Close MORE NEWS Uganda: Babujijwe kurya Amafi yo muri Victoria yipfishije by’amayobera UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 12-01-2021 saa 08:25' whatsapp Facebook Abategetsi muri Uganda barimo gukora iperereza ku kiri kwica amafi yo mu Kiyaga cya Victoria akomeje gupfa umusubirizo. Minisiteri ishinzwe ubworozi muri Uganda yasabye abaturage kutarya ayo mafi yipfishije ahubwo bakayahamba. BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko kugeza ubu hataramenyekana ingano y’amafi amaze gupfa akareremba ku nkengero za Victoria. Amafoto akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza amafi menshi yapfuye ari hirya no hino ku nkengero z’ikiyaga cya Victoria. Ubwoko bw’amafi bita Nile perch, bushobora gukura bugapima ibiro bigera mu 100, kandi busanzwe buribwa cyane muri Uganda, nibwo buri gupfa cyane. Itangazo ry’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibidukikije rivuga ko izo fi zishobora kuba zicwa nuko umwuka wo guhumeka ‘Oxygen’ wagabanutse mu mazi. Ubwoko bw’amafi bwitwa Nile perch bukaba bumererwa nabi iyo urugero rwa Oxygen rugiye munsi ya mirigarama ebyiri’ (2mg) kuri litiro y’amazi. Abategetsi bavuga ko iperereza ryimbitse rikomeje ngo hamenyekane imvano nyakuri y’urupfu rw’aya mafi. Yatemye ukuboko umuvandimwe we amufatiye ku mugore we, umunyeshuri yemeye ko yishe Se, Nyina n’abavandimwe be, Urwego Bank mu bishyuza amakoperative 28 Miliyari 1.6Frw bivugwa ko zitahawe n’andi makuru menshi k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Uganda: Babujijwe kurya Amafi yo muri Victoria yipfishije by’amayobera UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 12-01-2021 saa 08:25' whatsapp Facebook Abategetsi muri Uganda barimo gukora iperereza ku kiri kwica amafi yo mu Kiyaga cya Victoria akomeje gupfa umusubirizo. Minisiteri ishinzwe ubworozi muri Uganda yasabye abaturage kutarya ayo mafi yipfishije ahubwo bakayahamba. BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko kugeza ubu hataramenyekana ingano y’amafi amaze gupfa akareremba ku nkengero za Victoria. Amafoto akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza amafi menshi yapfuye ari hirya no hino ku nkengero z’ikiyaga cya Victoria. Ubwoko bw’amafi bita Nile perch, bushobora gukura bugapima ibiro bigera mu 100, kandi busanzwe buribwa cyane muri Uganda, nibwo buri gupfa cyane. Itangazo ry’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibidukikije rivuga ko izo fi zishobora kuba zicwa nuko umwuka wo guhumeka ‘Oxygen’ wagabanutse mu mazi. Ubwoko bw’amafi bwitwa Nile perch bukaba bumererwa nabi iyo urugero rwa Oxygen rugiye munsi ya mirigarama ebyiri’ (2mg) kuri litiro y’amazi. Abategetsi bavuga ko iperereza ryimbitse rikomeje ngo hamenyekane imvano nyakuri y’urupfu rw’aya mafi. Yatemye ukuboko umuvandimwe we amufatiye ku mugore we, umunyeshuri yemeye ko yishe Se, Nyina n’abavandimwe be, Urwego Bank mu bishyuza amakoperative 28 Miliyari 1.6Frw bivugwa ko zitahawe n’andi makuru menshi k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika