Close MORE NEWS U Burusiya nabwo bwemeje urukingo rurinda Covid kuri 92% UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 11-11-2020 saa 11:06' whatsapp Facebook Igihugu cy’u Burusiya cyatangaje ko urukingo Sputnik V rurinda umuntu kwandura Covid-19 ku gipimo cya 92% nk’uko byerekanwa n’ibipimo by’agateganyo byavuye mu igerageza. Byatangajwe n’ikigega cya leta gishinzwe iby’imari uyu munsi ku wa Gatatu nk’uko bivugwa n’Ibiro Ntaramakuru Reuters. Ibi byavuye mu cyiciro cya nyuma cy’igerageza ry’urukingo ku bantu bibaye ibya Kabiri ku isi, mu muhate wo gukora urukingo rw’iki cyorezo kimaze kwica abarenga miliyoni 1.2 kikanangiza ubukungu ku isi. Ku wa Mbere, kompanyi ebyiri iyo mu Budage n’iyo muri Amerika ziri gufatanya, zatangaje ibyavuye mu igerageza nk’iri ry’urukingo rwazo, zivuga ko rukingira Covid ku gipimo kirenga 90%. Izi nkingo zose ntiziremezwa n’abashinzwe ubuzima ku isi ko zatangira guterwa abantu ku isi. Mu kwezi kwa Munani u Burusiya ni cyo gihugu cya mbere cyatangaje ko cyageze ku rukingo bise Sputnik V, hakurikiyeho igerageza ku bantu benshi. Ibi byavuye muri iryo gerageza by’agateganyo, bishingiye ku cyiciro cya mbere ku bantu 16,000 bahawe urwo rukingo rwa doze ebyiri nk’uko bivugwa na Russian Direct Investment Fund (RDIF) yateye inkunga ikorwa ryarwo. Iri gerageza ryose riri gukorwa ku bantu 40,000 ahantu hatandukanye mu mujyi wa Moscow nk’uko Reuters ibivuga, 1/4 cyabo bahabwa umuti umeze nk’urwo rukingo (ibizwi nka ’placebo’). Abatewe Sputnik V yabarinze kwandura Covid-19 ku rugero rwa 92% kurusha abatewe umuti umeze nkayo, nk’uko ikigega RDIF kibivuga. Urukingo bise Sputnik V rwakorewe igeragezwa mu Burusiya gusa Menya uko iburanisha ry’urubanza rw’umuyobozi w’UMUBAVU ryagenze, urwa Paul Rusesabagina rwarasubitswe kuko Me Gatera Gashabana ugiye kumwunganira adahari, indaya zo mu Gatsata zirashaka amakarita y’akazi n’andi makuru menshi k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Kigali: Umuyobozi w’Umudugudu yemerewe gutanga uruhushya rwo kujya kwivuza. amakuru Musanze: Abacungagereza batatu n’abandi bantu bari mu kabari batawe muri yombi amakuru Uganda: Urukiko rwategetse abasirikare kuva ku rugo rwa Bobi Wine NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
U Burusiya nabwo bwemeje urukingo rurinda Covid kuri 92% UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 11-11-2020 saa 11:06' whatsapp Facebook Igihugu cy’u Burusiya cyatangaje ko urukingo Sputnik V rurinda umuntu kwandura Covid-19 ku gipimo cya 92% nk’uko byerekanwa n’ibipimo by’agateganyo byavuye mu igerageza. Byatangajwe n’ikigega cya leta gishinzwe iby’imari uyu munsi ku wa Gatatu nk’uko bivugwa n’Ibiro Ntaramakuru Reuters. Ibi byavuye mu cyiciro cya nyuma cy’igerageza ry’urukingo ku bantu bibaye ibya Kabiri ku isi, mu muhate wo gukora urukingo rw’iki cyorezo kimaze kwica abarenga miliyoni 1.2 kikanangiza ubukungu ku isi. Ku wa Mbere, kompanyi ebyiri iyo mu Budage n’iyo muri Amerika ziri gufatanya, zatangaje ibyavuye mu igerageza nk’iri ry’urukingo rwazo, zivuga ko rukingira Covid ku gipimo kirenga 90%. Izi nkingo zose ntiziremezwa n’abashinzwe ubuzima ku isi ko zatangira guterwa abantu ku isi. Mu kwezi kwa Munani u Burusiya ni cyo gihugu cya mbere cyatangaje ko cyageze ku rukingo bise Sputnik V, hakurikiyeho igerageza ku bantu benshi. Ibi byavuye muri iryo gerageza by’agateganyo, bishingiye ku cyiciro cya mbere ku bantu 16,000 bahawe urwo rukingo rwa doze ebyiri nk’uko bivugwa na Russian Direct Investment Fund (RDIF) yateye inkunga ikorwa ryarwo. Iri gerageza ryose riri gukorwa ku bantu 40,000 ahantu hatandukanye mu mujyi wa Moscow nk’uko Reuters ibivuga, 1/4 cyabo bahabwa umuti umeze nk’urwo rukingo (ibizwi nka ’placebo’). Abatewe Sputnik V yabarinze kwandura Covid-19 ku rugero rwa 92% kurusha abatewe umuti umeze nkayo, nk’uko ikigega RDIF kibivuga. Urukingo bise Sputnik V rwakorewe igeragezwa mu Burusiya gusa Menya uko iburanisha ry’urubanza rw’umuyobozi w’UMUBAVU ryagenze, urwa Paul Rusesabagina rwarasubitswe kuko Me Gatera Gashabana ugiye kumwunganira adahari, indaya zo mu Gatsata zirashaka amakarita y’akazi n’andi makuru menshi k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Kigali: Umuyobozi w’Umudugudu yemerewe gutanga uruhushya rwo kujya kwivuza. amakuru Musanze: Abacungagereza batatu n’abandi bantu bari mu kabari batawe muri yombi amakuru Uganda: Urukiko rwategetse abasirikare kuva ku rugo rwa Bobi Wine NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi