Close MORE NEWS Umudepite wambere yabonetse UMUBAVU.com umubavu Kuya 3-09-2018 saa 08:24' whatsapp Facebook Musolini Eugène niwe watowe nk’umudepite uhagarariye abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko.Amajwi y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, agaragaza ko Mussolini afite amajwi 75.6 % atowe n’abantu 482 mu bagize Inteko Itora. Hirya no hino mu turere amatora yatangiye saa yine za mu gitondo, aha mbere arangira saa sita z’amanywa nkuko byatangajwe na Prof. Kalisa Mbanda, Perezida wa Komisiyo y’Amatora. Mussolini yatsinze bagenzi be icyenda bahatanaga barimo Rusiha Gaston wari usanzwe ahagarariye abafite ubumuga mu Nteko Ishinga amategeko. Prof Mbanda yavuze ko amatora yakozwe mu mutuzo kandi yatangiriye igihe. Ati “Amatora yagenze neza hose, yitabiriwe cyane atangirira ku gihe twari twarasezeranye arangira kare mu mucyo no mu mutuzo.” Mussolini afite ubumuga bw’ingingo. Yari asanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’inama y’igihugu y’abafite ubumuga mu Karere ka Gasabo. Yari kandi n’Umujyanama muri nama njyanama y’ako karere. Inteko itora mu cyiciro cy’abafite ubumuga ku rwego rw’igihugu igizwe n’abantu 668 ariko abitabiriye amatora ni 641, bangana na 96 %, imfabusa zabaye eshatu zingana na 0.5 %. Abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’abadepite bahagararirwa n’umuntu umwe. Amajwi abakandida bose bagize 1.Habarurema Benoit yatowe n’abantu 3 (0.47%) 2. Remera Shyaka Emmanuel yatowe n’abantu 2 (0.31%) 3.Nyandwi Fulgence yatowe n’abantu 1 (0.16%) 4.Mbabazi Olivia yatowe n’abantu 6 (0.94%) 5.Ndayisaba Salvator yatowe n’abantu 9 (1.41%) 6.Rusiha Gaston yatowe n’abantu 93 (14.58%) 7.Karangwanwa Jean Bosco yatowe n’abantu 13 (2.04%) 8.Uwizeye Henriette yatowe n’abantu 3 (0.47 %) 9.Mussolini Eugene yatowe n’abantu 482 (75.55%) 10.Hitayezu Edouard yatowe n’abantu 26 (4.08 %) Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Perezida Museveni yongeye kuzamura mu mapeti umuhungu we birakemangwa imyidagaduro Videos: Utundi dushya utigeze umenya ku bukwe bw’umuhanzikazi Olive wapfakaye akiri umugeni politike Iyo u Rwanda rutabaho ntabwo u Burundi bwari kugira ibibazo? Perezida Kagame amakuru Ingabire Victoire yanyomoje amakuru avuga ko agiye gusohoka mu Rwanda amakuru Leta ishobora kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) amakuru Abahungu bahigitse abakobwa mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2018 amakuru RDC: Abasirikari 2 ba FARDC bishwe baciwe imitwe n’inyeshyamba za FDLR amakuru Perezida Tshisekedi yaganiriye na Kabila ku gushyiraho Guverinoma nshya ihuriweho n’impande imyidagaduro Se wa Diamond ashobora gucibwa amaguru kubera uburwayi bw’amayobera NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Umudepite wambere yabonetse UMUBAVU.com umubavu Kuya 3-09-2018 saa 08:24' whatsapp Facebook Musolini Eugène niwe watowe nk’umudepite uhagarariye abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko.Amajwi y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, agaragaza ko Mussolini afite amajwi 75.6 % atowe n’abantu 482 mu bagize Inteko Itora. Hirya no hino mu turere amatora yatangiye saa yine za mu gitondo, aha mbere arangira saa sita z’amanywa nkuko byatangajwe na Prof. Kalisa Mbanda, Perezida wa Komisiyo y’Amatora. Mussolini yatsinze bagenzi be icyenda bahatanaga barimo Rusiha Gaston wari usanzwe ahagarariye abafite ubumuga mu Nteko Ishinga amategeko. Prof Mbanda yavuze ko amatora yakozwe mu mutuzo kandi yatangiriye igihe. Ati “Amatora yagenze neza hose, yitabiriwe cyane atangirira ku gihe twari twarasezeranye arangira kare mu mucyo no mu mutuzo.” Mussolini afite ubumuga bw’ingingo. Yari asanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’inama y’igihugu y’abafite ubumuga mu Karere ka Gasabo. Yari kandi n’Umujyanama muri nama njyanama y’ako karere. Inteko itora mu cyiciro cy’abafite ubumuga ku rwego rw’igihugu igizwe n’abantu 668 ariko abitabiriye amatora ni 641, bangana na 96 %, imfabusa zabaye eshatu zingana na 0.5 %. Abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’abadepite bahagararirwa n’umuntu umwe. Amajwi abakandida bose bagize 1.Habarurema Benoit yatowe n’abantu 3 (0.47%) 2. Remera Shyaka Emmanuel yatowe n’abantu 2 (0.31%) 3.Nyandwi Fulgence yatowe n’abantu 1 (0.16%) 4.Mbabazi Olivia yatowe n’abantu 6 (0.94%) 5.Ndayisaba Salvator yatowe n’abantu 9 (1.41%) 6.Rusiha Gaston yatowe n’abantu 93 (14.58%) 7.Karangwanwa Jean Bosco yatowe n’abantu 13 (2.04%) 8.Uwizeye Henriette yatowe n’abantu 3 (0.47 %) 9.Mussolini Eugene yatowe n’abantu 482 (75.55%) 10.Hitayezu Edouard yatowe n’abantu 26 (4.08 %) Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Perezida Museveni yongeye kuzamura mu mapeti umuhungu we birakemangwa imyidagaduro Videos: Utundi dushya utigeze umenya ku bukwe bw’umuhanzikazi Olive wapfakaye akiri umugeni politike Iyo u Rwanda rutabaho ntabwo u Burundi bwari kugira ibibazo? Perezida Kagame amakuru Ingabire Victoire yanyomoje amakuru avuga ko agiye gusohoka mu Rwanda amakuru Leta ishobora kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) amakuru Abahungu bahigitse abakobwa mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2018 amakuru RDC: Abasirikari 2 ba FARDC bishwe baciwe imitwe n’inyeshyamba za FDLR amakuru Perezida Tshisekedi yaganiriye na Kabila ku gushyiraho Guverinoma nshya ihuriweho n’impande imyidagaduro Se wa Diamond ashobora gucibwa amaguru kubera uburwayi bw’amayobera NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)