Close MORE NEWS Tanzania: Hategerejwe umwanzuro w’urukiko ku gihano cy’urupfu cyabaye amateka henshi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-07-2019 saa 11:07' whatsapp Facebook Mu gihe mu bihugu byinshi ku isi birimo n’u Rwanda igihano cy’urupfu cyavanyweho, mu mategeko ya Tanzania haracyarimo ko uhamwe n’ubugambanyi no kwica bihanishwa igihano cy’urupfu. Urubanza rwo guvanaho iki gihano muri Tanzania rwashinzwe na ’Tanzania Legal and Human Rights Centre’ imaze igihe yamagana iki gihano. Mu bihugu 195 bigize Umuryango w’Abibumbye, 55 muri byo biracyatanga igihano cy’urupfu, muri ibi harimo Leta zZnze Ubumwe za Amerika, Botswana, Misiri, Nigeria, Sudani zombi, u Bushinwa n’ibihugu byinshi by’Abarabu na bimwe muri Aziya. Hari ibihugu 28 bigifite iki gihano mu mategeko yabyo ariko biri mu nzira zo kugica, ibyo birimo byinshi byo muri Afurika nka Kongo, Tanzania, Uganda, Kenya, Ethiopia n’ibindi. Hari kandi ibihugu 105 byaciye burundu iki gihano birimo u Burundi n’u Rwanda. Mu 2017 ikigo Amnestie International giharanira uburenganzira bwa muntu cyabaruye amadosiye 2 591 y’abakatiwe igihano cy’urupfu mu bihugu 53. Urukiko muri Tanzania rurafata umwanzuro kuri iki gihano uyu munsi. Kuva cyera cyane kugeza ubu, igihano cy’urupfu cyahawe abantu benshi cyane ku isi baburanishijwe cyangwa bataburanishijwe, abazwi cyane muri bo ni nka; umuhanga muri folozofia w’umuroma Marcus Tullius Cicero, impirimbanyi y’impinduramatwara Ernesto Che Guevara, perezida Saddam Hussein watwaraga Irak ndetse na Yezu/Yesu Christ (ku bemera inkuru ye). Umugabo wo muri Arabia Saoudite anywa isegereti rye rya nyuma mbere yo kumanikwa agapfa ku cyaha cyo kwica yarezwe mu 2013 @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Tanzania: Hategerejwe umwanzuro w’urukiko ku gihano cy’urupfu cyabaye amateka henshi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-07-2019 saa 11:07' whatsapp Facebook Mu gihe mu bihugu byinshi ku isi birimo n’u Rwanda igihano cy’urupfu cyavanyweho, mu mategeko ya Tanzania haracyarimo ko uhamwe n’ubugambanyi no kwica bihanishwa igihano cy’urupfu. Urubanza rwo guvanaho iki gihano muri Tanzania rwashinzwe na ’Tanzania Legal and Human Rights Centre’ imaze igihe yamagana iki gihano. Mu bihugu 195 bigize Umuryango w’Abibumbye, 55 muri byo biracyatanga igihano cy’urupfu, muri ibi harimo Leta zZnze Ubumwe za Amerika, Botswana, Misiri, Nigeria, Sudani zombi, u Bushinwa n’ibihugu byinshi by’Abarabu na bimwe muri Aziya. Hari ibihugu 28 bigifite iki gihano mu mategeko yabyo ariko biri mu nzira zo kugica, ibyo birimo byinshi byo muri Afurika nka Kongo, Tanzania, Uganda, Kenya, Ethiopia n’ibindi. Hari kandi ibihugu 105 byaciye burundu iki gihano birimo u Burundi n’u Rwanda. Mu 2017 ikigo Amnestie International giharanira uburenganzira bwa muntu cyabaruye amadosiye 2 591 y’abakatiwe igihano cy’urupfu mu bihugu 53. Urukiko muri Tanzania rurafata umwanzuro kuri iki gihano uyu munsi. Kuva cyera cyane kugeza ubu, igihano cy’urupfu cyahawe abantu benshi cyane ku isi baburanishijwe cyangwa bataburanishijwe, abazwi cyane muri bo ni nka; umuhanga muri folozofia w’umuroma Marcus Tullius Cicero, impirimbanyi y’impinduramatwara Ernesto Che Guevara, perezida Saddam Hussein watwaraga Irak ndetse na Yezu/Yesu Christ (ku bemera inkuru ye). Umugabo wo muri Arabia Saoudite anywa isegereti rye rya nyuma mbere yo kumanikwa agapfa ku cyaha cyo kwica yarezwe mu 2013 @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo