Close MORE NEWS Umuturage w’I Kigali abaye uwa 18 wishwe na COVID-19 mu Rwanda UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 4-09-2020 saa 06:01' whatsapp Facebook Kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Nzeli 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umuntu wa 18 yishwe n’icyorezo cya COVID-19 mu gihe abakize biyongereyeho 92. Itangazo rya MINISANTE rigaragaza ko uyu witabye Imana ari umugabo w’imyaka 31 wo mu Mujyi wa Kigali. Kuri uyu wa Kane kandi abantu 37 basanzwemo Coronavirus mu bipimo 5,079 byafashwe, bituma umubare w’abamaze kwandura mu Rwanda uba 4,255 mu bipimo byose 426,200 byafashwe kuva umurwayi wa mbere abonetse mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020. Aba barwayi bashya barimo 23 bo mu Mujyi wa Kigali bahuye n’abanduye mu masoko, bane bo mu Karere ka Rusizi, batatu b’i Gisagara, i Gakenke hakuwe babiri, mu gihe mu Turere twa Nyabihu, Kamonyi, Nyanza, Musanze na Rubavu buri hose hagaragaye umuntu umwe. Ijanisha ku bantu bahitangwa na COVID-19 mu Rwanda rihagaze kuri 0.4%, mu gihe iry’abandura ari 0.7% nkuko MINISANTE ibivuga. Kugeza ubu, abarwayi ba Coronavirus 2,074 ni bo bakiri kwitabwaho kwa muganga no mu ngo zabo. Abaturage bakoze imyigaragambyo bamwe barafungwa, Amerika yasabye u Rwanda gufata Rusesabagina ’kimuntu’ n’andi makuru menshi utapfa gusanga ahandi, sura UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umuturage w’I Kigali abaye uwa 18 wishwe na COVID-19 mu Rwanda UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 4-09-2020 saa 06:01' whatsapp Facebook Kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Nzeli 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umuntu wa 18 yishwe n’icyorezo cya COVID-19 mu gihe abakize biyongereyeho 92. Itangazo rya MINISANTE rigaragaza ko uyu witabye Imana ari umugabo w’imyaka 31 wo mu Mujyi wa Kigali. Kuri uyu wa Kane kandi abantu 37 basanzwemo Coronavirus mu bipimo 5,079 byafashwe, bituma umubare w’abamaze kwandura mu Rwanda uba 4,255 mu bipimo byose 426,200 byafashwe kuva umurwayi wa mbere abonetse mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020. Aba barwayi bashya barimo 23 bo mu Mujyi wa Kigali bahuye n’abanduye mu masoko, bane bo mu Karere ka Rusizi, batatu b’i Gisagara, i Gakenke hakuwe babiri, mu gihe mu Turere twa Nyabihu, Kamonyi, Nyanza, Musanze na Rubavu buri hose hagaragaye umuntu umwe. Ijanisha ku bantu bahitangwa na COVID-19 mu Rwanda rihagaze kuri 0.4%, mu gihe iry’abandura ari 0.7% nkuko MINISANTE ibivuga. Kugeza ubu, abarwayi ba Coronavirus 2,074 ni bo bakiri kwitabwaho kwa muganga no mu ngo zabo. Abaturage bakoze imyigaragambyo bamwe barafungwa, Amerika yasabye u Rwanda gufata Rusesabagina ’kimuntu’ n’andi makuru menshi utapfa gusanga ahandi, sura UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu