Close MORE NEWS USA: Urukiko rwakatiye umugabo gufungwa imyaka 897 yose UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 21-12-2020 saa 07:21' whatsapp Facebook Urukiko rwo muri Sacramento muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu rwakatiye umugabo witwa Roy Charles Waller igifungo cy’imyaka 897 nyuma yo kumuhamya ibyaha bitandukanye byo gufata ku ngufu. Uyu mugabo yahamijwe ibyaha byo gushimuta, gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato, gukorera imibonano mpuzabitsina mu kanwa no mu kibuno ku gahato n’ibindi. CNN yatangaje ko Waller w’imyaka 60 yafatwaga nk’umugabo ruharwa mu gufata ku ngufu ku buryo yari yarazengereje abaturage bo muri California y’Amajyaruguru mu myaka 30 ishize. Urubanza rwe rwari rumaze imyaka icumi. Mu Ugushyingo uyu mwaka nibwo yahamijwe ibyaha 46 yagiye akora mu bihe bitandukanye ku bagore icyenda hagati ya 1991 na 2006. Ubushinjacyaha bwavuze ko Waller yajyaga mu ngo z’abo bagore, akabahambira mbere yo kubafata ku ngufu. Uwo mugabo kandi ngo yashimutaga abo bagore, akabahatira kujya ku byuma ya banki (ATM) kuvanayo amafaranga ngo bayamuhe, ari nako abatwara ibikoresho byabo by’agaciro. Guhiga uwo mugabo byaragoranye cyane kuko ibizamini by’isanomuzi bye (ADN) bitari byarafashwe ngo bibikwe mu bubiko bw’inzego zishinzwe kugenza ibyaha. Abagore icyenda yafashe ku ngufu, abahoze ari abapolisi n’abashinzwe ubugenzacyaha kimwe n’abahanga mu gutahura ibizamini nibo bifashishijwe nk’abatangabuhamya. UBUHAMYA BW’ABA BANTU BUTEYE UBWOBA, IBYO BAVUZE BAKORAGA, BARAHUNGABANA, IBYA BA BATINGANYI BIGEYE HANZE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
USA: Urukiko rwakatiye umugabo gufungwa imyaka 897 yose UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 21-12-2020 saa 07:21' whatsapp Facebook Urukiko rwo muri Sacramento muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Gatanu rwakatiye umugabo witwa Roy Charles Waller igifungo cy’imyaka 897 nyuma yo kumuhamya ibyaha bitandukanye byo gufata ku ngufu. Uyu mugabo yahamijwe ibyaha byo gushimuta, gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato, gukorera imibonano mpuzabitsina mu kanwa no mu kibuno ku gahato n’ibindi. CNN yatangaje ko Waller w’imyaka 60 yafatwaga nk’umugabo ruharwa mu gufata ku ngufu ku buryo yari yarazengereje abaturage bo muri California y’Amajyaruguru mu myaka 30 ishize. Urubanza rwe rwari rumaze imyaka icumi. Mu Ugushyingo uyu mwaka nibwo yahamijwe ibyaha 46 yagiye akora mu bihe bitandukanye ku bagore icyenda hagati ya 1991 na 2006. Ubushinjacyaha bwavuze ko Waller yajyaga mu ngo z’abo bagore, akabahambira mbere yo kubafata ku ngufu. Uwo mugabo kandi ngo yashimutaga abo bagore, akabahatira kujya ku byuma ya banki (ATM) kuvanayo amafaranga ngo bayamuhe, ari nako abatwara ibikoresho byabo by’agaciro. Guhiga uwo mugabo byaragoranye cyane kuko ibizamini by’isanomuzi bye (ADN) bitari byarafashwe ngo bibikwe mu bubiko bw’inzego zishinzwe kugenza ibyaha. Abagore icyenda yafashe ku ngufu, abahoze ari abapolisi n’abashinzwe ubugenzacyaha kimwe n’abahanga mu gutahura ibizamini nibo bifashishijwe nk’abatangabuhamya. UBUHAMYA BW’ABA BANTU BUTEYE UBWOBA, IBYO BAVUZE BAKORAGA, BARAHUNGABANA, IBYA BA BATINGANYI BIGEYE HANZE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika