Close MORE NEWS Uganda: Urukiko rwategetse abasirikare kuva ku rugo rwa Bobi Wine UMUBAVU.com Umubavu Kuya 25-01-2021 saa 09:15' whatsapp Facebook Urukiko rukuru rwa Uganda rwategetse ko abasirikare n’abapolisi bava ku rugo rw’ukuriye ishyaka NUP ritavugarumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi uzwi kandi nka Bobi Wine. Bobi Wine n’umugore we bafungiye mu rugo rwabo kuva amatora ya tariki 14 z’uku kwezi yarangira. Mu cyumweru gishize, abanyamategeko bahagarariye uyu munyamuziki wabaye umunyapolitiki batanze ikirego baregera urukiko gufungwa kwa Bobi Wine. Leta ivuga ko kumufungira iwe ari igikorwa cyari kigamije kumubuza gutegura imyigaragambyo yamagana ibyavuye mu matora, Bobi Wine avuga ko ayo matora yibwe. Mu matora, Perezida Yoweri Museveni yatsindiye manda ya gatandatu n’amajwi 58%, mu gihe Robert Kyagulanyi bari bahatanye cyane yagize 34%. Urukiko rukuru rwavuze ko gufungira Kyagulanyi iwe mu rugo "ari igikorwa kinyuranyije n’amategeko". Ntibizwi neza niba icyemezo cy’uru rukiko gihita gikurikizwa. Ibihugu, imiryango yigenga n’abantu ku giti cyabo, banenze ko amatora muri Uganda yaranzwe no gupyinagaza no kwica abatavugarumwe n’ubutegetsi, bamagana n’ifungwa rya Bobi Wine iwe mu rugo. Umuryango w’ubumwe bwa Africa wavuze ko amatora muri Uganda yagenze neza kandi yabaye mu mahoro asesuye. BIHINDUYE ISURA KARASIRA YATANGAJE KO AZIYAMAMARIZA KUBA PEREZIDA W’U RWANDA Source:BBC Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Uganda: Urukiko rwategetse abasirikare kuva ku rugo rwa Bobi Wine UMUBAVU.com Umubavu Kuya 25-01-2021 saa 09:15' whatsapp Facebook Urukiko rukuru rwa Uganda rwategetse ko abasirikare n’abapolisi bava ku rugo rw’ukuriye ishyaka NUP ritavugarumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi uzwi kandi nka Bobi Wine. Bobi Wine n’umugore we bafungiye mu rugo rwabo kuva amatora ya tariki 14 z’uku kwezi yarangira. Mu cyumweru gishize, abanyamategeko bahagarariye uyu munyamuziki wabaye umunyapolitiki batanze ikirego baregera urukiko gufungwa kwa Bobi Wine. Leta ivuga ko kumufungira iwe ari igikorwa cyari kigamije kumubuza gutegura imyigaragambyo yamagana ibyavuye mu matora, Bobi Wine avuga ko ayo matora yibwe. Mu matora, Perezida Yoweri Museveni yatsindiye manda ya gatandatu n’amajwi 58%, mu gihe Robert Kyagulanyi bari bahatanye cyane yagize 34%. Urukiko rukuru rwavuze ko gufungira Kyagulanyi iwe mu rugo "ari igikorwa kinyuranyije n’amategeko". Ntibizwi neza niba icyemezo cy’uru rukiko gihita gikurikizwa. Ibihugu, imiryango yigenga n’abantu ku giti cyabo, banenze ko amatora muri Uganda yaranzwe no gupyinagaza no kwica abatavugarumwe n’ubutegetsi, bamagana n’ifungwa rya Bobi Wine iwe mu rugo. Umuryango w’ubumwe bwa Africa wavuze ko amatora muri Uganda yagenze neza kandi yabaye mu mahoro asesuye. BIHINDUYE ISURA KARASIRA YATANGAJE KO AZIYAMAMARIZA KUBA PEREZIDA W’U RWANDA Source:BBC Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi