Close MORE NEWS USA ntacyo irusha abandi muri demokarasi-Perezida Mnangagwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 8-01-2021 saa 12:09' whatsapp Facebook Nyuma y’aho abaturage muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bashyigikiye Perezida Donald Trump bakoreye imyigaragambyo ku ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, iki gihugu ubu cyabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga abantu bakinenga ibi byahabaye mu gihe kivuga ko ari icya Mbere muri Demokarasi. Preezida Trump yari yahamagariye abamushyigikiye imyigaragambyo bagana nyubako ya Capitol y’Inteko ya Amerika imitwe yombi kugira ngo baburizemo ibikorwa byo kwemeza itorwa rya Perezida uherutse gutsinda amatora Joe Biden. Perezida wa Zimbabwe, Emerson Mnangagwa kuri uyu wa 7 Mutarama 2021, yifatiye ku gahanga Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishije urubuga rwa Twitter, aho yavuze ko mu mwaka ushize, Perezida Trump uyoboye USA yashyiriyeho Zimbabwe ibihano by’ubukungu, iyishinja kurangwa n’ibikorwa bitandukira ihame rya demukarasi. Ahera aha avuga ko iyi myigaragambyo yagaragaje ko USA atari igihugu gifite uburenganzira bwo guhana ikindi gihugu, ati “Ibyabaye ejo byerekana ko US idafite uburenganzira bwo guhana ikindi gihugu, igishinja kutagira demukarasi. Ib bihano bigomba guhagarara.” Perezida Mnangagwa yakomeje ashimira Joe Biden watorewe kuyobora USA, agaragaza ko Zimbabwe yiteguye gukorana n’ubutegetsi bwe, ku bw’inyungu z’abaturage b’ibihugu byombi. Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi biherutse gutangaza ko byagumishijeho ibihano byari byarafatiye Zimbabwe ku butegetsi bwa Robert Mugabe kubera ko itagaragaza ubushake bwo kuzamura urwego rwa demokarasi yayo n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru nibwo abaturage bashyigikiye Perezida Donald Trump bigabije Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika mu gisa n’imyigaragambyo, ubwo abari bayigize bari bateranye ngo bemeze intsinzi ya Joe Biden. Ni igikorwa cyanenzwe na benshi aho bemeje ko kigaragaza ko Donald Trump adashaka gutanga ubutegetsi mu mahoro, mu gihe igihugu ayoboye aricyo cyirirwa gisaba ibindi byo hirya no hino ku Isi kubahiriza amahame ya Demokarasi. Perezida wa Zimbabwe, Emerson Mnangagwa yaneguye Amerika ayibwira ko itari ikwiriye guhana ibindi bihugu ibihora demokarasi kandi nayo itayubahiriza Mu mafoto: Uko byari bifashe muri iyi myigaragambyo ikomeye yageze mu nyubako y’Inteko Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika imitwe yombi yari yiteguye kwemeza intsinzi ya Joe Biden ariko bakwirwa imishwaro abigaragambya babasanze mu Nteko Rwiyemezamirimo wabakoresheje yaburiwe irengero abarimo akabakaba miliyoni 10 none babuze aho babariza, n’iyo bagiye kwishyuza Polisi ibamerera nabi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
USA ntacyo irusha abandi muri demokarasi-Perezida Mnangagwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 8-01-2021 saa 12:09' whatsapp Facebook Nyuma y’aho abaturage muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bashyigikiye Perezida Donald Trump bakoreye imyigaragambyo ku ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, iki gihugu ubu cyabaye iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga abantu bakinenga ibi byahabaye mu gihe kivuga ko ari icya Mbere muri Demokarasi. Preezida Trump yari yahamagariye abamushyigikiye imyigaragambyo bagana nyubako ya Capitol y’Inteko ya Amerika imitwe yombi kugira ngo baburizemo ibikorwa byo kwemeza itorwa rya Perezida uherutse gutsinda amatora Joe Biden. Perezida wa Zimbabwe, Emerson Mnangagwa kuri uyu wa 7 Mutarama 2021, yifatiye ku gahanga Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishije urubuga rwa Twitter, aho yavuze ko mu mwaka ushize, Perezida Trump uyoboye USA yashyiriyeho Zimbabwe ibihano by’ubukungu, iyishinja kurangwa n’ibikorwa bitandukira ihame rya demukarasi. Ahera aha avuga ko iyi myigaragambyo yagaragaje ko USA atari igihugu gifite uburenganzira bwo guhana ikindi gihugu, ati “Ibyabaye ejo byerekana ko US idafite uburenganzira bwo guhana ikindi gihugu, igishinja kutagira demukarasi. Ib bihano bigomba guhagarara.” Perezida Mnangagwa yakomeje ashimira Joe Biden watorewe kuyobora USA, agaragaza ko Zimbabwe yiteguye gukorana n’ubutegetsi bwe, ku bw’inyungu z’abaturage b’ibihugu byombi. Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi biherutse gutangaza ko byagumishijeho ibihano byari byarafatiye Zimbabwe ku butegetsi bwa Robert Mugabe kubera ko itagaragaza ubushake bwo kuzamura urwego rwa demokarasi yayo n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru nibwo abaturage bashyigikiye Perezida Donald Trump bigabije Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika mu gisa n’imyigaragambyo, ubwo abari bayigize bari bateranye ngo bemeze intsinzi ya Joe Biden. Ni igikorwa cyanenzwe na benshi aho bemeje ko kigaragaza ko Donald Trump adashaka gutanga ubutegetsi mu mahoro, mu gihe igihugu ayoboye aricyo cyirirwa gisaba ibindi byo hirya no hino ku Isi kubahiriza amahame ya Demokarasi. Perezida wa Zimbabwe, Emerson Mnangagwa yaneguye Amerika ayibwira ko itari ikwiriye guhana ibindi bihugu ibihora demokarasi kandi nayo itayubahiriza Mu mafoto: Uko byari bifashe muri iyi myigaragambyo ikomeye yageze mu nyubako y’Inteko Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika imitwe yombi yari yiteguye kwemeza intsinzi ya Joe Biden ariko bakwirwa imishwaro abigaragambya babasanze mu Nteko Rwiyemezamirimo wabakoresheje yaburiwe irengero abarimo akabakaba miliyoni 10 none babuze aho babariza, n’iyo bagiye kwishyuza Polisi ibamerera nabi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika