Close MORE NEWS USA: Umuhanzikazi Lady Gaga amerewe nabi mu bitaro UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 15-09-2017 saa 07:45' whatsapp Facebook Umuhanzikazi w’icyamamare Lady Gaga wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri ubu amerewe nabi aho ari mu bitaro akaba ngo arwaye indwara ituma umuntu yumva aribwa mu mubiri wose izwi nka "fibromyalgia”. Uyu muririmvyi w’indirimbo nka "Bad Romance" akaba yahise ahagarika igitaramo cy’indirimbo zo mu njyana Rock yari kuzagirira i Rio mu gihugu cya Brésil. Yoherereje abakunzi be ubutumwa kuri Instagram agira ati: "Nzabakorera ibishoboka byose ariko ubu ndasabwa kwitwararika kubera umubiri wanjye muri kino gihe utameze neza” Lady Gaga w’imyaka 31y’amavuko hashize igihe avuze ko yafashwe n’indwara yitwa "fibromyalgia" ituma umuntu yumva atamerewe neza umubiri wose. Lady Gaga kandi yateganyaga kujya mu gihugu cy’u Bwongereza mu kwezi kwa cumi. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
USA: Umuhanzikazi Lady Gaga amerewe nabi mu bitaro UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 15-09-2017 saa 07:45' whatsapp Facebook Umuhanzikazi w’icyamamare Lady Gaga wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri ubu amerewe nabi aho ari mu bitaro akaba ngo arwaye indwara ituma umuntu yumva aribwa mu mubiri wose izwi nka "fibromyalgia”. Uyu muririmvyi w’indirimbo nka "Bad Romance" akaba yahise ahagarika igitaramo cy’indirimbo zo mu njyana Rock yari kuzagirira i Rio mu gihugu cya Brésil. Yoherereje abakunzi be ubutumwa kuri Instagram agira ati: "Nzabakorera ibishoboka byose ariko ubu ndasabwa kwitwararika kubera umubiri wanjye muri kino gihe utameze neza” Lady Gaga w’imyaka 31y’amavuko hashize igihe avuze ko yafashwe n’indwara yitwa "fibromyalgia" ituma umuntu yumva atamerewe neza umubiri wose. Lady Gaga kandi yateganyaga kujya mu gihugu cy’u Bwongereza mu kwezi kwa cumi. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu