Close MORE NEWS Trump na we ari gutegurirwa umuhango wo kurahirira kuyobora USA UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 21-12-2020 saa 13:59' whatsapp Facebook Abantu barenga 325,000 bari mu batemera ko Joe Biden yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bari gutegura uburyo bazitabira umuhango wo kurahira kwa Donald Trump nk’uwayatsinze. Nk’uko igitangazamakuru The Independent cyabitangaje, aba bantu bamaze kwemeranya ko uyu muhango uzakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga rihuza amashusho, ku rubuga rwa Facebook, ari na ho hari kubera ubukangurambaga buhamagarira abandi kuwitabira. Abari gutegura uyu muhango barimo uwitwa Ilir Chami na Evi Kokalari bivugwa ko yagombaga kuba muri Komite ishinzwe imari muri manda ya kabiri ya Donald Trump, akaba yarakoranye bya hafi n’abadepite bo mu ishyaka ry’aba Repubulikani nka Lee Zeldin na George Santos. Umunsi uyu muhango uzaberaho ni tariki ya 20 Mutarama 2021 ubwo Joe Biden wemejwe nk’uwatsinze amatora, azaba arahira ku mugaragaro. Urubuga Daily Dot rwo ruvuga ko bitazwi niba Donald Trump azaba ari muri uwo muhanga, gusa ngo itsinda ryamufashije kwiyamamaza rishobora kuzaba rihari. Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri USA yabaye tariki ya 3 Ugushyingo 2020. Joe Biden ni we wemejwe ko yayatsinze gusa Donald Trump kugeza ubu ntabwo arabyemera, aho no ku wa 19 Ukuboza 2020 yashimangiriye ku rubuga rwa Twitter ko ngo “ikinyoma cy’umwaka ari ukuvuga ko Joe Biden yatsinze.” UBUHAMYA BW’ABA BANTU BUTEYE UBWOBA, IBYO BAVUZE BAKORAGA, BARAHUNGABANA, IBYA BA BATINGANYI BIGEYE HANZE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Musanze: Abacungagereza batatu n’abandi bantu bari mu kabari batawe muri yombi amakuru Kigali: Umuyobozi w’Umudugudu yemerewe gutanga uruhushya rwo kujya kwivuza. amakuru Uganda: Urukiko rwategetse abasirikare kuva ku rugo rwa Bobi Wine NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Trump na we ari gutegurirwa umuhango wo kurahirira kuyobora USA UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 21-12-2020 saa 13:59' whatsapp Facebook Abantu barenga 325,000 bari mu batemera ko Joe Biden yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bari gutegura uburyo bazitabira umuhango wo kurahira kwa Donald Trump nk’uwayatsinze. Nk’uko igitangazamakuru The Independent cyabitangaje, aba bantu bamaze kwemeranya ko uyu muhango uzakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga rihuza amashusho, ku rubuga rwa Facebook, ari na ho hari kubera ubukangurambaga buhamagarira abandi kuwitabira. Abari gutegura uyu muhango barimo uwitwa Ilir Chami na Evi Kokalari bivugwa ko yagombaga kuba muri Komite ishinzwe imari muri manda ya kabiri ya Donald Trump, akaba yarakoranye bya hafi n’abadepite bo mu ishyaka ry’aba Repubulikani nka Lee Zeldin na George Santos. Umunsi uyu muhango uzaberaho ni tariki ya 20 Mutarama 2021 ubwo Joe Biden wemejwe nk’uwatsinze amatora, azaba arahira ku mugaragaro. Urubuga Daily Dot rwo ruvuga ko bitazwi niba Donald Trump azaba ari muri uwo muhanga, gusa ngo itsinda ryamufashije kwiyamamaza rishobora kuzaba rihari. Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri USA yabaye tariki ya 3 Ugushyingo 2020. Joe Biden ni we wemejwe ko yayatsinze gusa Donald Trump kugeza ubu ntabwo arabyemera, aho no ku wa 19 Ukuboza 2020 yashimangiriye ku rubuga rwa Twitter ko ngo “ikinyoma cy’umwaka ari ukuvuga ko Joe Biden yatsinze.” UBUHAMYA BW’ABA BANTU BUTEYE UBWOBA, IBYO BAVUZE BAKORAGA, BARAHUNGABANA, IBYA BA BATINGANYI BIGEYE HANZE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Musanze: Abacungagereza batatu n’abandi bantu bari mu kabari batawe muri yombi amakuru Kigali: Umuyobozi w’Umudugudu yemerewe gutanga uruhushya rwo kujya kwivuza. amakuru Uganda: Urukiko rwategetse abasirikare kuva ku rugo rwa Bobi Wine NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi