Close MORE NEWS Umuyobozi muri RIB yaguwe gitumo yakira ruswa UMUBAVU.com Umubavu Kuya 25-05-2021 saa 06:30' whatsapp Facebook Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacayaha RIB ruratangaza ko rwataye muri yombi ukuriye Ubugenzacyaha (umukozi wa RIB) mu Karere kaa Rusizi wafashwe yakira ruswa y’ibihumbi 300 Frw. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, RIB itangaza ko uyu ukuriye Ubugenzacyaha mu Karere ka Rusizi yari ahawe iriya ruswa kugira ngo afashe gufungura umuntu ufunzwe akekwaho icyaha cy’ubugome. Uyu ukuriye Ubugenzacyaha mu Karere ka Rusizi watawe muri yombi ubu afungiye kuri station ya Kamembe muri kariya Karere ka Rusizi mu gihe hari gutegurwa dosiye ye kugira ngo ishyikirizwe Ubugenzacyaha buzasuzuma niba azaregerwa inkiko. Ubutumwa rwa RIB bukomeza bugira buti “Inibutsa ko itazihanganira uwo ari we wese uzishora muri ruswa kuko ari icyaha kimunga igihugu.” Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB kandi rusaba abantu kujya batanga amakuru kuri ruswa bakoresheje umurongo utishyurwa wa 2040 kandi uko uzabikora “uzaba utanze umusanzu wawe mu kubaka igihugu kizira ruswa.” Mu minsi yashize humvikanye itabwa muri yombi ry’abayobozi 10 bo mu Turere twa Burera, Gicumbi na Musanze barimo Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ndetse n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bakurikiranyweho ruswa no kunyereza amafaranga yo kubaka ibyumba by’amashuri. Kigali Umuyobozi yamuhondaguye inyundo mu mutwe arawumena bapfa amafaranga Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umuyobozi muri RIB yaguwe gitumo yakira ruswa UMUBAVU.com Umubavu Kuya 25-05-2021 saa 06:30' whatsapp Facebook Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacayaha RIB ruratangaza ko rwataye muri yombi ukuriye Ubugenzacyaha (umukozi wa RIB) mu Karere kaa Rusizi wafashwe yakira ruswa y’ibihumbi 300 Frw. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, RIB itangaza ko uyu ukuriye Ubugenzacyaha mu Karere ka Rusizi yari ahawe iriya ruswa kugira ngo afashe gufungura umuntu ufunzwe akekwaho icyaha cy’ubugome. Uyu ukuriye Ubugenzacyaha mu Karere ka Rusizi watawe muri yombi ubu afungiye kuri station ya Kamembe muri kariya Karere ka Rusizi mu gihe hari gutegurwa dosiye ye kugira ngo ishyikirizwe Ubugenzacyaha buzasuzuma niba azaregerwa inkiko. Ubutumwa rwa RIB bukomeza bugira buti “Inibutsa ko itazihanganira uwo ari we wese uzishora muri ruswa kuko ari icyaha kimunga igihugu.” Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB kandi rusaba abantu kujya batanga amakuru kuri ruswa bakoresheje umurongo utishyurwa wa 2040 kandi uko uzabikora “uzaba utanze umusanzu wawe mu kubaka igihugu kizira ruswa.” Mu minsi yashize humvikanye itabwa muri yombi ry’abayobozi 10 bo mu Turere twa Burera, Gicumbi na Musanze barimo Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ndetse n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bakurikiranyweho ruswa no kunyereza amafaranga yo kubaka ibyumba by’amashuri. Kigali Umuyobozi yamuhondaguye inyundo mu mutwe arawumena bapfa amafaranga Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu