Close MORE NEWS Umwana wavutse afite amenyo 4 yapfuye urupfu rw’amayobera UMUBAVU.com umubavu Kuya 9-07-2019 saa 10:58' whatsapp Facebook Ni urupfu rw’amayobora rwabaye mu gihugu cya Zimbabwe nyuma y’ibyumweru bitatu gusa umwana avutse akaba yarahise yitaba Imana. Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru thesoutherndaily.co.za, ivuga ko uyu mwana yari amaze kuzuza ibyumweru bitatu gusa mu gitondo ababyeyi babyutse basanga umwenge w’izuru umwe wavuyeho nyuma aza no kumera amenyo ane, ibintu batangaje ko byakozwe n’abapfumu. Iri shyano ngo ryabereye mu gace ka Govit Farm, Mvurwi nk’uko byemejwe n’umuyobozi waho witwa Makope. Yagize ati; “Abayobozi b’Umudugudu wanjye baje kumenyesha iby’icyo gikuba bambwira ko byanabaye mu buryo bwihuse ku buryo banahise bashyingura umurambo.” Makope yavuze ko bakeka ko icyabiteye ari amarozi ngo izuru rikaba ryarariwe n’ikiremwa kitamenyekanye, aho byabaye amu joro ari kuwa gatandatu, naho kumera amenyo bikaba mugitondo, nimugoroba umwana aza kwitaba Imana. Ati: “Nta numwe wifuzaga kwegera ababyeyi kubera ubwoba, baramushyinguye kandi ntibari kubona ubushobozi bwo kumushyingura mu buryo bwiza.” Uyu muyobozi kandi yashimangiye ko mu gace ke hajya haba ibintu bidasanzwe, aho hari n’abana b’abanyeshuri batatu bafite icyo bapfana bateranye inda akaba atarishimiye ibi byose biba mu gace ke. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru Urukiko rwategetse u Rwanda gusubiza abarimo Kayumba Nyamwasa ‘Passports’ zabo amakuru Abakobwa beza, ihene, amafi mu byo Bobi Wine ari kwifashisha yiyamamariza gusimbura Museveni-Amafoto amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Wa mwana wari kurangiza Kaminuza ku myaka 9 yavuye mu ishuri amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji imyidagaduro Icyo Miss Mwiseneza Josiane ashyize imbere muri iyi minsi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Umwana wavutse afite amenyo 4 yapfuye urupfu rw’amayobera UMUBAVU.com umubavu Kuya 9-07-2019 saa 10:58' whatsapp Facebook Ni urupfu rw’amayobora rwabaye mu gihugu cya Zimbabwe nyuma y’ibyumweru bitatu gusa umwana avutse akaba yarahise yitaba Imana. Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru thesoutherndaily.co.za, ivuga ko uyu mwana yari amaze kuzuza ibyumweru bitatu gusa mu gitondo ababyeyi babyutse basanga umwenge w’izuru umwe wavuyeho nyuma aza no kumera amenyo ane, ibintu batangaje ko byakozwe n’abapfumu. Iri shyano ngo ryabereye mu gace ka Govit Farm, Mvurwi nk’uko byemejwe n’umuyobozi waho witwa Makope. Yagize ati; “Abayobozi b’Umudugudu wanjye baje kumenyesha iby’icyo gikuba bambwira ko byanabaye mu buryo bwihuse ku buryo banahise bashyingura umurambo.” Makope yavuze ko bakeka ko icyabiteye ari amarozi ngo izuru rikaba ryarariwe n’ikiremwa kitamenyekanye, aho byabaye amu joro ari kuwa gatandatu, naho kumera amenyo bikaba mugitondo, nimugoroba umwana aza kwitaba Imana. Ati: “Nta numwe wifuzaga kwegera ababyeyi kubera ubwoba, baramushyinguye kandi ntibari kubona ubushobozi bwo kumushyingura mu buryo bwiza.” Uyu muyobozi kandi yashimangiye ko mu gace ke hajya haba ibintu bidasanzwe, aho hari n’abana b’abanyeshuri batatu bafite icyo bapfana bateranye inda akaba atarishimiye ibi byose biba mu gace ke. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru Urukiko rwategetse u Rwanda gusubiza abarimo Kayumba Nyamwasa ‘Passports’ zabo amakuru Abakobwa beza, ihene, amafi mu byo Bobi Wine ari kwifashisha yiyamamariza gusimbura Museveni-Amafoto amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Wa mwana wari kurangiza Kaminuza ku myaka 9 yavuye mu ishuri amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji imyidagaduro Icyo Miss Mwiseneza Josiane ashyize imbere muri iyi minsi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo