Close MORE NEWS Ubwongereza: Imyaka yabajya mu zabukuru yongerewe UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 23-11-2019 saa 15:12' whatsapp Facebook Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Bwongereza, cyatangaje ko imyaka yo kujya mu zabukuru yazamuwe, ikava kuri 65 igashyirwa kuri 70. Icyo kigo cyatangaje ko ubusanzwe imyaka umuntu afatwa nkugeze mu zabukuru yagenwaga yari imyaka 65 abakozi bemererwaho kujya muri pansiyo. Bavuze ko iyo myaka yakuweho ikagezwa kuri 70 bityo ko nuzajya ubarwa mu cyiciro cyabageze mu zabukuru ari ufite imyaka 70. Bavuze kandi ko umuntu ufite imyaka 65 kuri ubu ukurikije imibereho iriho ubuzima bwe butandukanye kure nubwumuntu wari ufite iyo myaka mu kinyejana gishize. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ubwongereza: Imyaka yabajya mu zabukuru yongerewe UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 23-11-2019 saa 15:12' whatsapp Facebook Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Bwongereza, cyatangaje ko imyaka yo kujya mu zabukuru yazamuwe, ikava kuri 65 igashyirwa kuri 70. Icyo kigo cyatangaje ko ubusanzwe imyaka umuntu afatwa nkugeze mu zabukuru yagenwaga yari imyaka 65 abakozi bemererwaho kujya muri pansiyo. Bavuze ko iyo myaka yakuweho ikagezwa kuri 70 bityo ko nuzajya ubarwa mu cyiciro cyabageze mu zabukuru ari ufite imyaka 70. Bavuze kandi ko umuntu ufite imyaka 65 kuri ubu ukurikije imibereho iriho ubuzima bwe butandukanye kure nubwumuntu wari ufite iyo myaka mu kinyejana gishize. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu