Close MORE NEWS Umudepite arashaka gutangiza iyeguzwa rya Perezida Trump UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 8-01-2021 saa 07:27' whatsapp Facebook Depite Ilhan Omar, umunyamerika ukomoka muri Somalia, yavuze ko ari gukusanya impapuro zo kweguza Perezida Donald Trump nyuma y’uko abamushyigikiye bateye Inteko Ishinga Amategeko ubwo abayigize bari bateranye ngo bemeze intsinzi ya Joe Biden watowe. Uyu mudepite uhagarariye leta ya Minnesota mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika unabarizwa mu ishyaka ry’aba- démocrates, yabyanditse ku rukuta rwe rwa Twitter agira ati “Ndi gukusanya impapuro zo kumweguza, Donald J.Trump agomba kweguzwa n’Inteko y’Abadepite, abagize Sena bakamukuraho". Yakomeje ati "Ntabwo twamwerera ko aguma mu Biro. Tugomba kurinda igihugu cyacu, tugashyira mu bikorwa ibyo twarahiriye.” bi bije nyuma yuko Perezida Trump abwiye abamushyigikiye ko bakwiriye kwigaragambya bakamagana ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu mu Ugushyingo yatsinzwe na Joe Biden. Abashyigikiye Trump na bo ntibigeze bazuyaza bigabije inyubako z’Inteko Ishinga Amategeko ku wa Gatatu, baciye mu rihumye abapolisi bashinzwe kuyirindira umutekano maze bateza akajagari mu Nteko. Bivugwa ko iyi myigaragambyo yahitanye byibura abantu bane, abandi benshi barakomereka. Ni ibintu byarakaje Perezida watowe Joe Biden maze abyita ‘kwigomeka ku butegetsi.’ Si ubwa mbere kandi Trump asabiwe kweguzwa kuko no mu Ukuboza umwaka wa 2019, Abadepite baramweguje ariko bigeze muri Sena biteshwa agaciro kuko ngo ishyaka ry’aba-républicains ari na ryo Trump akomokamo ari ryo ryari rifite ubwiganze bityo ntibyagerwaho. Amashyaka yombi kuri ubu afite abasenateri bangana, bikaba biha amahirwe abo mu ishyaka ry-aba- démocrates, Depite Ilhan Omar akomokamo kuba icyemezo bashyigikira cyahita gishyirwa mu bikorwa mu buryo bworoshye. Icyakora icyifuzo cya Ilhan cyo kweguza Trump gihabwa amahirwe make kuko n’ubundi asigaje iminsi mike dore ko azatanga ubutegetsi ku wa 20 Mutarama 2021 aribwo Joe Biden watowe azaba abushyikirizwa. Depite Ilhan Omar arashaka gutangiza iyeguzwa rya Trump N’ubusanzwe Depite Ilhan Omar ntacana uwaka na Perezida Trump Rwiyemezamirimo wabakoresheje yaburiwe irengero abarimo akabakaba miliyoni 10 none babuze aho babariza, n’iyo bagiye kwishyuza Polisi ibamerera nabi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Covid-19 yatumye yihisha amezi 3 ku kibuga cy’indege amakuru Uretse Kigali: Impungenge ni nyinshi mu gihe amashuri 3 abanza n’ay’incuke yafunguye imyidagaduro Nyuma y’umukino wayihuje na Zimbabwe Cameroon irashinjwa amarozi amakuru Umwe mu banenga Putin yafunzwe akigera i Moscow NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Umudepite arashaka gutangiza iyeguzwa rya Perezida Trump UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 8-01-2021 saa 07:27' whatsapp Facebook Depite Ilhan Omar, umunyamerika ukomoka muri Somalia, yavuze ko ari gukusanya impapuro zo kweguza Perezida Donald Trump nyuma y’uko abamushyigikiye bateye Inteko Ishinga Amategeko ubwo abayigize bari bateranye ngo bemeze intsinzi ya Joe Biden watowe. Uyu mudepite uhagarariye leta ya Minnesota mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika unabarizwa mu ishyaka ry’aba- démocrates, yabyanditse ku rukuta rwe rwa Twitter agira ati “Ndi gukusanya impapuro zo kumweguza, Donald J.Trump agomba kweguzwa n’Inteko y’Abadepite, abagize Sena bakamukuraho". Yakomeje ati "Ntabwo twamwerera ko aguma mu Biro. Tugomba kurinda igihugu cyacu, tugashyira mu bikorwa ibyo twarahiriye.” bi bije nyuma yuko Perezida Trump abwiye abamushyigikiye ko bakwiriye kwigaragambya bakamagana ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu mu Ugushyingo yatsinzwe na Joe Biden. Abashyigikiye Trump na bo ntibigeze bazuyaza bigabije inyubako z’Inteko Ishinga Amategeko ku wa Gatatu, baciye mu rihumye abapolisi bashinzwe kuyirindira umutekano maze bateza akajagari mu Nteko. Bivugwa ko iyi myigaragambyo yahitanye byibura abantu bane, abandi benshi barakomereka. Ni ibintu byarakaje Perezida watowe Joe Biden maze abyita ‘kwigomeka ku butegetsi.’ Si ubwa mbere kandi Trump asabiwe kweguzwa kuko no mu Ukuboza umwaka wa 2019, Abadepite baramweguje ariko bigeze muri Sena biteshwa agaciro kuko ngo ishyaka ry’aba-républicains ari na ryo Trump akomokamo ari ryo ryari rifite ubwiganze bityo ntibyagerwaho. Amashyaka yombi kuri ubu afite abasenateri bangana, bikaba biha amahirwe abo mu ishyaka ry-aba- démocrates, Depite Ilhan Omar akomokamo kuba icyemezo bashyigikira cyahita gishyirwa mu bikorwa mu buryo bworoshye. Icyakora icyifuzo cya Ilhan cyo kweguza Trump gihabwa amahirwe make kuko n’ubundi asigaje iminsi mike dore ko azatanga ubutegetsi ku wa 20 Mutarama 2021 aribwo Joe Biden watowe azaba abushyikirizwa. Depite Ilhan Omar arashaka gutangiza iyeguzwa rya Trump N’ubusanzwe Depite Ilhan Omar ntacana uwaka na Perezida Trump Rwiyemezamirimo wabakoresheje yaburiwe irengero abarimo akabakaba miliyoni 10 none babuze aho babariza, n’iyo bagiye kwishyuza Polisi ibamerera nabi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Covid-19 yatumye yihisha amezi 3 ku kibuga cy’indege amakuru Uretse Kigali: Impungenge ni nyinshi mu gihe amashuri 3 abanza n’ay’incuke yafunguye imyidagaduro Nyuma y’umukino wayihuje na Zimbabwe Cameroon irashinjwa amarozi amakuru Umwe mu banenga Putin yafunzwe akigera i Moscow NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika