Close MORE NEWS Umugore afunze azira gushyira urusenda mu gitsina cy’umwana we UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-12-2020 saa 13:12' whatsapp Facebook Umugore witwa Mervis Phiri wo mu gace kitwa Nyanje mu karere ka Sinda mu gihugu cya Zambia yatawe muri yombi azira guhohotera bikomeye umwana we akamushyira urusenda mu myanya ye y’ibanga. Uyu mugore yamenye uru rusenda mu myanya y’ibanga y’uyu mukobwa we w’imyaka 16 amushinja kugira agasuzuguro no kwiyandarika agasambana n’abagabo b’abandi. Amakuru avuga ko madamu Mervis Phiri yakubise bikabije uyu mwana we arangije amushyiramo uru rusenda mu rwego rwo kumuca kuri iyi ngeso y’ubusambanyi. Komiseri wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba bw’iki gihugu, Lackson Sakala, yavuze ko uyu mukobwa yahise ajyanwa igitaraganya ku bitaro byitwa Nyanje Mission Hospital nyuma yo guta ubwenge. Uyu muyobozi wa Polisi yavuze ko uyu mwana yangijwe igitsina. Uyu mugore yahaswe ibibazo nyuma yo gutabwa muri yombi, yemeza ko yagiragezaga kwigisha ikinyabupfura uyu mwana we kuko ngo yakundaga gusohokana n’abagabo b’abandi bakajya gusambana. Uyu mugore yavuze kandi ko ngo uyu mwana yagiraga imvugo y’agasuzuguro iyo yabaga agiriwe inama ariyo mpamvu yamuhanye yihanukiriye akamushyira urusenda mu gitsina cye. Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abamusabye kurekura Rusesabagina! Hizejwe impinduka ku misoro ihanitse y’ubutaka yinubiwe n’abaturage: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Umugore afunze azira gushyira urusenda mu gitsina cy’umwana we UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-12-2020 saa 13:12' whatsapp Facebook Umugore witwa Mervis Phiri wo mu gace kitwa Nyanje mu karere ka Sinda mu gihugu cya Zambia yatawe muri yombi azira guhohotera bikomeye umwana we akamushyira urusenda mu myanya ye y’ibanga. Uyu mugore yamenye uru rusenda mu myanya y’ibanga y’uyu mukobwa we w’imyaka 16 amushinja kugira agasuzuguro no kwiyandarika agasambana n’abagabo b’abandi. Amakuru avuga ko madamu Mervis Phiri yakubise bikabije uyu mwana we arangije amushyiramo uru rusenda mu rwego rwo kumuca kuri iyi ngeso y’ubusambanyi. Komiseri wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba bw’iki gihugu, Lackson Sakala, yavuze ko uyu mukobwa yahise ajyanwa igitaraganya ku bitaro byitwa Nyanje Mission Hospital nyuma yo guta ubwenge. Uyu muyobozi wa Polisi yavuze ko uyu mwana yangijwe igitsina. Uyu mugore yahaswe ibibazo nyuma yo gutabwa muri yombi, yemeza ko yagiragezaga kwigisha ikinyabupfura uyu mwana we kuko ngo yakundaga gusohokana n’abagabo b’abandi bakajya gusambana. Uyu mugore yavuze kandi ko ngo uyu mwana yagiraga imvugo y’agasuzuguro iyo yabaga agiriwe inama ariyo mpamvu yamuhanye yihanukiriye akamushyira urusenda mu gitsina cye. Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abamusabye kurekura Rusesabagina! Hizejwe impinduka ku misoro ihanitse y’ubutaka yinubiwe n’abaturage: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika