Close MORE NEWS Tanzania yatewe n’abarwanyi amagana bica abaturage UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-10-2020 saa 06:43' whatsapp Facebook Polisi muri Tanzania yemeje ko abantu bitwaje intwaro barenga 300 baturutse muri Mozambique, bateye imihana yo mu majyepfo ya Tanzania bakica abaturage. Nibwo bwa mbere abategetsi ba Tanzania bemeje ku mugaragaro ko hari abarwanyi bavuye muri Mozambique bagatera iki gihugu. Amajyaruguru ya Mozambique yahindutse isibaniro ry’imigumuko y’inyeshyamba z’abahezanguni biyitirira idini ya Islam, imirwano imaze kwicirwamo abantu barenga 1,500. Mu cyumweru gishize, byavuzwe ko iyi mirwano yageze no muri Tanzania, aho ku wa kane hari umubare w’abaturage wishwe, nk’uko ubu byemejwe na polisi ya Tanzania. Simon Sirro ukuriye polisi ya Tanzania yavuze ko "abaterabwoba" 300 bateye umuhana wo mu karere ka Mtwara. Yavuze ko mu bateye harimo n’Abatanzaniya, yongeraho ko bafashwe mbere y’uko babasha guhunga basubira muri Mozambique. Mu itangazo yasohoye yagize ati "Tuzakomeza kubarwanya kugeza ubwo tubasha gusenya ibikorwa byabo." Kuva akarere ka Mtwara katerwa, leta ya Tanzania yari yaranze kugira icyo ibivugaho. Imigumuko muri Mozambique ubu imaze imyaka itatu, leta ya Maputo iracyagowe no guhashya izo nyeshyamba. Turumiwe!!! ABATURAGE BASOHOWE MU NZU ZIRASENYWA N’IBINTU BYOSE BITABWA HANZE N’UWO BISE UMUKIRE NONE BARATABAZA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Kigali: Umuyobozi w’Umudugudu yemerewe gutanga uruhushya rwo kujya kwivuza. amakuru Musanze: Abacungagereza batatu n’abandi bantu bari mu kabari batawe muri yombi amakuru Uganda: Urukiko rwategetse abasirikare kuva ku rugo rwa Bobi Wine NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Tanzania yatewe n’abarwanyi amagana bica abaturage UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-10-2020 saa 06:43' whatsapp Facebook Polisi muri Tanzania yemeje ko abantu bitwaje intwaro barenga 300 baturutse muri Mozambique, bateye imihana yo mu majyepfo ya Tanzania bakica abaturage. Nibwo bwa mbere abategetsi ba Tanzania bemeje ku mugaragaro ko hari abarwanyi bavuye muri Mozambique bagatera iki gihugu. Amajyaruguru ya Mozambique yahindutse isibaniro ry’imigumuko y’inyeshyamba z’abahezanguni biyitirira idini ya Islam, imirwano imaze kwicirwamo abantu barenga 1,500. Mu cyumweru gishize, byavuzwe ko iyi mirwano yageze no muri Tanzania, aho ku wa kane hari umubare w’abaturage wishwe, nk’uko ubu byemejwe na polisi ya Tanzania. Simon Sirro ukuriye polisi ya Tanzania yavuze ko "abaterabwoba" 300 bateye umuhana wo mu karere ka Mtwara. Yavuze ko mu bateye harimo n’Abatanzaniya, yongeraho ko bafashwe mbere y’uko babasha guhunga basubira muri Mozambique. Mu itangazo yasohoye yagize ati "Tuzakomeza kubarwanya kugeza ubwo tubasha gusenya ibikorwa byabo." Kuva akarere ka Mtwara katerwa, leta ya Tanzania yari yaranze kugira icyo ibivugaho. Imigumuko muri Mozambique ubu imaze imyaka itatu, leta ya Maputo iracyagowe no guhashya izo nyeshyamba. Turumiwe!!! ABATURAGE BASOHOWE MU NZU ZIRASENYWA N’IBINTU BYOSE BITABWA HANZE N’UWO BISE UMUKIRE NONE BARATABAZA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Kigali: Umuyobozi w’Umudugudu yemerewe gutanga uruhushya rwo kujya kwivuza. amakuru Musanze: Abacungagereza batatu n’abandi bantu bari mu kabari batawe muri yombi amakuru Uganda: Urukiko rwategetse abasirikare kuva ku rugo rwa Bobi Wine NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi