Close MORE NEWS Umunyeshuri yishe bagenzi be 2 abarashe na we arirasa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 15-11-2019 saa 15:31' whatsapp Facebook Abanyeshuri babiri bafite imyaka 16 na 14 bishwe naho abandi batatu barakomereka ubwo umusore witwaje imbunda yarasaga ku ishuri ryisumbuye ry’i California, nkuko abategetsi babivuga. Abo bapfuye biciwe muri icyo gitero cyamaze amasegonda 16, mbere gato yuko amasomo atangira ejo ku wa Kane, ku ishuri ryisumbuye rya Saugus High School riri mu Majyaruguru ya Los Angeles. Icyo gitero cyabaye ku isabukuru y’imyaka 16 y’amavuko y’ucyekwaho kukigaba, watangajwe n’ibitangazamakuru byo muri Amerika ko ari umunyeshuri mugenzi wabo witwa Nathaniel Berhow. Uwo ucyekwa yahise yirasa mu mutwe, ubu ubuzima bwe bukaba buri mu kaga. Abanyeshuri n’abarimu bavuze ukuntu bihishe mu mashuri, bakurikiza amabwiriza yuko bitwara mu gihe hari umuntu uri kurasa. Aya ni amabwiriza bahawe mu myaka ya vuba ishize ubwo habaga ibitero ku mashuri atandukanye mu gihugu. Amakuru ajyanye n’icyo gitero yatangajwe bwa mbere saa moya n’iminota 38 za mu gitondo ku isaha yo muri ako gace ejo ku wa Kane, nkuko bivugwa na Alex Villanueva, umutegetsi wo muri ako Karere. Yongeyeho ko abapolisi bahageze hashize iminota ibiri. Uwo ucyekwa yari ahagaze mu kibuga cy’ishuri ubwo yakuraga mu gikapu cye cyo mu mugongo imbunda ye nto yo mu bwoko bwa pisitoli ya 45-calibre, inyuzamo ikohereza amasasu icyarimwe. Polisi ngo yahageze mu gihe gito gishoboka Nuko arasa mu gihe cy’amasegonda 16 mbere yuko yitunga imbunda ku mutwe, nkuko bivugwa n’umukuru ushinzwe umutekano muri ako karere, Kapiteni Kent Wegener. Kapiteni Wegener yagize ati "Yarashe gusa, arasira aho ahagaze. Atirukankana umuntu n’umwe. Atava aho ari". Abanyeshuri bakomeje kwihisha mu mashuri mu gihe kirenze isaha imwe ubwo polisi yageragezaga kumenya niba uwo warashe akidegembya. Abapolisi babonye abantu batandatu bafite ibikomere batewe n’amasasu, bajyanwa ku bitaro biri hafi. Nyuma ucyekwa yaje gutahurwa ko ari umwe muri abo bakomeretse. Kuri iryo shuri, cyo kimwe n’andi mashuri ahegereye, umutekano wakajijwe Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Kigali: Abari gusenyerwaho inzu mu gahinda gakomeye amakuru Miss Uwihirwe Yasipi Casimir n’umunyamakuru bahishuye icyatuma batabana amakuru Zambia: Perezida yasabye Ambasaderi wa Amerika kumuvira mu gihugu politike Indi Manda, igihe amaze ayobora, ibibazo na Uganda-Perezida Kagame yabigarutseho amakuru Agathon Rwasa ati "Abarundi bategereje ubutegetsi butavangura" amakuru Sudani: Bashir wahoze ari Perezida yahamwe na ruswa arakatirwa amakuru RDC: Abantu 6 baguye mu gitero cy’inyeshyamba I Beni amakuru Amb. Nduhungirehe ati "Inama y’i Kampala ni iya nyuma" amakuru Nta gushidikanya abagore barusha abagabo-Obama NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Umunyeshuri yishe bagenzi be 2 abarashe na we arirasa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 15-11-2019 saa 15:31' whatsapp Facebook Abanyeshuri babiri bafite imyaka 16 na 14 bishwe naho abandi batatu barakomereka ubwo umusore witwaje imbunda yarasaga ku ishuri ryisumbuye ry’i California, nkuko abategetsi babivuga. Abo bapfuye biciwe muri icyo gitero cyamaze amasegonda 16, mbere gato yuko amasomo atangira ejo ku wa Kane, ku ishuri ryisumbuye rya Saugus High School riri mu Majyaruguru ya Los Angeles. Icyo gitero cyabaye ku isabukuru y’imyaka 16 y’amavuko y’ucyekwaho kukigaba, watangajwe n’ibitangazamakuru byo muri Amerika ko ari umunyeshuri mugenzi wabo witwa Nathaniel Berhow. Uwo ucyekwa yahise yirasa mu mutwe, ubu ubuzima bwe bukaba buri mu kaga. Abanyeshuri n’abarimu bavuze ukuntu bihishe mu mashuri, bakurikiza amabwiriza yuko bitwara mu gihe hari umuntu uri kurasa. Aya ni amabwiriza bahawe mu myaka ya vuba ishize ubwo habaga ibitero ku mashuri atandukanye mu gihugu. Amakuru ajyanye n’icyo gitero yatangajwe bwa mbere saa moya n’iminota 38 za mu gitondo ku isaha yo muri ako gace ejo ku wa Kane, nkuko bivugwa na Alex Villanueva, umutegetsi wo muri ako Karere. Yongeyeho ko abapolisi bahageze hashize iminota ibiri. Uwo ucyekwa yari ahagaze mu kibuga cy’ishuri ubwo yakuraga mu gikapu cye cyo mu mugongo imbunda ye nto yo mu bwoko bwa pisitoli ya 45-calibre, inyuzamo ikohereza amasasu icyarimwe. Polisi ngo yahageze mu gihe gito gishoboka Nuko arasa mu gihe cy’amasegonda 16 mbere yuko yitunga imbunda ku mutwe, nkuko bivugwa n’umukuru ushinzwe umutekano muri ako karere, Kapiteni Kent Wegener. Kapiteni Wegener yagize ati "Yarashe gusa, arasira aho ahagaze. Atirukankana umuntu n’umwe. Atava aho ari". Abanyeshuri bakomeje kwihisha mu mashuri mu gihe kirenze isaha imwe ubwo polisi yageragezaga kumenya niba uwo warashe akidegembya. Abapolisi babonye abantu batandatu bafite ibikomere batewe n’amasasu, bajyanwa ku bitaro biri hafi. Nyuma ucyekwa yaje gutahurwa ko ari umwe muri abo bakomeretse. Kuri iryo shuri, cyo kimwe n’andi mashuri ahegereye, umutekano wakajijwe Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Kigali: Abari gusenyerwaho inzu mu gahinda gakomeye amakuru Miss Uwihirwe Yasipi Casimir n’umunyamakuru bahishuye icyatuma batabana amakuru Zambia: Perezida yasabye Ambasaderi wa Amerika kumuvira mu gihugu politike Indi Manda, igihe amaze ayobora, ibibazo na Uganda-Perezida Kagame yabigarutseho amakuru Agathon Rwasa ati "Abarundi bategereje ubutegetsi butavangura" amakuru Sudani: Bashir wahoze ari Perezida yahamwe na ruswa arakatirwa amakuru RDC: Abantu 6 baguye mu gitero cy’inyeshyamba I Beni amakuru Amb. Nduhungirehe ati "Inama y’i Kampala ni iya nyuma" amakuru Nta gushidikanya abagore barusha abagabo-Obama NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo