Close MORE NEWS U Rwanda rwanyomoje amakuru yavugaga ko Perezida Kagame ajya I Bukavu muri DRC UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 8-10-2019 saa 16:18' whatsapp Facebook Mu gihe mu binyamakuru bitandukanye hakwirakwiye amakuru avuga ko Perezida Paul Kagame yagombaga kwitabira inama ireba ubuhinzi I Bukavu muri Republika Iharanira Demokarasi ya Congo, u Rwanda rwanyomoje aya makuru ruvuga ko ayo makuru narwo rwayumvise gutyo ariko atari ukuri. Ibinyamakuru mpuzamahanga birimo BBC byanditse ko umukuru w’igihugu w’u Rwanda yagombaga kwitabira umuhango wo gufungura ku mugaragaro Laboratwari y’ikitegererezo izajya ikorerwamo ibirebana n’ubihinzi i Bukavu muri Kivu y’amajyepfo. Iyi nama yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi, amakuru yavugaga ko ihuriramo ba Perezida Kagame w’u Rwanda, Pierre NKURUNZIZA w’u Burundi na Joseph KABILA wahoze ategeka Congo. Mu kiganiro kigufi kuri Telefone, umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe ubutwererane Amb. Olivier NDUHUNGIREHE, yavuze ko ayo makuru na bo bayabonye ariko atari ukuri nkuko Flash Radio&TV babyanditse. Icyakora uwo muhango witabiriwe na Minisitiri w’Ubuhinzi mu Rwanda. Yagize ati “Ntabwo aza kujya yo, ni Minisitiri w’Ubuhinzi uza kujyayo, ni inama ya Kongo ni ibintu by’ubuhinzi, ni abakuru b’ibibihugu batumiwe ariko ntabwo ari inama igamije guhuza abo bakuru b’ibihugu.” Iyi Laboratwari y’ikitegererezo muri Afurika, ngo izajya itunganyirizwamo ibikomoka ku buhinzi ndetse inakorerwemo imbuto z’indobanure mu rwego rwo guteza imbere ubuhinzi ku mugabane wa Afurika. Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ubutwererane Amb. Olivier NDUHUNGIREHE, yavuze ko ayo makuru atari ukuri @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
U Rwanda rwanyomoje amakuru yavugaga ko Perezida Kagame ajya I Bukavu muri DRC UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 8-10-2019 saa 16:18' whatsapp Facebook Mu gihe mu binyamakuru bitandukanye hakwirakwiye amakuru avuga ko Perezida Paul Kagame yagombaga kwitabira inama ireba ubuhinzi I Bukavu muri Republika Iharanira Demokarasi ya Congo, u Rwanda rwanyomoje aya makuru ruvuga ko ayo makuru narwo rwayumvise gutyo ariko atari ukuri. Ibinyamakuru mpuzamahanga birimo BBC byanditse ko umukuru w’igihugu w’u Rwanda yagombaga kwitabira umuhango wo gufungura ku mugaragaro Laboratwari y’ikitegererezo izajya ikorerwamo ibirebana n’ubihinzi i Bukavu muri Kivu y’amajyepfo. Iyi nama yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi, amakuru yavugaga ko ihuriramo ba Perezida Kagame w’u Rwanda, Pierre NKURUNZIZA w’u Burundi na Joseph KABILA wahoze ategeka Congo. Mu kiganiro kigufi kuri Telefone, umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe ubutwererane Amb. Olivier NDUHUNGIREHE, yavuze ko ayo makuru na bo bayabonye ariko atari ukuri nkuko Flash Radio&TV babyanditse. Icyakora uwo muhango witabiriwe na Minisitiri w’Ubuhinzi mu Rwanda. Yagize ati “Ntabwo aza kujya yo, ni Minisitiri w’Ubuhinzi uza kujyayo, ni inama ya Kongo ni ibintu by’ubuhinzi, ni abakuru b’ibibihugu batumiwe ariko ntabwo ari inama igamije guhuza abo bakuru b’ibihugu.” Iyi Laboratwari y’ikitegererezo muri Afurika, ngo izajya itunganyirizwamo ibikomoka ku buhinzi ndetse inakorerwemo imbuto z’indobanure mu rwego rwo guteza imbere ubuhinzi ku mugabane wa Afurika. Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ubutwererane Amb. Olivier NDUHUNGIREHE, yavuze ko ayo makuru atari ukuri @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika