Close MORE NEWS Ubutumwa bwa Ingabire Victoire ku bavuze ko yahunze u Rwanda UMUBAVU.com Umubavu Kuya 19-07-2021 saa 08:29' whatsapp Facebook Nyuma y’uko hacicikanye amakuru avuga ko yahunze u Rwanda, Umuyobozi w’Ishyaka DALFA-Umurinzi,Ingabire Victoire asanga abibikoze ari abafite umwanya wo gutesha abandi igihe bityo ko ahari kandi ko ntaho azajya. Aganira na Umubavu Tv Online na Umubavu.com, Ingabire Victioire yavuze ko u Rwanda nta ntambara irimo ndetse ko ntakibazo cyatuma ahunga ko n’ibibazo atabihunga ahubwo yemeye hugangana nabyo bityo ko ibirenge bye bishinze mu Rwanda ndetse ko ababivuga ari inzozi barimo ahubwo bagomba gutuza bakarubanamo uko byaba bimeze kose. Agaruka ku byemezo byafashwe na Guverinoma y’u Rwanda ku bijyanye na mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 harimo na Guma mu rugo avuga ko Corona ari indwara ikomeje kubica bigacika ndetse ibihugu bifite iterambere mu buvuzi byananiwe bityo ko abafashe ibi byemezo babonaga ko ari ngombwa. Akomeza avuga ko hakagombye gushyirwaho itsinda ry’abantu bavuye mu geri zose bafite ubumenyi butandukanye bagakora igenamigambi bakareba uburyo igihugu cyakomeza kubaho nubwo ibintu bimeze gutyo kuko Guma mu rugo ntabwo izajya irangira ngo abantu nibatangira gusubira mu buzima busanzwe igaruke. Ingabire Victoire yavuze ko ashimira Leta kuba yaratekereje kuri banyakabyizi no ku batishoboye ku byo kubaha ibyo kurya ariko ko umuntu adakeneye kurya gusa kuko azakenera no kwishyura inzu n’ibindi bitandukanye by’ibanze bityo ko rya tsinda ryakagombye gushyirwaho rikajya ritekereza ku bibazo nk’ibi. Ku ngingo ivuga ko ba mukerarugendo bo mu mahanga bazakomeza kuza ntakizabo bazakurikiza amabwiriza ndetse n’uburyo bwo kubaherekeza bugategurwa ariko ngo abo mu Rwanda bakaba bagomba kubisubika ,asanga bitumvikana kuko ari ukubuza abanyarwanda uburenganzira mu gihugu cyabo. Ikindi ashimira ko Leta yashyizeho Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu avuga ko mu banyarwanda hakiri urwikekwe bityo ko bisaba ko bicara hamwe bagasasa inzobe ndetse igihugu kikagendera ku mategeko n’uburenganzira bukubahirizwa ku mpande zose. Asaba ko amategeko yagombye kubahirizwa haba ku bayobozi n’abayoborwa ndetse Umuturage akagira Ijambo ku bimukorerwa kuko ibi bidakozwe na terambere rirambye ryagerwaho . Asoza avuga ko hashyizweho Komisiyo y’abize amateka ariko badafite uruhande babogamiyeho bakwandika amateka abanyarwanda bagasobanukirwa amateka yabo bakubakanamo icyizere bahurije ku mateka ndetse bakabikuramo amasomo bityo bakubaka u Rwanda rwiza. Hari ibyemezo bimwe bafashe umuntu adashobora gusobanukirwa Ingabire avuze amagambo akomeye Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Ubutumwa bwa Ingabire Victoire ku bavuze ko yahunze u Rwanda UMUBAVU.com Umubavu Kuya 19-07-2021 saa 08:29' whatsapp Facebook Nyuma y’uko hacicikanye amakuru avuga ko yahunze u Rwanda, Umuyobozi w’Ishyaka DALFA-Umurinzi,Ingabire Victoire asanga abibikoze ari abafite umwanya wo gutesha abandi igihe bityo ko ahari kandi ko ntaho azajya. Aganira na Umubavu Tv Online na Umubavu.com, Ingabire Victioire yavuze ko u Rwanda nta ntambara irimo ndetse ko ntakibazo cyatuma ahunga ko n’ibibazo atabihunga ahubwo yemeye hugangana nabyo bityo ko ibirenge bye bishinze mu Rwanda ndetse ko ababivuga ari inzozi barimo ahubwo bagomba gutuza bakarubanamo uko byaba bimeze kose. Agaruka ku byemezo byafashwe na Guverinoma y’u Rwanda ku bijyanye na mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 harimo na Guma mu rugo avuga ko Corona ari indwara ikomeje kubica bigacika ndetse ibihugu bifite iterambere mu buvuzi byananiwe bityo ko abafashe ibi byemezo babonaga ko ari ngombwa. Akomeza avuga ko hakagombye gushyirwaho itsinda ry’abantu bavuye mu geri zose bafite ubumenyi butandukanye bagakora igenamigambi bakareba uburyo igihugu cyakomeza kubaho nubwo ibintu bimeze gutyo kuko Guma mu rugo ntabwo izajya irangira ngo abantu nibatangira gusubira mu buzima busanzwe igaruke. Ingabire Victoire yavuze ko ashimira Leta kuba yaratekereje kuri banyakabyizi no ku batishoboye ku byo kubaha ibyo kurya ariko ko umuntu adakeneye kurya gusa kuko azakenera no kwishyura inzu n’ibindi bitandukanye by’ibanze bityo ko rya tsinda ryakagombye gushyirwaho rikajya ritekereza ku bibazo nk’ibi. Ku ngingo ivuga ko ba mukerarugendo bo mu mahanga bazakomeza kuza ntakizabo bazakurikiza amabwiriza ndetse n’uburyo bwo kubaherekeza bugategurwa ariko ngo abo mu Rwanda bakaba bagomba kubisubika ,asanga bitumvikana kuko ari ukubuza abanyarwanda uburenganzira mu gihugu cyabo. Ikindi ashimira ko Leta yashyizeho Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu avuga ko mu banyarwanda hakiri urwikekwe bityo ko bisaba ko bicara hamwe bagasasa inzobe ndetse igihugu kikagendera ku mategeko n’uburenganzira bukubahirizwa ku mpande zose. Asaba ko amategeko yagombye kubahirizwa haba ku bayobozi n’abayoborwa ndetse Umuturage akagira Ijambo ku bimukorerwa kuko ibi bidakozwe na terambere rirambye ryagerwaho . Asoza avuga ko hashyizweho Komisiyo y’abize amateka ariko badafite uruhande babogamiyeho bakwandika amateka abanyarwanda bagasobanukirwa amateka yabo bakubakanamo icyizere bahurije ku mateka ndetse bakabikuramo amasomo bityo bakubaka u Rwanda rwiza. Hari ibyemezo bimwe bafashe umuntu adashobora gusobanukirwa Ingabire avuze amagambo akomeye Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi