Close MORE NEWS Umuturage yishe arashe abapolisi 3 bahoshaga amakimbirane yo mu rugo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-12-2020 saa 10:38' whatsapp Facebook Mu gihugu cy’u Bufaransa, umugabo ufite imbunda yishe arashe abapolisi batatu ubwo bari bahamagajwe guhosha amakimbirane yo mu rugo rwe. Aba bapolisi bageragezaga gutabara umugore wari wahungiye mu gisenge cy’inzu mu gace k’ahitwa Saint-Just mu gicuku cy’ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu. Umugabo wari ufite imbunda yarashe abapolisi anatwika inzu. Umupolisi wa Kane yakomeretse icyakora babashije gukiza ubuzima bw’umugore. Ibyabaye ntibirasobanuka neza gusa ubuyobozi buga ko uriya mugabo ukekwaho kwica abapolisi afite imyaka 48 y’amavuko. Umuyobozi w’agace ka Saint-Just, witwa François Chautard, yabwiye Ikinyamakuru Le Figaro ko inzu yatwitswe, abapolisi bakaba bageragezaga kumenya niba uwayitwitse yahiriyemo cyangwa yabashije guhunga. Abapolisi badasanzwe n’abashinzwe kuzimya inkongi boherejwe ahitwa Puy-de-Dôme, mu gace k’u Bufaransa kitwa Massif Central. Umushinjacyaha w’ahitwa Clermont-Ferrand, yavuze ko umupolisi umwe yarashwe mbere, undi arakomereka, abandi babiri barashwe bagerageza kugera kuri iriya nzu. Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu Gihugu, Gérald Darmanin yavuze ko abapolisi bapfuye ari Brig Arno Mavel, w’imya 21, abandi ni Lt Cyrille Morel, w’imyaka 45, na Adjutant Rémi Dupuis, w’imyaka 37. Ni mu gihe umupolisi wa Kane we yakomeretse akaguru ariko ubuzima bwe bukaba butari mu kaga. Abapolisi bagiye guhosha amakimbirane yo mu rugo umugabo yicamo batatu abarashe Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abamusabye kurekura Rusesabagina! Hizejwe impinduka ku misoro ihanitse y’ubutaka yinubiwe n’abaturage: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Umuturage yishe arashe abapolisi 3 bahoshaga amakimbirane yo mu rugo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-12-2020 saa 10:38' whatsapp Facebook Mu gihugu cy’u Bufaransa, umugabo ufite imbunda yishe arashe abapolisi batatu ubwo bari bahamagajwe guhosha amakimbirane yo mu rugo rwe. Aba bapolisi bageragezaga gutabara umugore wari wahungiye mu gisenge cy’inzu mu gace k’ahitwa Saint-Just mu gicuku cy’ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu. Umugabo wari ufite imbunda yarashe abapolisi anatwika inzu. Umupolisi wa Kane yakomeretse icyakora babashije gukiza ubuzima bw’umugore. Ibyabaye ntibirasobanuka neza gusa ubuyobozi buga ko uriya mugabo ukekwaho kwica abapolisi afite imyaka 48 y’amavuko. Umuyobozi w’agace ka Saint-Just, witwa François Chautard, yabwiye Ikinyamakuru Le Figaro ko inzu yatwitswe, abapolisi bakaba bageragezaga kumenya niba uwayitwitse yahiriyemo cyangwa yabashije guhunga. Abapolisi badasanzwe n’abashinzwe kuzimya inkongi boherejwe ahitwa Puy-de-Dôme, mu gace k’u Bufaransa kitwa Massif Central. Umushinjacyaha w’ahitwa Clermont-Ferrand, yavuze ko umupolisi umwe yarashwe mbere, undi arakomereka, abandi babiri barashwe bagerageza kugera kuri iriya nzu. Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu Gihugu, Gérald Darmanin yavuze ko abapolisi bapfuye ari Brig Arno Mavel, w’imya 21, abandi ni Lt Cyrille Morel, w’imyaka 45, na Adjutant Rémi Dupuis, w’imyaka 37. Ni mu gihe umupolisi wa Kane we yakomeretse akaguru ariko ubuzima bwe bukaba butari mu kaga. Abapolisi bagiye guhosha amakimbirane yo mu rugo umugabo yicamo batatu abarashe Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abamusabye kurekura Rusesabagina! Hizejwe impinduka ku misoro ihanitse y’ubutaka yinubiwe n’abaturage: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika