Close MORE NEWS USA: Yapfuye nyuma y’iminsi mike akingiwe Corona UMUBAVU.com Umubavu Kuya 29-01-2021 saa 10:09' whatsapp Facebook Umuhanga mu byerekeye mashine za ‘X-ray’, Tim Zook wo mu gace ka Santa Ana ko muri leta ya California (Leta Zunze Ubumwe za Amerika) yitabye Imana ku wa 28 Mutarama 2021 nyuma y’iminsi mike akingiwe Virusi ya Corona. Umugore w’uyu mugabo, Rochelle, atangaza ko urupfu rw’uyu nyakwigendera rwatewe n’imikorere mibi y’urukingo yahawe mu mubiri we. Akimara gukingirwa, Zook yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook ati: “Nishimiye cyane kuba nakingiwe. Ubu ni ubwirinzi bukomeye kuko nahawe doze ya kabiri ya ‘Pfizer’ kuri uyu wa 5 Mutarama.” Nk’uko ikinyamakuru Global Publishers dukesha iyi nkuru cyabyanditse, uwo mugabo w’imyaka 60 y’amavuko yashyize ifoto y’ukuboko kwe ku mbugua nkoranyambaga yerekana aho yatewe urukingo hamwe n’ikarita y’uko yakingiwe gusa nyuma y’amasaha make atangira kuribwa mu nda no kugira ibibazo byo guhumeka bigoranye. AKimara kugira ibi bibazo, abo bakoranaga bihutiye kumujyana kwa muganga ku bitaro bya South Coast Global Medical Center, ari na ho yaguye. Kuva mu kwezi kwa k’Ukuboza 2020 amamiliyoni y’Abanyamerika yahawe urukingo rwa Virusi ya Corona gusa ni bake cyane izo nkingo zagizeho ingaruka. Kugeza ubu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abarenga miliyoni 26 bamaze kwandura iyi virusi barimo abadera ku bihumbi 444 bamaze guhitanwa na yo. AMERICA YUNZE MURY’UBWONGEREZA ISABA U RDA GUHAGARIKA IBIKORWA BY’IYICARUBOZO,KUBURIRWA IRENGERO... Ibicu Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) -xxxx- Kuya 29-01-2021 Armrest y Ig yyitiekereytyzo Hannoyu INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
USA: Yapfuye nyuma y’iminsi mike akingiwe Corona UMUBAVU.com Umubavu Kuya 29-01-2021 saa 10:09' whatsapp Facebook Umuhanga mu byerekeye mashine za ‘X-ray’, Tim Zook wo mu gace ka Santa Ana ko muri leta ya California (Leta Zunze Ubumwe za Amerika) yitabye Imana ku wa 28 Mutarama 2021 nyuma y’iminsi mike akingiwe Virusi ya Corona. Umugore w’uyu mugabo, Rochelle, atangaza ko urupfu rw’uyu nyakwigendera rwatewe n’imikorere mibi y’urukingo yahawe mu mubiri we. Akimara gukingirwa, Zook yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook ati: “Nishimiye cyane kuba nakingiwe. Ubu ni ubwirinzi bukomeye kuko nahawe doze ya kabiri ya ‘Pfizer’ kuri uyu wa 5 Mutarama.” Nk’uko ikinyamakuru Global Publishers dukesha iyi nkuru cyabyanditse, uwo mugabo w’imyaka 60 y’amavuko yashyize ifoto y’ukuboko kwe ku mbugua nkoranyambaga yerekana aho yatewe urukingo hamwe n’ikarita y’uko yakingiwe gusa nyuma y’amasaha make atangira kuribwa mu nda no kugira ibibazo byo guhumeka bigoranye. AKimara kugira ibi bibazo, abo bakoranaga bihutiye kumujyana kwa muganga ku bitaro bya South Coast Global Medical Center, ari na ho yaguye. Kuva mu kwezi kwa k’Ukuboza 2020 amamiliyoni y’Abanyamerika yahawe urukingo rwa Virusi ya Corona gusa ni bake cyane izo nkingo zagizeho ingaruka. Kugeza ubu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abarenga miliyoni 26 bamaze kwandura iyi virusi barimo abadera ku bihumbi 444 bamaze guhitanwa na yo. AMERICA YUNZE MURY’UBWONGEREZA ISABA U RDA GUHAGARIKA IBIKORWA BY’IYICARUBOZO,KUBURIRWA IRENGERO... Ibicu Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) -xxxx- Kuya 29-01-2021 Armrest y Ig yyitiekereytyzo Hannoyu INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu