Close MORE NEWS Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera UMUBAVU.com Umubavu Kuya 18-01-2021 saa 13:50' whatsapp Facebook Umukobwa witwa M’Lynn Martin w’imyaka 24 yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragaza uburyo yateguye irushanwa ryo gushaka umusore basomana bwa mbere binyuze ku mbuga za internet. Uyu mukobwa w’umunyamerika yagiye ku mbuga za Tinder na Hinge arangije ashyiraho itangazo rivuga ko atarasomana ndetse akeneye umusore ubimukorera bwa mbere,benshi barahatana karahava birangira umwe amutsindiye. Uyu mukobwa yakoze uburyo bwiza bwo kwiyandikisha mu rwego rwo kuzatoranya uzamusoma bwa mbere. Yashyize video kuri Tik Tok asobanura uko iri rushanwa ryagenze byateye benshi amarangamutima barayireba ku bwinshi ndetse inakwirakwizwa hirya no hino. Uyu mukobwa yasobanuye ko iri rushanwa rye rimaze kurangira yasabye umusore watsindiye kumusoma kubanza kwipimisha Coronavirus. Yagize ati “Ntabwo nzi neza niba hari ufite aho ahuriye n’ibi gusa gusa mfite imyaka 24 ariko ntabwo nari nagasomana na rimwe. Ibi bisobanuye ko ubwonko bwanjye butari buzi uko bimeze kuba umunwa wanjye wahura n’uw’undi muntu. Iyo najyaga kuryama nkarota ngiye gusomana n’umuhungu nakunze,iminwa yacu ntiyahuraga kubera ko ntari narigeze niyumvisha uko gusomana n’umusore bimera. Twaregeranaga ariko ntitubashe gusomana.Ntabwo byakundaga kubera ko ntari nzi uko bimera gusomana kuko ntigeze mbikora. Uwiyandikishaga muri iri rushanwa yabazwaga uko atekereza umubano we na M’Lynn,nuko yifuza ko wazaba umeze mu gihe kizaza. Uyu mukobwa yavuze ko abasore bo mu bihugu bitandukanye bahataniye kumusoma bwa mbere ariko umunyamahirwe yabigezeho kuwa 16 Mutarama uyu mwaka. Yavuze ko uwatsindiye kumusoma bwa mbere ari umuvandimwe muto w’umwarimu wabigishaga kuri kaminuza yizeho. Yagize ati “Nahisemo uwo tutaziranye gusa twari dufite ikintu duhuriyeho.Yari murumuna w’umwarimu watwigishije muri kaminuza.Yari mwiza cyane,nararyohewe cyane.” Uyu mukobwa yashyize hanze amashusho we n’uyu musore watsinze bitegura gusomana yarebwe na 1.6 kuri Tik Tok.Benshi bababajwe nuko ataberetse bari gusomana. PAUL RUSESABAGINA AGIYE GUPFA YISHWE NA STROKE || ABANYAMAKURU BA ARJ BARUGARIJWE Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Jean Kuya 19-01-2021 Turabashimira cyane kubiganiro byiza bifite ubusesenguzi Jean Kuya 19-01-2021 Turabashimira cyane kubiganiro byiza bifite ubusesenguzi INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera UMUBAVU.com Umubavu Kuya 18-01-2021 saa 13:50' whatsapp Facebook Umukobwa witwa M’Lynn Martin w’imyaka 24 yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragaza uburyo yateguye irushanwa ryo gushaka umusore basomana bwa mbere binyuze ku mbuga za internet. Uyu mukobwa w’umunyamerika yagiye ku mbuga za Tinder na Hinge arangije ashyiraho itangazo rivuga ko atarasomana ndetse akeneye umusore ubimukorera bwa mbere,benshi barahatana karahava birangira umwe amutsindiye. Uyu mukobwa yakoze uburyo bwiza bwo kwiyandikisha mu rwego rwo kuzatoranya uzamusoma bwa mbere. Yashyize video kuri Tik Tok asobanura uko iri rushanwa ryagenze byateye benshi amarangamutima barayireba ku bwinshi ndetse inakwirakwizwa hirya no hino. Uyu mukobwa yasobanuye ko iri rushanwa rye rimaze kurangira yasabye umusore watsindiye kumusoma kubanza kwipimisha Coronavirus. Yagize ati “Ntabwo nzi neza niba hari ufite aho ahuriye n’ibi gusa gusa mfite imyaka 24 ariko ntabwo nari nagasomana na rimwe. Ibi bisobanuye ko ubwonko bwanjye butari buzi uko bimeze kuba umunwa wanjye wahura n’uw’undi muntu. Iyo najyaga kuryama nkarota ngiye gusomana n’umuhungu nakunze,iminwa yacu ntiyahuraga kubera ko ntari narigeze niyumvisha uko gusomana n’umusore bimera. Twaregeranaga ariko ntitubashe gusomana.Ntabwo byakundaga kubera ko ntari nzi uko bimera gusomana kuko ntigeze mbikora. Uwiyandikishaga muri iri rushanwa yabazwaga uko atekereza umubano we na M’Lynn,nuko yifuza ko wazaba umeze mu gihe kizaza. Uyu mukobwa yavuze ko abasore bo mu bihugu bitandukanye bahataniye kumusoma bwa mbere ariko umunyamahirwe yabigezeho kuwa 16 Mutarama uyu mwaka. Yavuze ko uwatsindiye kumusoma bwa mbere ari umuvandimwe muto w’umwarimu wabigishaga kuri kaminuza yizeho. Yagize ati “Nahisemo uwo tutaziranye gusa twari dufite ikintu duhuriyeho.Yari murumuna w’umwarimu watwigishije muri kaminuza.Yari mwiza cyane,nararyohewe cyane.” Uyu mukobwa yashyize hanze amashusho we n’uyu musore watsinze bitegura gusomana yarebwe na 1.6 kuri Tik Tok.Benshi bababajwe nuko ataberetse bari gusomana. PAUL RUSESABAGINA AGIYE GUPFA YISHWE NA STROKE || ABANYAMAKURU BA ARJ BARUGARIJWE Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Jean Kuya 19-01-2021 Turabashimira cyane kubiganiro byiza bifite ubusesenguzi Jean Kuya 19-01-2021 Turabashimira cyane kubiganiro byiza bifite ubusesenguzi INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi