Close MORE NEWS Umupilote yiswe intwari nyuma yo kugeza hasi neza indege yashegeshwe n’urubura UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-11-2019 saa 07:47' whatsapp Facebook Umupilote wo muri Zambia yakoze igikorwa cyiswe icy’ubutwari ku wa Mbere ubwo yagezaga ku butaka neza indege irimo abagenzi 41 yari yashegeshwe bikomeye n’urubura, binashoboka ko yakubiswe n’inkuba. Byabaye ubwo iyi ndege ya kompanyi ya Proflight yarimo isatira umurwa mukuru wa Lusaka ivuye mu mujyi w’ubukerarugendo wa Livingstone. Iyi ndege yarimo igendera ku butumburuke bwa 5,7Km hejuru ubwo yahuraga n’urubura rukomeye rukayishwanyaguza ikizuru cyayo. Ba nyir’indege bavuga ko umupilote yakoze ibishoboka mu gutuma indege ibasha gukomeza iyi nzira igoye no kugera ku kibuga cy’indege kitiriwe Kenneth Kaunda i Lusaka mu mahoro. Phil Lemba, umuyobozi muri Proflight, yavuze ko yishimiye cyane kuba abagenzi bageze aho bajyaga mu mahoro. Ikinyamakuru Mwebantu cyo muri Zambia kivuga ko abagenzi bagize ubwoba bwinshi ubwo ibi byabaga. Ikinyamakuru Daily Mail cyaho gisubiramo amagambo ya Bwana Lemba agira ati: "Indege yacu yari itwaye abagenzi 41, yakubiswe n’inkuba ahagana saa 15:20 mu gihe yarimo yegera umurwa mukuru Lusaka". Arakomeza ati: "Kubera uko indege iteye, ntabwo yangiritse cyane, indege kandi ifite uburyo bunyanyagiza imbaraga z’inkuba iyo ziyibasiye". Itangazo ryasohowe n’iyi kompanyi rivuga ko iyi ndege yashegeshwe cyane n’urubura ariko binashoboka ko yakubiswe n’inkuba, gusa ko iby’inkuba bigiye kugenzurwa mbere yo kwemezwa. Umupilote wari uyitwaye yashimagijwe cyane n’abantu ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko we na bagenzi be bakoze akazi gakomeye mu bihe bikomeye by’urugendo rwo mu kirere. Indege yashegeshwe n’urubura ariko igezwa hasi n’uyu mupilote amahoro Abagenzi bari bahiye ubwoba, si bo barose igera hasi amahoro Ubuzima abayemo buteye ubwoba, twamusanze mu muhanda ari gucuranga: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umukozi w’Inteko ushinjwa gufata ku ngufu impunzi y’umurundikazi yahagaritswe ku kazi amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugore yamaze iminsi 12 yaraheze mu mugezi amakuru Museveni yahishuye ko mu minsi iza Uganda yose iraba igenzurwa na Cameras NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Umupilote yiswe intwari nyuma yo kugeza hasi neza indege yashegeshwe n’urubura UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-11-2019 saa 07:47' whatsapp Facebook Umupilote wo muri Zambia yakoze igikorwa cyiswe icy’ubutwari ku wa Mbere ubwo yagezaga ku butaka neza indege irimo abagenzi 41 yari yashegeshwe bikomeye n’urubura, binashoboka ko yakubiswe n’inkuba. Byabaye ubwo iyi ndege ya kompanyi ya Proflight yarimo isatira umurwa mukuru wa Lusaka ivuye mu mujyi w’ubukerarugendo wa Livingstone. Iyi ndege yarimo igendera ku butumburuke bwa 5,7Km hejuru ubwo yahuraga n’urubura rukomeye rukayishwanyaguza ikizuru cyayo. Ba nyir’indege bavuga ko umupilote yakoze ibishoboka mu gutuma indege ibasha gukomeza iyi nzira igoye no kugera ku kibuga cy’indege kitiriwe Kenneth Kaunda i Lusaka mu mahoro. Phil Lemba, umuyobozi muri Proflight, yavuze ko yishimiye cyane kuba abagenzi bageze aho bajyaga mu mahoro. Ikinyamakuru Mwebantu cyo muri Zambia kivuga ko abagenzi bagize ubwoba bwinshi ubwo ibi byabaga. Ikinyamakuru Daily Mail cyaho gisubiramo amagambo ya Bwana Lemba agira ati: "Indege yacu yari itwaye abagenzi 41, yakubiswe n’inkuba ahagana saa 15:20 mu gihe yarimo yegera umurwa mukuru Lusaka". Arakomeza ati: "Kubera uko indege iteye, ntabwo yangiritse cyane, indege kandi ifite uburyo bunyanyagiza imbaraga z’inkuba iyo ziyibasiye". Itangazo ryasohowe n’iyi kompanyi rivuga ko iyi ndege yashegeshwe cyane n’urubura ariko binashoboka ko yakubiswe n’inkuba, gusa ko iby’inkuba bigiye kugenzurwa mbere yo kwemezwa. Umupilote wari uyitwaye yashimagijwe cyane n’abantu ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko we na bagenzi be bakoze akazi gakomeye mu bihe bikomeye by’urugendo rwo mu kirere. Indege yashegeshwe n’urubura ariko igezwa hasi n’uyu mupilote amahoro Abagenzi bari bahiye ubwoba, si bo barose igera hasi amahoro Ubuzima abayemo buteye ubwoba, twamusanze mu muhanda ari gucuranga: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umukozi w’Inteko ushinjwa gufata ku ngufu impunzi y’umurundikazi yahagaritswe ku kazi amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugore yamaze iminsi 12 yaraheze mu mugezi amakuru Museveni yahishuye ko mu minsi iza Uganda yose iraba igenzurwa na Cameras NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo