Close MORE NEWS Turukiya yirengagije Amerika igura Misile z’u Burusiya UMUBAVU.com umubavu Kuya 12-07-2019 saa 17:27' whatsapp Facebook Turukiya yabonye ibice bya mbere by’ibisasu bya misile bihanura indege byo mu bwoko bwa S-400 biri mu byo yatumije mu Burusiya, nubwo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zari zayihanangirije kukubigura. Minisiteri y’ingabo ya Turukiya itangaza ko uyu munsi ari bwo ibyo bisasu byageze ku kibuga cy’indege cya gisirikare kiri mu murwa mukuru Ankara. Ibi biri burakaze Amerika, yari yaburiye Turukiya ko idashobora gutunga icyarimwe misile zo mu bwoko bwa S-400 ndetse n’indege z’intambara z’Amerika zo mu bwoko bwa F-35, ko igomba guhitamo kimwe. Amerika isanzwe yaramaze guhagarika izo ndege yagomba kugurisha muri Turukiya ndetse ihagarika amahugurwa yo kuzitwara yari guha abapilote bo muri Turukiya, nkuko bivugwa n’umunyamakuru wa BBC Jonathan Marcus ukurikiranira hafi ibya gisirikare. Uyu munyamakuru avuga ko Amerika ifite ubwoba ko Turukiya iramutse ikoresheje ubwo bwirinzi bwa misile bwa S-400 hamwe no kugira izo ndege z’intambara z’Amerika, Abarusiya bashobora kubona amakuru y’ingenzi y’ibiranga izo ndege, bityo Uburusiya bukaba bwanamenya uburyo bwiza bwo kuzitsinda. Turukiya n’Amerika bihuriye mu muryango w’ubwirinzi mu bya gisirikare w’ibihugu by’i Burayi n’Amerika wa OTAN, ariko Turukiya imaze igihe inatsura umubano wa hafi n’Uburusiya. Ubwirinzi bwa misile S-400 ni bwoko ki? Ni bumwe mu bwirinzi bwo guhanura indege bukataje cyane kurusha ubundi ku isi. Uburusiya buvuga ko ubwirinzi bumwe bwa misile buzwi nka S-400 bushobora guhanura indege 80 icyarimwe. Amakuru avuga ko bushobora guhanura indege iri mu ntera igera kuri kilometero 400 uvuye ku butaka. Ubwirinzi bwa misile buhanura indege bwa S-400 ni bumwe mu bukataje cyane ku isi @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru Urukiko rwategetse u Rwanda gusubiza abarimo Kayumba Nyamwasa ‘Passports’ zabo amakuru Abakobwa beza, ihene, amafi mu byo Bobi Wine ari kwifashisha yiyamamariza gusimbura Museveni-Amafoto amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Wa mwana wari kurangiza Kaminuza ku myaka 9 yavuye mu ishuri amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Turukiya yirengagije Amerika igura Misile z’u Burusiya UMUBAVU.com umubavu Kuya 12-07-2019 saa 17:27' whatsapp Facebook Turukiya yabonye ibice bya mbere by’ibisasu bya misile bihanura indege byo mu bwoko bwa S-400 biri mu byo yatumije mu Burusiya, nubwo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zari zayihanangirije kukubigura. Minisiteri y’ingabo ya Turukiya itangaza ko uyu munsi ari bwo ibyo bisasu byageze ku kibuga cy’indege cya gisirikare kiri mu murwa mukuru Ankara. Ibi biri burakaze Amerika, yari yaburiye Turukiya ko idashobora gutunga icyarimwe misile zo mu bwoko bwa S-400 ndetse n’indege z’intambara z’Amerika zo mu bwoko bwa F-35, ko igomba guhitamo kimwe. Amerika isanzwe yaramaze guhagarika izo ndege yagomba kugurisha muri Turukiya ndetse ihagarika amahugurwa yo kuzitwara yari guha abapilote bo muri Turukiya, nkuko bivugwa n’umunyamakuru wa BBC Jonathan Marcus ukurikiranira hafi ibya gisirikare. Uyu munyamakuru avuga ko Amerika ifite ubwoba ko Turukiya iramutse ikoresheje ubwo bwirinzi bwa misile bwa S-400 hamwe no kugira izo ndege z’intambara z’Amerika, Abarusiya bashobora kubona amakuru y’ingenzi y’ibiranga izo ndege, bityo Uburusiya bukaba bwanamenya uburyo bwiza bwo kuzitsinda. Turukiya n’Amerika bihuriye mu muryango w’ubwirinzi mu bya gisirikare w’ibihugu by’i Burayi n’Amerika wa OTAN, ariko Turukiya imaze igihe inatsura umubano wa hafi n’Uburusiya. Ubwirinzi bwa misile S-400 ni bwoko ki? Ni bumwe mu bwirinzi bwo guhanura indege bukataje cyane kurusha ubundi ku isi. Uburusiya buvuga ko ubwirinzi bumwe bwa misile buzwi nka S-400 bushobora guhanura indege 80 icyarimwe. Amakuru avuga ko bushobora guhanura indege iri mu ntera igera kuri kilometero 400 uvuye ku butaka. Ubwirinzi bwa misile buhanura indege bwa S-400 ni bumwe mu bukataje cyane ku isi @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru Urukiko rwategetse u Rwanda gusubiza abarimo Kayumba Nyamwasa ‘Passports’ zabo amakuru Abakobwa beza, ihene, amafi mu byo Bobi Wine ari kwifashisha yiyamamariza gusimbura Museveni-Amafoto amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Wa mwana wari kurangiza Kaminuza ku myaka 9 yavuye mu ishuri amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo