugu muri 2006 yahanuriwe ko umwaka utaha azabyara mu gihe yari aherutse kuvuga ko yabuze urubyaro bitewe n’inda 2 yakuyemo. Mu minsi ishize, Wema Sepetu yatangaje ko yabuze urubyaro akaba ari inyuma y’uko yakuyemo inda 2 z’uwahoze ari umukinnyi wa filime muri iki gihugu akaza kwitaba Imana ari we Kanumba. Yakomeje agira ati “Imana ya Hana ni yo ya Wema, icyo asabwa gukora Wema ni ukwicuza imbere y’Imana akemera ikosa rye maze icyo cyiswe umuvumo uzakurwaho na we abyibagirwe, umwaka utaha nziko azabona umwana.” Uyu muvugabutumwa yavuze kandi ko gushaka umwana bidashirira mu magambo gusa ahubwo bijyana n’ibikorwa bityo ko Wema agomba gusenga cyane ndetse akajya abonana n’umugabo we (kuryamana) kuko ari bwo azatwita. Nabii Bendera utazi niba Wema afite umugabo cyangwa ntawe afite yamusabye ko yaza mu rusengero bagafatanye gusenga kuko yizeye ko nta kinanira Imana umwaka utaha uzabona urubyaro. Umuvugabutumwa yahanuriye urubyaro Wema Sepetu Irebere na Video utapfa gusanga ahandi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) B Kuya 11-02-2020 Pasiteri ntabyo azi. Hana yari umugore wubaha Imana cyane mu buzima bwe . ntaho ahuriye na Wema w’ihabara ryica abana ryarangiza rikabasaba Imana. Nemera ko hari icyo Imana yabikoraho Wema sramutse akiranutse ariko yubatse urugo rwizewe n’Imana , ariko simugereranya na Hana na gato. Ntaho bahurite. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Wema Sepetu yahanuriwe urubyaro n’umuvugabutumwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-02-2020 saa 07:21' whatsapp Facebook Umuyobozi w’Itorero rya Pantecoste, Nabii Bendera riherereye Kimara mu Mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzaniya, yavuze ko icyo Wema asabwa ari ukumva ijwi ry’Imana kuko inkuru ye ntaho itandukaniye n’iya Hana wo muri Bibiliya. Yagize ati “Wema nta tandukaniro afitanye na Hana wo muri Bibiliya washatse umwana igihe kirekire ariko akamubura kugeza ahuye n’ijambo ry’umukozi w’Imana akabona umwana.” “Nusoma igitabo cya 1Samweli 1:10-20 uzamva agahinda uwo mugore yari afite kubera kubura urubyaro ariko nyuma yo gusenga asaba Imana igihe kirekire yaje kumuha umwana.” Uyu mukinnyi wa filime ukomeye mu gihugu cya Tanzania wanabaye Nyampinga w’iki gihugu muri 2006 yahanuriwe ko umwaka utaha azabyara mu gihe yari aherutse kuvuga ko yabuze urubyaro bitewe n’inda 2 yakuyemo. Mu minsi ishize, Wema Sepetu yatangaje ko yabuze urubyaro akaba ari inyuma y’uko yakuyemo inda 2 z’uwahoze ari umukinnyi wa filime muri iki gihugu akaza kwitaba Imana ari we Kanumba. Yakomeje agira ati “Imana ya Hana ni yo ya Wema, icyo asabwa gukora Wema ni ukwicuza imbere y’Imana akemera ikosa rye maze icyo cyiswe umuvumo uzakurwaho na we abyibagirwe, umwaka utaha nziko azabona umwana.” Uyu muvugabutumwa yavuze kandi ko gushaka umwana bidashirira mu magambo gusa ahubwo bijyana n’ibikorwa bityo ko Wema agomba gusenga cyane ndetse akajya abonana n’umugabo we (kuryamana) kuko ari bwo azatwita. Nabii Bendera utazi niba Wema afite umugabo cyangwa ntawe afite yamusabye ko yaza mu rusengero bagafatanye gusenga kuko yizeye ko nta kinanira Imana umwaka utaha uzabona urubyaro. Umuvugabutumwa yahanuriye urubyaro Wema Sepetu Irebere na Video utapfa gusanga ahandi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) B Kuya 11-02-2020 Pasiteri ntabyo azi. Hana yari umugore wubaha Imana cyane mu buzima bwe . ntaho ahuriye na Wema w’ihabara ryica abana ryarangiza rikabasaba Imana. Nemera ko hari icyo Imana yabikoraho Wema sramutse akiranutse ariko yubatse urugo rwizewe n’Imana , ariko simugereranya na Hana na gato. Ntaho bahurite. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu