Close MORE NEWS Umutwe wa CNRD urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda uri kwinjiza urubyiruko mu gisirikare UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 9-10-2020 saa 09:30' whatsapp Facebook Muri raporo nshya y’igihembwe ivuga ku mutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres yavuze ko umutwe wa CNRD urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda uri kwinjiza urubyiruko mu gisirikare. Iyi raporo ivuga ko urubyiruko ruri kwinjira muri uyu mutwe rwiganjemo uruturuka muri Teritwari ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri RDC. Ni mu gihe bizwi ko uyu mutwe washegeshwe bikomeye n’ibitero by’ingabo za RDC (FARDC) kuva mu mpera z’2019. Icyo gihe cyane cyane muri Teritwari ya Kalehe, izi ngabo zishe, zinafata mpiri abarwanyi b’uyu mutwe. Muri aba barwanyi bishwe harimo n’umuyobozi wa CNRD, Ndagijimana Laurent wamenyekanye nka Lt. Gen. Wilson Irategeka. Mu kiganiro Perezida wa RDC, Félix Tshisekedi yagiranye n’Inteko Ishinga Amategeko ku wa 13 Ukuboza 2019, yavuze ko ingabo z’igihugu zashegeshe bikomeye abarwanyi ba CNRD, ku buryo abagera ku 1,712 barimo abayobozi ba politiki 10 bari bamaze gufatwa. Icyo gihe ibirindiro byabo 95% byari muri Kalehe ngo byari byamaze gufatwa. Mu barwanyi ba CNRD ingabo za RDC zafashe mpiri, harimo abarenga 2000 boherejwe mu Rwanda nyuma y’ubwumvikane hagati y’impande zombi. Abarwanyi ba CNRD babarirwa mu 2000 boherejwe mu Rwanda bajyanwa mu kigo cya Mutobo giherereye mu Karere ka Musanze, mbere yo gusubira mu buzima busanzwe. Ijambo rya Mbere umuyobozi w’inzibacyuho wa ADEPR, Pastor NDAYIZEYE Isaie yavuze, ati "Guhindura ibintu ntibisaba imyaka", UMUBAVU TV twakurikiranye ihererekanyabubasha ryose uko ryakabaye, urabyibonera uko byari byifashe muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Umutwe wa CNRD urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda uri kwinjiza urubyiruko mu gisirikare UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 9-10-2020 saa 09:30' whatsapp Facebook Muri raporo nshya y’igihembwe ivuga ku mutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres yavuze ko umutwe wa CNRD urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda uri kwinjiza urubyiruko mu gisirikare. Iyi raporo ivuga ko urubyiruko ruri kwinjira muri uyu mutwe rwiganjemo uruturuka muri Teritwari ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri RDC. Ni mu gihe bizwi ko uyu mutwe washegeshwe bikomeye n’ibitero by’ingabo za RDC (FARDC) kuva mu mpera z’2019. Icyo gihe cyane cyane muri Teritwari ya Kalehe, izi ngabo zishe, zinafata mpiri abarwanyi b’uyu mutwe. Muri aba barwanyi bishwe harimo n’umuyobozi wa CNRD, Ndagijimana Laurent wamenyekanye nka Lt. Gen. Wilson Irategeka. Mu kiganiro Perezida wa RDC, Félix Tshisekedi yagiranye n’Inteko Ishinga Amategeko ku wa 13 Ukuboza 2019, yavuze ko ingabo z’igihugu zashegeshe bikomeye abarwanyi ba CNRD, ku buryo abagera ku 1,712 barimo abayobozi ba politiki 10 bari bamaze gufatwa. Icyo gihe ibirindiro byabo 95% byari muri Kalehe ngo byari byamaze gufatwa. Mu barwanyi ba CNRD ingabo za RDC zafashe mpiri, harimo abarenga 2000 boherejwe mu Rwanda nyuma y’ubwumvikane hagati y’impande zombi. Abarwanyi ba CNRD babarirwa mu 2000 boherejwe mu Rwanda bajyanwa mu kigo cya Mutobo giherereye mu Karere ka Musanze, mbere yo gusubira mu buzima busanzwe. Ijambo rya Mbere umuyobozi w’inzibacyuho wa ADEPR, Pastor NDAYIZEYE Isaie yavuze, ati "Guhindura ibintu ntibisaba imyaka", UMUBAVU TV twakurikiranye ihererekanyabubasha ryose uko ryakabaye, urabyibonera uko byari byifashe muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika