Close MORE NEWS Uganda: Umunyeshuri yishwe n’inzoga UMUBAVU.com admin Kuya 19-06-2018 saa 11:46' whatsapp Facebook Umunyehuri witwa Abel Ainomugisha wigaga mu ishuri rya Kisoro Technical Institute ry’i Nyakabande mu Karere ka Kisoro mu gihugu cya Uganda yitabye Imana azize kunywa inzoga akarenza urugero. Ibi bikaba byarabaye ubwo muri iri shuri hari hateguwe amasengesho yari yahuje amashuri yose abarizwa muri aka karere ka Kisoro nk’uko bitangazwa na Chimpreports dukesha iyi nkuru. Ngo ubwo abandi bari mu masengesho,itsinda ry’abanyeshuri biga ibijyanye n’ubuhinzi mu mwaka wa kabiri barimo na Abel Ainomugisha bafashe umwanzuro wo gutoroka kabajya kuri santire y’ubucuruzi ya Chappa gufata kamwe nyuma yo kugurisha ibirayi byari bigenewe umushinga w’ubuhinzi w’iri shuri. Ngo nyuma yo kumara amasaha banywa inzoga , Ainomugisha n’abaganzi be bagarutse mu kigo ,atangira kugaragaza ko afite ibibazo ahita ajyanwa mu bitaro bya Mutolere aho yahise ashiramo umwuka akihagera. Umuyobozi wungirije w’iri shuri ,Innocent Amanya avuga ko bamwe mu banyeshuri bahunze batinya kuvuga uko byagenze avuga ko ibyabaye we abifata nk’umwaku. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Uganda: Umunyeshuri yishwe n’inzoga UMUBAVU.com admin Kuya 19-06-2018 saa 11:46' whatsapp Facebook Umunyehuri witwa Abel Ainomugisha wigaga mu ishuri rya Kisoro Technical Institute ry’i Nyakabande mu Karere ka Kisoro mu gihugu cya Uganda yitabye Imana azize kunywa inzoga akarenza urugero. Ibi bikaba byarabaye ubwo muri iri shuri hari hateguwe amasengesho yari yahuje amashuri yose abarizwa muri aka karere ka Kisoro nk’uko bitangazwa na Chimpreports dukesha iyi nkuru. Ngo ubwo abandi bari mu masengesho,itsinda ry’abanyeshuri biga ibijyanye n’ubuhinzi mu mwaka wa kabiri barimo na Abel Ainomugisha bafashe umwanzuro wo gutoroka kabajya kuri santire y’ubucuruzi ya Chappa gufata kamwe nyuma yo kugurisha ibirayi byari bigenewe umushinga w’ubuhinzi w’iri shuri. Ngo nyuma yo kumara amasaha banywa inzoga , Ainomugisha n’abaganzi be bagarutse mu kigo ,atangira kugaragaza ko afite ibibazo ahita ajyanwa mu bitaro bya Mutolere aho yahise ashiramo umwuka akihagera. Umuyobozi wungirije w’iri shuri ,Innocent Amanya avuga ko bamwe mu banyeshuri bahunze batinya kuvuga uko byagenze avuga ko ibyabaye we abifata nk’umwaku. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu